Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru, abakobwa icyenda (9) basezerewe 15 barakomeza muri 24 bari bahagarariye Intara n’Umujyi wa Kigali bifuzaga kuvamo umwe uba Miss Rwanda 2016. Bamwe mu bakomeje harimo abagaragarijwe ko bashyigikiwe cyane nka Sheriffa Umuhoza na Jolly Mutesi bafite abafana benshi. Abahatana 24 babazwaga ibibazo bitandukanye 24 basubiza mu Kinyarwanda n’ikibazo kimwe […]Irambuye
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu, amagana y’Abarundi yashotse mu mihanda mu mujyi wa Bujumbura n’ahandi mu myigaragambyo itunguranye yateguwe na Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ngo igamije gushyigikira amahoro. Abigaragambya bagaragaye kandi imbere ya Ambasade y’u Rwanda, aho bumvikanye bavuga amagambo mabi atuka igihugu gituranyi u Rwanda. Iyi myigaragambyo ngo izajya iba mu makomini yose […]Irambuye
*Ngo ibyo yasebyaga Leta yabivugiraga mu ruriro mu mbaga y’abasirikare akuriye, *Ku rupfu rwa Sengati, ngo Col Tom yabajije abandi basirikare bakomeye ngo “Muzunamura icumu ryari?” *Karegeya yicirwa muri Afurika y’Epfo, ngo Col Tom yagize ati “Karegeya na we muramwivuganye?” *Umutangabuhamya avuga ko Col Tom yagaye umwe mu basirikare bakomeye kuba yitabira kuri sonnerie y’ijambo […]Irambuye
*Umwana yavukiye mu bitaro bya Gitwe ku wa gatatu w’iki cyumweru, *Elene na Eliphaz ubukwe bwabo bwaravuzwe mu 2014 ubwo bwabaga *Gusa ntabwo ibyishimo byatinze cyane kuko hashize amezi atandatu batabana Mu kwezi k’Ukuboza 2014, i Gitwe hatashye ubukwe bwatangaje benshi bwa Murekeyisoni Elene na Eliphaz basezeranye kuzabana ubuziraherezo imbere y’Imana. Ibyishimo byabo ntibyamaze kabiri […]Irambuye
Mu itangazo ryatangajwe na Guverinoma y’u Rwanda, riravuga ko ubu yatangiye kuvugana n’abafatanyabikorwa n’ibindi bihugu mu kureba uko impunzi z’Abarundi ziri mu Rwanda zakwimurirwa mu kindi gihugu. Hashize iminsi Leta y’u Burundi n’imwe mu miryango mpuzamahanga bishinja u Rwanda gufasha impunzi z’Abarundi zishaka gutera u Burundi. Ibirego Leta y’u Rwanda yahakanye ivuga ko nta nyungu […]Irambuye
Kayonza – Ibitaro bya Gahini byafunguye kumugaragaro mu 1927, hari hashize igihe gito hatangirwa serivisi z’ubuzima ku banyarwanda. Ibi nibyo bitaro kandi Umwami Mutara III Rudahigwa n’Umwamikazi Rozalia Gicanda bavaga i Mwima bakaza kwivuza. Ubu ibi bitaro biritegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 90. Ibi bitaro byubatswe n’itorero ry’Abangilikani(itorero ry’ububyutse) mu Rwanda, nibyo bya mbere byari byubatse […]Irambuye
*Ingingo zavugaga ku buraya zavuye mu gitabo mpanabyaha cy’u Rwanda, *Umuntu uzaca inyuma uwo bashakanye ntazahanwa, ahubwo ashobora kwaka gatanya mu buryo bwa civil, Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane tariki 11 Gashyantare, Komisiyo y’igihugu yo kuvugurura amategeko (Rwanda Law Reform Commission, RLRC), yavuze bimwe mu byaha byakuwe mu gitabo mpanabyaha kirimo kivugururwa, muri […]Irambuye
Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere imyubakire mu Rwanda kivuga ko mu cyaro cy’u Rwanda hari ingo ibihumbi 360 zituye nabi, n’izindi ibihumbi 10 zituye ku manegeka, aba bose kandi ngo bagomba kuba batujwe neza bitarenze umwaka wa 2018. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane cyibanze cyane cyane ku myubakire n’imiturire mu mijyi n’ibyaro by’u […]Irambuye
* Iyo habaye kutumvikana kw’ibihugu turengera inyungu z’igihugu cyacu – Mushikiwabo *Ngo hari abibaza ko gukurikirana inyungu z’igihugu ari ikosa cg amahane * Ba Ambasaderi babanza kuganirizwa ko bashinzwe gushakira inyungu u Rwanda * Mu bubanyi n’amahanga ngo bitaye no gukomeza agaciro k’umunyarwanda mu bandi batuye isi Mu byo yabwiye Sena kuwa kabiri avuga ku […]Irambuye
Kuri uyu wa gatatu ku bitaro bya Gahini i Kayonza hakoreye itsinda ry’Abaganga b’inzobere bo mu Bwongereza naho kubya Rwamagana hakorera itsinda ry’Abadage. Bose ni inzobere mu kubaga indwara z’ubusembwa bw’uruhu n’indwara z’amara, bakanasiga ubumenyi bw’ibanze ku baganga basanze. Mu babazwe higanjemo abana n’abagabo bafite ibibazo by’amara asohokera mu mwanya utari uwayo (hernie) nk’iromba no […]Irambuye