Tags : Ban Ki-moon

Nashimishijwe cyane n’uburyo impunzi zitabwaho mu Rwanda – Jan Eliasson

Umunyamabanga Mukuru wa UN wungirije, Jan Eliasson wasoje uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri mu Rwanda, yavuze ko yashimishijwe cyane n’uburyo impunzi zitabwaho mu Rwanda, asaba ko n’amahanga yose ashyiraho amategeko afasha abimukira n’impunzi kubaho neza. Mu kiganiro kigufi n’abanyamakuru, Jan Eliasson yasobanuye ko uruzinduko rwe mu Rwanda rwari rufite impamvu nyinshi nyuma yo kumara imyaka myinshi […]Irambuye

Perezida Buhari yasabye UN guhuza Leta ye na Boko Haram

Perezida wa Nigeria, Muhammadu Buhari yasabye umuryango w’Abibumbuye kuba umuhuza wa Leta y’iki gihugu ayobora n’umutwe wa Boko Haram bakagirana ibiganiro byo guhagarika intambara imaze imyaka irindwi no kurekura abakobwa 200 washimuse mu ishuri rya Chibok. Perezida Buhari yavuze ko leta ya Nigeria yakwemera gutanga abarwanyi ba Boko Haram bafunzwe n’iki gihugu mu gihe na yo […]Irambuye

Ban Ki-moon yageze i Bujumbura uyu munsi arabonana na Nkurunziza

Kuri gahunda y’uruzinduko rwa Ban Ki-moon i Bujumbura,  gahunda ze hafi ya zose kuva ku mugoroba wo kuwa mbere ubwo yageze i Bujumbura kugeza kuri uyu wa kabiri mu gitondo agiye kubonana na Perezida Nkurunziza arazikorera muri Hotel Club du Lac Tanganyika. Kuri uyu wa kabiri mu gitondo namara kuvugana na Perezida Nkurunziza arahita yurira […]Irambuye

Gusimbura Ban Ki-moon ngo bizakorwa mu mucyo kurushaho

*Bwa mbere, ibihugu byose bigize UN byarandikiwe ngo bitange umukandida Mogens Lykkentoft umuyobozi w’Inteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye yatangaje kuri uyu wa kabiri i Bruxelles ko gushyiraho Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye uzasimbura Ban Ki-moon bizarushaho kunyura mu mucyo na demokarasi kurusha ubushize. Mandat ya kabiri y’imyaka ine ari nayo ya nyuma ya Ban Ki-moon muri UN […]Irambuye

Ban Ki-moon yahamagaye Museveni bavugana ku kibazo cy’i Burundi

Itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa kabiri mu gitondo rivuga ko Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Ban Ki-moon yahamagaye kuwa mbere Perezida Kaguta Museveni, uyoboye ibiganiro byo guhuza abatumvikana i Burundi, akamubwira ko amushyigikiye muri uwo muhate. Perezida Museveni yamaze iminsi ibiri (14-16/07/2015) i Bujumbura agerahegeza guhuza impande zishyamiranye maze asigaho umuhagararira Minisitiri w’Ingabo Dr Crispus […]Irambuye

Kuganira nibyo bitanga umuti urambye w’ibibazo – Kagame

Mu ijambo ryo gufungura inama y’iminsi ibiri ku kurinda abasivili iteranyije ibihugu 30 bigira uruhare mu gutanga ingabo n’abapolisi mu butumwa bwo kubungabunga amahoro, Perezida Paul Kagame yavuze ko kuganira ku bibazo aribyo bitanga ibisubizo birambye mu kuzana amahoro. Iyi nama ivuga ku kubungabunga umutekano w’abaturage b’abasivile (International Conference on the Protection of Civilians), ihuje […]Irambuye

Kirehe: Ubuzima Abarundi babayemo mu nkambi ya Mahama

Ni 7 287 bari mu nkambi ya Mahama kuva ku gicamunsi cyo ku wa gatatu tariki 29 Mata, nimugoroba ubwo twavaga kubasura imodoka zatundaga abandi 1 001 bavuye mu nkambi y’agateganyo mu karere ka Bugesera n’abandi 875 bavuye mu karere ka Nyanza, bose hamwe baragera ku 9 000 mu nkambi ya Mahama hafi y’umugezi w’Akagera. Aba […]Irambuye

I Kigali, Ban Ki-moon arashimira Kagame aho agejeje u Rwanda

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye wageze i Kigali kuri uyu wa 06 Mata, yahise agirana ikiganiro na Perezida Kagame, nyuma y’iki kiganiro cyabereye ku biro by’umukuru w’igihugu ku Kacyiru, Ban Ki-moon yatangaje ko ashimira aho Perezida Kagame agejeje u Rwanda mu iterambere. Ibiganiro by’aba bagabo bombi ntabwo biratangazwa icyo byibanzeho, Umuryango w’Abibumbye n’u Rwanda ntabwo byakomeje […]Irambuye

en_USEnglish