Tags : Abanyarwanda

Igikomangoma Rwigemera cyamaganye iyimikwa rya Yuhi VI Bushayija

Igikomangoma Gerald  Rwigemera ukomoka kuri mukuru wa Mutara Rudahigwa witwaga Etienne Rwigemera yavuze ko adashyigikiye iyimikwa rya Bushayija wiswe Yuhi VI. Ngo uwamwimitse yabikoze ku nyungu ze, ntabwo ari Umwami w’Abanyarwanda. Gerard Rwigemera yatangarijwe ijwi rya Amerika ati: “Ibyo bintu bajya kubikora umuntu witwa Benzinge tukiva mu rukiko naramubwiye nti reka twicare ahantu turebe nk’umukuru […]Irambuye

Abanyarwanda 5 bakinnye Afro-Basket U18 bagiye kwiga muri USA

U Rwanda rwarangirije ku mwanya wa gatanu muri ‘FIBA Africa Under 18 Championship’ iherutse kubera mu Rwanda. Byahaye amahirwe abakinnyi batanu b’u Rwanda bitwaye neza kuko babonewe amashuri muri USA bazakomerezamo amasomo, bagakomeza no kwagura impano yabo yo gukina Basketball. Kuri iki cyumweru tariki 31 Nyakanga 2016, nibwo hasojwe igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 18 […]Irambuye

“Jenoside ni uguhakana Imana, ni ukwica Imana” – Padiri Consolateur

Mu mpera z’icyumweru dusoje, ubwo yagezaga ijambo ku bakozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwihutisha iterambere (RDB) bari mu muhango wo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, Padiri Innocent Consolateur yagarutse ku bukana bwa Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse n’ingaruka zayo ku gihugu. Padiri Innocent Consolateur hejuru yo kuba umushumba muri Kiliziya Gatorika, ni na Komiseri muri Komisiyo y’Ubumwe […]Irambuye

Ni iki Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 13 isigiye Abanyarwanda ?

Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 13 yari imaze iminsi ibiri, ihuza abayobozi mu nzego zinyuranye z’igihugu, ba rwiyemeza mirimo n’abanyarwanda baba mu Rwanda no mu mahanga muri rusange isize igihugu cyihaye inshingano zirimo izo gushyiraho icyerekezo 2050, gukemura ibibazo by’inguzanyo zihabwa abanyeshuri muri Kaminuza, gukemura ikibazo cy’imihanda ihuza uturere n’ibindi. Umunsi wa mbere w’iyi nama waranzwe […]Irambuye

Icyegeranyo: Abanyarwanda 48 mu 100 ntibazi akamaro k’Inteko

Mu cyumweru gishize umuyobozi w’umutwe wa Sena mu Rwanda Dr Jean Damascène Ntawukuriryayo yavuze ko abanyarwanda bataramenya akamaro k’Inteko ishinga amategeko. Kuva kuwa kane w’icyumweru gishize Umuseke wabajije ikibazo kimwe abanyarwanda 100 b’ingeri zitandukanye b’ahantu hatandukanye; “Uzi akamaro k’Inteko Ishinga Amategeko?”. Abantu 48 ntabwo bazi akamaro kayo, 31 bavuga akamaro kayo bazi, 21 ntacyo bashatse kuvuga. […]Irambuye

Rubavu: Abanyecongo bafite impungenge ko n’u Rwanda rwabaka Visa

Ubuyobozi bwa Kivu y’Amajyaruguru buherutse kuvuga ko kuva tariki 15 Nyakanga 2014 Abanyarwanda batazongera kwinjira muri Congo batishyuye Visa, ni nyuma y’uko umwanzuro nk’uyu bawushyize mu bikorwa ariko igitutu cya hato na hato kigatuma bisubiraho. Uyu mwanzuro bakomeje gutsimbararaho ariko ubu ngo watangiye guhangayikisha bamwe mu banyecongo bakora ubucuruzi buciriritse hagati y’imijyi ya Rubavu na […]Irambuye

KWIBOHORA k’u Rwanda mu mibare 20 ivuga

Nyakanga 1994, Nyakanga 2014. Imyaka 20 irashize, uwavutse muri icyo gihe Abanyarwanda bari mu marira n’imiborogo kubera Jenoside yari imaze iminsi 100 ikorerwa Abatutsi ubu ari muri Kaminuza. Isura y’igihugu yarahindutse bigaragarira buri wese, umwenegihugu cyangwa umunyamahanga.  U Rwanda rwa 1994 rwari mu mwijima ubu rwabonye umucyo, icumu ryarunamuwe Abanyarwanda bongera guhumeka amahoro. Inzira iracyari […]Irambuye

Zimwe mu mvugo zikunze gukoreshwa ku muntu wapfuye

Abanyarwanda bavuga ko nta muntu uzatura nk’umusozi. Bivuga ko hari igihe kizagera buri wese azapfa. Abemera Imana bo bongeraho ko urupfu ari umuryango ugana ku mana, ari nayo mpamvu iyo umuntu yapfuye bavuga ko yayitabye. Mu rwego rwo kubaha umuntu wapfuye, Abanyarwanda hari imvugo bakoresha zidatesha agaciro nyakwigendera, ndetse ntizinasesereze n’abasigaye. Zimwe muri izo mvugo […]Irambuye

en_USEnglish