*Uyu munsi turareba ku Ubucuruzi, Inganda n’Ubukerarugendo Muri Manda ya kabiri, Perezida Paul Kagame hari ibyo yemereye Abanyarwanda ko azabagezaho mu myaka irindwi, bikubiye mu cyiswe “Gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi”. Raporo “Detailed Progress Report of the 7YGP (2010-2017) – Economic cluster” yo ku 25 Kanama 2016 ya Minisiteri y’Imari n’igenamigambi (MINECOFIN) igaragaza ko muri […]Irambuye
*Bafite uruganda rutunganya Akawunga n’Ubukonjesherezo bw’imyaka *Bahawe amahugurwa ngo azabafasha kwiteza imbere. Musanze – Abagore bo mu Murenge wa Muko, bishimira ko ubu imiryango yabo itakirangwamo amakimbirane ya hato na hato nk’uko byari bimeze mu myaka itatu ishize, kuko ngo akenshi yaterwaga n’ubukene bwari bubugarije ariko bakaba barabashije kubuhashya mungo zabo. Ubu ni ubuhamya bwatanzwe […]Irambuye
*Ibikorwa bisanzwe bya Leta n’imishahara y’abakozi ba Leta byagenewe 54% *Ibikorwa by’iterambere n’ishoramari bigenerwa 44.4% gusa *Urwego rwo gutwara abantu n’ibintu n’uburezi byombi byihariye 53.3% by’amafaranga agenewe ibikorwa by’iterambere. Kuri uyu wa 08 Kamena, Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Amb. Claver Gatete yamurikiye Inteko ishinga amategeko na Sena uko ingengo y’imari ya 2017/18 iteye, ndetse n’ibikorwa Guverinoma […]Irambuye
*Ababahinzi ngo ntibazanira umusaruro wabo inganda *Guhuza ubutaka ngo ni intangiriro y’igisubizo *Ikibazo cy’imyeenda mu ruganda rwa Kinazi ngo kigiye gukemuka *Ifiriti y’uruganda rwa Nyabihu yo ngo irahenze Mu kiganiro Francois Kanimba Minisitiri w’Ubucuruzi, Inganda n’imirimo y’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba yagiranye n’Abadepite asubiza ibibazo basanze mu kugurisha umusaruro ukomoka ku buhinzi n’umukamo w’amata, yavuze ko […]Irambuye
*Ikaragiro rya Giheke muri Rusizi ryaruzuye basanga batumije imashini zishaje cyane Minisitiri w’Ubucuruzi, Inganda n’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba, Francois Kanimba avuga ko mu Rwanda amakusanyirizo n’amakaragiro y’amata byahuye n’ibibazo bikomeye by’imicungire mibi y’amakoperative, ubushobozi buke mu bijyanye n’amafaranga ariko ngo Leta yafashe ingamba zo kubyegurira abikorera. Ubwo yatangaga ibisubizo mu magambo ku bibazo byabajijwe n’Abadepite […]Irambuye
Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye mu biro by’Umukuru w’Igihugu kuri uyu wa 06 Kamena yemeje umushinga w’itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2017-2018 ingana na miliyari 2 094 910 480 545 Frw. Mu itangazo ryashyizweho umukono na Ministiri Ushinzwe Imirimo y’Inama y’Abaminisitiri, Stella Ford Mugabo rivuga ko iyi nama yari iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Anastase […]Irambuye
*Hari abatarabyumva n’ubu *Umusaruro w’ubuhinzi ngo wikubya kane * Hari aho bidakunda kubera imiterere y’u Rwanda Gahunda y’imbaturabukungu mu by’ubuhinzi ya 2007 yasabye abahinzi mu Rwanda guhuza ubutaka no guhinga igihingwa kimwe ahagenwe ngo byongere umusaruro wabo. Ni gahunda itarahise yakirwa kuko abantu bari bamenyereye buri wese kwimenyera ahe akahahinga uko ashaka. Umusaruro w’iyi gahunda […]Irambuye
*Izi ngurube zimwinjiriza miliyoni ebyiri buri kwezi, *Anafite urutoki kuri hegitari 12…Igitoki kimwe gipima 80Kg,… Ngirumugenga Jeane Mari Pierre wahoze ari umukozi wa Leta mu buyobozi bw’akarere ka Rwamagana akaza kubihagarika akajya mu mwuga w’Ubuhinzi n’ubworozi ubu ni Umuhinzi-Mworozi wabigize umwuga woroye ingurube zirenga 700 zifite agaciro ka Miliyoni 80 akaba afite n’urutoki ruhinze kuri […]Irambuye
Kuri iki cyumweru, Banki y’Isi yasohoye raporo nshya irimo ibipimo bishya by’uko ibona ubukungu bw’isi buzaba buhagaze muri uyu mwaka n’imyaka ibiri iri imbere, ubukungu bw’u Rwanda ngo buzakomeza kuzamuka. Iyi raporo yitwa “Global Economic Prospects” iravuga ko ubukungu bwa Africa yo munsi y’ubutayu bwa Sahara buri kubyutsa umutwe bubifashijwemo n’ibiciro biri kongera kuzamuka ku […]Irambuye
Ishyirahamwe ry’Amakoperative yo muri Canada (Canadian Co-operative Association) rishoje imirimo yaryo ryubatse inganda eshatu zitunganya igihingwa cy’umuceri n’ibigori n’ubuhunikiro 14 n’ubwanikiro 41. Mu muhango wo gusoza ibikorwa by’Ibyishyirahamwe ry’Amakoperative yo muri Canada ryakoreraga mu Rwanda cyane cyane mu turere dutanu two mu Ntara y’Amajyepfo, — USENGIMANA Emmanuel Umuhuzabikorwa waryo yavuze ko hari inganda eshatu zitunganya […]Irambuye