Tags : Amatora

I Nyaruguru biteguye kwakira Kagame ukomeje kwiyamamaza mu Majyepfo

Ku isaha ya saa 8h00, abaturage ba Nyaruguru bamaze kugera kuri site iri ahazwi cyane nka Ryabidandi, mu murenge wa Nyagisozi. Barararirimba indirimbo zisingiza ibikorwa by’ubutwari bya Perezida Kagame Paul. Nyuma yo kugera mu karere ka Ruhango na Nyanza ku wa gatanu aho yatangiriye ibikorwa byo kwiyamamaza, Kagame Paul umukandida wa RPF-Inkotanyi arakomereza ibi bikorwa […]Irambuye

P. Kagame yasabye abayobozi kwegera abaturage kurushaho mu gihe cy’amatora

Perezida Paul Kagame yakira indahiro z’Umuvunyi Mukuru wungirije ushinzwe kurwanya Ruswa n’Akarengane, Yankurije Odette na Hon Depite Niyitegeka Winfred wasimbuye nyakwigendera Depite Mukayisenga Francoise witabye Imana tariki 11 Kamena 2017, yasabye abayobozi gukorana kandi bakarushaho kwegera abaturage muri ibi bihe by’amatora u Rwanda rujyamo. Uyu muhango wa baye kuri uyu wa gatanu, Perezida Kagame yavuze […]Irambuye

Abakandida bemejwe by’AGATEGANYO ni babiri gusa, Kagame na Habineza

Komisiyo y’igihugu y’amatora imaze gutangaza kuri uyu mugoroba ko Abakandida babiri aribo bemejwe by’agateganyo nk’abujuje ibisabwa bibemerera kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu. Abo ni Paul Kagame watanzwe na FPR-Inkotanyi na Frank Habineza wa Democratic Green Party of Rwanda. Abandi bari batanze ibyangombwa bifuza kwiyamamaza bose ngo ntabwo babyujuje neza. Gusa bafite kugeza tariki 06 Nyakanga kuba […]Irambuye

Gutora Perezida ni ngombwa kuko bifitiye akamaro nyir’ugutora

Ku matariki ya 03 na 04 Kanama 2017, Abanyarwanda baba mu mahanga no mu Rwanda bazatora Perezida wa Repubulika ku nshuro ya gatatu, nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi  yo mu 1994. Nubwo benshi batoye muribyo bihe, ariko si benshi bazi impamvu n’akamaro ko gutora. Impuguke Dr  Kayumba Christophe yabwiye Umeseke impamvu buri Munyarwanda ugejeje imyaka […]Irambuye

Diane Rwigara yatanze ibyangombwa asabwa….ngo yizeye gutsinda amatora

*Ibyangombwa byose yari abyujuje *Yari aherekejwe na nyina *Yaretse ubwenegihugu bw’Ububiligi nk’uko bisabwa n’itegeko Kimihurura – Saa cyenda z’amanywa kuri uyu wa kabiri, Diane Rwigara yari ageze kuri Komisiyo y’amatora azanye ibyangombwa bisabwa abifuza kuba abakandida ku mwanya w’umukuru w’igihugu mu matora yo mukwa munani. Yakiriwe na Perezida wa Komisiyo y’amatora n’abakomiseri batatu. Diane yari […]Irambuye

F. Habineza atanze ibisabwa ngo abe Kandida. Ngo yizeye gutsinda

*Frank Habineza nta karita y’itora afite *Yaretse ubwenegihugu bwa Suede ngo abashe kwiyamamaza Kimihurura – Saa yine n’igice muri iki gitondo yari ageze kuri Komisiyo y’amatora azanye inzandiko z’ibisabwa ngo yemererwe kuba Umukandida woherejwe n’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda (DGPR). Bimaze kwakirwa yatangaje ko yumva afite ikizere kingana na 51% cyo gutsinda amatora y’umukuru […]Irambuye

Senegal: Abdoulaye Wade yagarutse muri Politiki

Yaherukaga kuvugwa muri Politili muri 2012 ubwo yatsindwaga amatora y’Umukuru w’igihugu muri Senegal icyo gihe akaba yarasimbuwe na Macky Sall. Abdoulaye Wade ufite imyaka 91 y’amavuko ubu yagarutse muri Politiki ariyamamariza kujya mu Nteko ishinga amategeko.  Hari abavuga ko niyo yatorwa nta kintu bizahindura kuri Politiki ya Senegal kuko ngo ishyaka rye Parti Democratique Sénégalais […]Irambuye

Rulindo: Abafite ubumuga barasaba gukurirwaho inzitizi zatuma batitabira amatora

Mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa kuri 73 ngo Abanyarwanda binjire mu gikorwa cy’amatora ya Perezida azaba tariki 4 Kanama 2017, abamugaye barasa ko Leta yabafasha gukurirwaho icyazagaragara nk’inzitizi zatuma batitabira amatora. Umuyobozi uhagarariye abafite ubumuga ku rwego rw’Umurenge wa Base mu kakarere ka Rulindo, Musanabera Fortunee ubwo twaganiraga yaragaragaje impungenge zikiriho ku bafite ubumuga zishobora […]Irambuye

Rulindo: Abagore biyemeje kudasigara inyuma mu bazatora Perezida

*Prof Mbanda ngo no mu Rwanda bikwiye ko abagore bazima ‘care’ abagabo batitabira amatora. *Abagore ngo biteguye gutora uzabagirira akamaro nta muntu ubabwiriza ngo tora uyu. Mu kiganiro Umuseke wagiranye n’abagore bacururiza  mu isoko ryo mu Gasiza riri mu Karere ka Rulindo bavuze ko batazasigara inyuma mu kwitabira amatora ya Perezida azaba tariki 3-4 Kanama,  […]Irambuye

en_USEnglish