Icyo Knowless avuga ku ijambo Diamond yavuze ku bahanzi nyarwanda

Ubwo Diamond, icyamamare muri muzika mu karere aheruka mu Rwanda yavuze ko abona abanyamuzika bo mu Rwanda batazi neza icyo bashaka kuko muzika yabo batayisohora hanze y’u Rwanda. Ibi byafashwe n’abanyamuzika benshi nk’urucantege, Jay Polly ni umwe mu bamaganye iri jambo mu ruhame. Butera Knowless we yabwiye Umuseke ko Diamond yari afite impamvu ze yavuze […]Irambuye

Birla Africa World Academy/Rwanda riratangira i Kigali muri Mutarama 2015

Umuryango w’Abahinde Birla Trust, urahamagarira Abanyarwanda n’abandi bose gutangira kwandikisha abana babo mu Ishuri Birla Africa World Academy/Rwanda rizafungura imiryango i Kigali tariki 26 Mutarama 2015, iki kigo kikaba gitanga amasomo yo ku rwego mpuzamahanga ku bana binshuke n’abiga mu mashuri abanza. Birla Africa World Academy/Rwanda rizajya rikorera ahateganye na Camellia Tea House mu mujyi […]Irambuye

Urukiko RWANZE IKIFUZO cya Mugesera cyo gutangira urubanza bushya

Leon Mugesera ukurikiranyweho ibyaha bishingiye ku ijambo yavugiye ku Kabaya mu 1992, ubushinjacyaha buvuga ko ryahamagariraga Abahutu kwica Abatutsi, kuri uyu 07 Mutarama 2015 mu iburanisha yagiranye impaka zikomeye n’Ubushinjacyaha ku busabe bwe bw’uko urubanza rwe rwasubukurwa bushya. Ubushinjacyaha bumunenga kuba yifuza gukomeza gutinza uru rubanza rumaze imyaka ibiri ubu.Nyuma y’impaka ndende muri iki gitondo, Urukiko rwiherereye […]Irambuye

Gatsibo: Abagore b’i Nyagahinga baritunze binyuze mu kubumba amatafari

Abagore bakora imirimo yo kubumba amatafari mu kagali ka Nyagitabire, umurenge wa Nyagihanga akarere ka Gatsibo, mu Ntara y’Uburasirazuba baremeza ko umwuga bakora ubafitiye akamaro, bakanenga cyane abirirwa bicaye mu ngo zabo bitwaje ko ngo ari abagore, nk’uko babitangarije mu kiganiro bagiranye n’Umuseke aho bakorera. Aba bagore bavuga ko ngo nubwo bishimira umurimo bakora ariko […]Irambuye

Rusizi: Mayor Nzeyimana yatawe muri yombi

Amakuru dukesha Radio Rwanda aravuga ko mu masaha y’ejo  ku gicamunsi, Umuyobozi w’Akarere ka Rusizi Nzeyimana Oscar yafashwe na Polisi ubu akaba afungiye kuri Station ya Polisi i Kamembe . Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi wa Police y’u Rwanda CSP Twahirwa Celestin wavuze ko uyu muyobozi yafashwe akekwaho gukoresha impapuro mpimbano. Undi ufungiye kuri Polisi ni […]Irambuye

Rayon nyuma y’imikino 5 idatsinda, uwa 6 yanganyije na Police

Muhanga: Ikipe ya Rayon Sports yari imaze imikino itanu itabasha kubona amanota atatu, yongeye kunganya mu mukino wa 12 wa Shampiyona y’Icyiciro cya mbere mu Rwanda aho yakinaga n’ikipe ya Polisi FC banganya 0-0 kuri uyu wa kabiri tariki 6 Mutarama 2015. Amakipe yakinnye neza, ariko Rayon Sports yari ifite igihugunga n’igitutu cyo gushaka instinzi […]Irambuye

Gasabo: Abagororwa barinubira ko bafunzwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko

Ubwo Ministre w’umutekano mu gihugu Shekh Musa Fazil Harerimana yasuraga Gereza ya Gasabo iri Kimironko,  bamwe mu bagororwa n’imfungwa bamusabye ko yabakorera ubuvugizi bagafungurwa kuko bafunzwe mu buryo butemewe n’amategeko. Bamwe muri aba bavuga ko bagombaga gufungwa by’agateganyo mu gihe kingana n’iminsi mirongo itatu(iminsi 30) ariko ubu bakaba bamaze mo igihe kirenze umwaka kandi nta […]Irambuye

i Nyarutarama kuki hari aho bita ‘BANNYAHE’? Abaho babayeho bate?

*Iryo zina ni irya kera rikava ku bahaturiye bari babuze ubwiherero *Abahatuye ubu bugarijwe n’ibiyobyabwenge, urugomo n’ubujura *Bafite kandi ikibazo cy’ubwiherero kuko batacukura, munsi ngo hari amazi *Habayo cyangwa hagacumbika benshi mu nsoresore zikora ubujura gusa *Leta ihafitiye gahunda yihariye nubwo abahatuye batazimurwa…..   Ni agace gaherereye mu murenge wa Remera mu kagari ka Nyarutarama umudugudu […]Irambuye

en_USEnglish