Tags : BDF

Wa mugabo w’i Kirehe ‘wiyitiriye BDF akambura abaturage’ yafashwe

Amakuru agera ku Umuseke ni uko Iyamuremye ukekwaho kwambura abaturage ababeshya ko akorera ikigo gitanga ubwishingizi ku mishinga y’urubyiruko n’abagore (BDF), bityo akazabafasha kubona inguzanyo yatawe muri yombi. Mu cyumweru gishize twabagejejeho inkuru ivuga ko hari umugabo witwa Iyamuremye Francois Xavier wo mu karere ka Kirehe bivugwa ko yiyitiriye ko akorera BDF akusanya amafaranga million enye […]Irambuye

Kwigisha ikintu kimwe uwiga imyuga byatuma hasohoka abakozi bashoboye –

Mu kiganiro nyunguranabitekerezo ku byakorwa mu guhanga imirimo mu Rwanda cyabereye muri Sena y’u Rwanda, abantu batandukanye batanze ibitekerezo by’icyakorwa kugira ngo haboneke abakozi bashoboye no kuba imirimo yakwiyongera, muri abo Hon. Senateri Bizimana Evariste yavuze ko abiga imyuga bajya bigishwa ikintu kimwe bikabafasha gusohoka mu ishuri bagifitemo ubumenyi buhagije bwabafashwa kugikora neza. Iyi nama […]Irambuye

Ngoma: Abafite ubumuga ngo hashize umwaka bategereje 500 000 Frw

Bamwe mu bafite ubumuga batuye mu mirenge itandukanye yo mu karere ka Ngoma baravuga ko bamaze umwaka amaso yaraheze mu kirere bategereje inkunga y’inguzanyo y’amafaranga ibihumbi 500 Frw bemerewe kugira ngo biteze imbere. Aba bafite ubumuga bo mu mirenge ya Kazo na Murama bavuga ko umwaka ushize bategereje ko aya mafaranga abageraho, bakavuga ko bari […]Irambuye

Muhanga: Ngo abagore bakwiye gutinyuka bagakorana n’ibigo by’imari

Abagore bibumbiye mu makoperative yo mu mirenge 12 igize Akarere ka Muhanga, kuri uyu wa 28 Nzeri bagiranye ibiganiro n’ibigo by’imari, amabanki n’ikigega cy’ingwate mu rwego rwo kubatinyura  kugira ngo basabe inguzanyo bahabwe ingwate ya 75%. Ibi biganiro byahuje bamwe mu bagore bibumbiye mu makoperative, women for women, ubuyobozi bw’Akarere, ibigo by’imali n’amabanki byabereye mu […]Irambuye

Mwarimu yubatse ‘etage’ ifite agaciro ka milioni 400

*Agira inama abandi barimu guhera kuri duke bahembwa Mbaguririki Celestin ni umugabo utuye i Karongi mu Ntara y’Iburengerazuba, yahoze ari umwarimu mu mashuli yisumbuye, ubu arikorera. Yabashije kubaka inzu igeretse, ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda miliyoni 400. Ari umwarimu, avuga ko gukorana n’ibigo by’imali ari byo byatumye agera aho ageze ubu. Avuga ko umushahara wa […]Irambuye

Karongi: Njyanama ya mbere yateranye yasanze hakiri ibibazo mu kwesa

Mu nama ya Njyanama y’ubuyobozi bushya bw’akarere ka Karongi, kuri uyu wa kane tariki 10 Werurwe, umunyamabanga nshingwa bikorwa w’akarere, yerekanye aho imihigo igeze, avuga ko imihigo y’ ubukungu n’imibereho myiza ikiri hasi cyane. Mu bukungu, ikibazo cy’urubyiruko rwavuye Iwawa rudahabwa ibikoresho ku gihe, yavuze ko hari n’urubyiruko ruhabwa ibikoresho rukabirya (rukabigurisha) n’urundi ruvayo rukigendera. […]Irambuye

Ubushomeri mu barangije Kaminuza buterwa n’imyumvire – Min Uwizeye

Kuri uyu wa kane Minisititi w’abakozi ba Leta n’Umurimo Uwizeye Judith yavuze ko ikibazo cy’ubashomeri bungana na  13,5% mu barangije Kaminuza giterwa n’imyumvire iri hasi, Leta ngo igiye gushakira umuti iki kibazo yigisha abarangije Kamiuza ubumenyingiro. Mu Rwanda abarangije Kaminuza, muribo 13,5% nta kazi bafite, ni mu gihe urubyiriruko rushishikarizwa kwihangira imirimo. Minisitiri w’Abakozi ba […]Irambuye

Rwanda: Ibigo by’imari iciriritse byambuwe agera kuri miliyari 10

Kuri uyu wa kabiri mu bushakashatsi bwamuritswe n’ihuriro ry’ibigo by’imari iciriritse mu Rwanda (AMIR) bwagaragaje ko ibigo by’imari iciriritse bimaze kwamburwa amafaranga y’u Rwanda agera kuri miliyari 10 akaba angana na 7%. Aya mafaranga ngo ni abayagurijwe banga kwishyura. Ubu bushakashatsi bwari bushingiye cyane ku mpamvu inguzanyo zihabwa abakorana n’ibi bigo by’imari ntibishyure, aha umukozi […]Irambuye

Bugesera: Ikigega BDF cyaremeye abarokotse Jenoside batishoboye

Mu rwego rwo gukomeza gufata mu mugongo abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ikigega gishinzwe gutanga ingwate ku mishinga iciriritse (Business Development Fund, BDF) ubwo cyakoraga umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 21 ku rwibutso rwa Ntarama, mu karere ka Bugesera, baremeye abacitse ku icumu 22, babaha amatungo magufi kugira ngo akomeze kubafasha kwiyubaka. Abakozi […]Irambuye

Murekezi yaba azita ku buhinzi n'ubworozi nk'uko yabibonaga?

Akiri Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’umurimo, Anastase Murekezi, ubu wagizwe Ministre w”intebe w’u Rwanda yagiranye ikiganiro kirambuye n’umunyamakuru w’Umuseke, ni mu kwezi kwa gatanu uyu mwaka. Iki gihe yabwiye Umuseke  ko ubuhinzi n’ubworozi arirwo rwego rukwiye guhabwa imbaraga kuko rutanga akazi kandi rugatuma n’inganda zirushaho gutera imbere n’imibereho y’abaturage ikazamuka. Muri iki kiganiro yagiranye n’Umuseke […]Irambuye

en_USEnglish