Mu murenge wa Rwaniro mu karere ka Huye ubwo kuri iki cyumweru bibukaga Jenoside yakorewe Abatutsi hakanashyingurwa mu cyubahiro imibiri 34 yabonetse, Perezida wa Sena Bernard Makuza yatangaje ko Jenoside mu cyahoze ari Perefegitura ya Butare yari ifite umwihariko, bityo aha muri Huye hakwiye koko urwibutso rwihariye rw’amateka yahabaye. Hon Berinard Makuza yavuze ko Abanyarwanda […]Irambuye
Nyuma yo kwegukana ‘Race to remember’, Patrick Byukusenge yakoze impanuka, izatuma adakina irushanwa mpuzamahanga ‘Vuelta a Colombia’ nk’uko byemezwa n’abo mu ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare. Kuri uyu wa gatandatu hakinwe isiganwa rigamije kwibuka abazize Jenoside 1994 muri Rwanda Cycling Cup ryiswe ‘Race to Remember, ryavaga i Nemba ku mupaka w’u Burundi, riza i […]Irambuye
Kuri iki cyumweru ikipe y’igihugu ya Basketball y’abatarengeje imyaka 18 igiye kwitoreza muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Moise Mutokambali n’abasore be baragana muri Leta ya Arizona, mu mujyi wa Tucson mu myitozo izamara iminsi icumi. Nkuko Umuseke wabitangarijwe n’umutoza mukuru w’iyi kipe, iyi myitozo izakorwa hagamijwe kwitegura igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 18, “FIBA Men’s […]Irambuye
Dr Diane Gashumba Minisitiri w’umuryango n’iterambere avuga ko bibabaje kuba abana 1 104 bakiri mu bigo by’impubyi, aba bana nabo ngo bakeneye kurererwa mu miryango aho babona uburere bukwiye Minisitiri akavuga ko nibura mu tugari 2 148 tw’u Rwanda urugo rumwe muri buri kagari rwakiriye umwana umwe aba bana bose barererwa mu miryango. Minsitiri Dr […]Irambuye
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, Urugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru rutesheje agaciro gusubirishamo urubanza byari byarakozwe na Francois Twahirwa wigeze guhamwa n’ibyaha bya Jenoside yakoreye ahahoze ari muri Komini Sake , uru rukiko rwanzuye ko uyu mugabo ahabwa igihano cyo gufungwa burundu cyasimbuye icy’urupfu yari yarakatiwe n’Urukiko rwisumbuye rwa Kibungo. Twahirwa wari ukurikiranyweho kugira […]Irambuye
Kuri uyu wa gatanu Copa Coca Cola yatangije ku mugaragaro ku nshuro yayo ya 8 Amarushanwa y’umupira w’amaguru ahuza abanyeshuri biga mu bigo bitandukanye mu gihugu cyose arimo abahungu n’abakobwa bafite imyaka iri munsi ya 17. Aya ni amarushwanwa ategurwa na BRALIRWA ikora Coca Cola mu Rwanda. Heritier Ahishakiye ukina mu ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru […]Irambuye
*Avuga ko ishyaka rye ntawe riheza, ngo ririmo bose, ati “Ni indorerwamo y’igihugu cyose” *Ngo ‘Green Party’ ntishobora gukorana n’imitwe ishyigikiye/ihembera ingengabitekerezo ya Jenoside Umuyobozi w’ishyakariharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda, Dr Frank Habineza avuga ko yishimira kuba gahunda ya ‘Ndi Umunyarwanda’ yarahinduye isura kuko uko yatangiye ishyirwa mu bikorwa yumvikanagamo kugereka ibyaha ku […]Irambuye
Umunyarwanda wa mbere ubu yinjiye mu gitabo cy’abafite imihigo ku rwego rw’isi, Guinness World Records, amaze amasaha 51 atera agapira ka Cricket bamwoherejeho. Yabitangiye kuwa gatatu mu gitondo agejeje uyu munsi saa tanu z’amanywa. Minisitiri Julienne Uwacu yabwiye Umuseke ko uyu mugabo bazamuha agahimbazamusyi nk’undi mukinnyi wese wahesheje ishema igihugu cye. Stade nto byagiye kurangira […]Irambuye
Amakuru yemezwa n’ikigo cy’igihugu gishinzwe kwihutisha iterambere RDB ishami ry’ubukerarugendo ni uko imwe mu ntare ziheruka kuzanwa mu Rwanda iherutse kubwagura ibibwana bitatu ndetse amafoto ya kimwe muri byo yagaragaye. Hari hashize imyaka hafi 20 nta ntare ivuka mu Rwanda. Iyi ntare yabwaguye mu byumweru bitandatu bishize nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bwa Pariki y’Akagera. Ibi bibwana […]Irambuye
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA ryemeje muri iki gitondo ko ikipe y’igihugu Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 yabashije gukomeza mu majonjora y’igikombe cya Africa nyuma y’umwanzuro wa CAF ku kirego u Rwanda rwari rwatanze rurega Uganda. FERWAFA yari yareze Uganda Hippos (yasezereye Amavubi U20 ku bitego 3 – 2 mu mikino yombi) ko yakinishije umukinnyi […]Irambuye