RMC yatanze imyanzuro ku bantu bareze ibitangazamakuru

Imyanzu y’ibibazo bitatu niyo urwego rw’abanymakuru bigenzura (Rwanda Media Commission) kuri uyu wa 07 Mutarama2015 mu kinaganiro n’abanyamakuru yatanzwe harimo  umwanzuro wa Munyankiko Frodouald, wareze City Radio kumusebya mu kazi ke, umwanzuro ku kibazo cya Gregoire Muramira umuyobozi w’ikipe y’ Isonga FC  urega abanyamakuru bakora ikiganiro cy’imikino kuri Radio 10 kumubeshyera no kumusebya, hanatanzwe umwanzuro […]Irambuye

Palestine yemewe nk’igihugu cyemera amasezano ashyiraho ICC

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Ban Ki-Moon abinyujije ku murongo wa Internet wa UN,  riremeza ko igihugu cya Palestine cyemewe nk’igihugu cyemera amasezerano yashyizeho Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC). Ki-Moon yavuze ko ubusabe bwa Palestine bwo kwemererwa gufatwa nka kimwe mu bihugu byemera imikorere ya ICC bwemewe nyuma y’uko hasuzumwe ibisabwa byose kandi […]Irambuye

Muhanga: Urubyiruko ruvanye mu itorero igitekerezo cyo kwishyiriraho ikigega

Urubyiruko rurangije amashuri yisumbuye ruratangaza ko rugiye gushyiraho ikigega kizarufasha kwihangira imirimo, mu rwego rwo kwirinda ubushomeri bugaragara ku banyeshuri barangiza muri iki gihe. Ibi uru rubyiruko rwabigarutseho mu muhango wo gusoza itorero ry’abanyeshuri barangiza amashuri yisumbuye bitegura kujya ku rugerero mu cyumweru gitaha. Mu mikino, n’imyitozo babanje gukora mbere yo gusoza iyi gahunda wasangaga […]Irambuye

Nshakane n’inshuti ikomeye cyangwa n’umukunzi?

Hello Umuseke, mbandikiye kugira ngo mutambutse ikibazo mfite numva kinkomereye kugira ngo ngirwe inama kuko nshobora kubonamo izamfashe mu guhitamo. Gusa nahisemo ko mutatangaza amazina na e mail byanjye. Mfite iyaka 28 y’amavuko, ndi umukobwa uri mu mayirabiri yo gushing urugo, aho ngeze biragoye cyane guhitamo hagati y’inshuti magara y’umusore n’umukunzi. Inshuti magara ndibaza ko […]Irambuye

Nigeria: Sosiyeti Shell yatanze impozamarira ku barobyi bo muri Delta

Sosiyete Royal Dutch Shell y’Abaholandi icukura ikana curuza ibikomoka kuri petrole yemeye gutanga miliyoni 55 z’ama pounds (miliyoni 70 z’ama euros) ku barobyi bagera ku 15 600 bo mu gace ka Delta du Niger (Niger Delta) kahumanyijwe kuva mu 2008 n’itoboka ry’impombo za petrole z’iyo Companyi. Ishami ry’iyo sosiyete rikorera mu gihugu cya Nigeria, SPDC, […]Irambuye

Rick Warren arasaba Abaporoso kwifatanya na Papa Francis ku ntego

Pasteur Rick Warren washinze idini ryitwa L’Eglise de Saddleback yasabye Abakirisitu bo mu  yandi  madini atari Kiliziya Gatulika ko bakwifatanya nayo  ndetse na Papa Francis bagatahiriza umugozi umwe mu rwego rwo kubaka ubumwe mu madini yose. Mu ukuboza, 2014, pasteur Warren yari mu bantu batanze ibiganiro i Vatican mu nama mpuzamahanga yahuje abanyamadini batandukanye yigaga […]Irambuye

Peace asanga kuririmba ‘live’ byakabaye intego ya buri muhanzi

Jolis Peace umwe mu bahanzi bazwiho ubuhanga mu njyana ya R&B, akaba n’umwe mu bitabiriye irushanwa rihuza abahanzi bo mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba rya ‘Tusker Project Fame 6’, asanga abahanzi nyarwanda bakarwanye urugamba rwo kwibanda mu kuririmba ‘Live’. Ibi abitangaje nyuma y’aho aririmbye mu gitaramo cyarimo abahanzi bakomeye b’abanyarwanda aribo Cecile Kayirebwa, Kipeti na Byumvuhore […]Irambuye

Paris: Babiri bitwaje intwaro bishe abantu 12 ku biro by’ikinyamakuru

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu abagabo babiri barashe abantu ku kicaro cy’ikinyamakuru Charlie Hebdo mu mujyi wa Paris bica abantu 12 barimo abapolisi babiri bakomeretse abandi batandatu n’ubwo imibare ngo ishobora kwiyongera. Aba bicanye bakoresheje imbunda za Kalachnikov ndetse na Lance roquette. Bamaze gukora aya mahano bahise bafata imodoka bibye hafi aho barahunga. […]Irambuye

Kambale Salita wahoze muri Rayon yasinye muri Musanze FC

Tariki ya 7- Mutarama 2015 – Rutahizamu wahoze akinira ikipe ya Rayon Sports FC Kambale Salita Gentil yameze gusinya amasezerano y’umwaka umwe mu ikipe ya Musanze FC nk’uko Ubuyobozi bw’iyi kipe bubitangarije Umuseke. Benon Rwabugande umuyobozi wa Musanze FC yatangaje uyu mukinnyi bamaze kumvikana ndetse ngo n’amasezerano y’umwaka umwe bamaze kuyashyiraho umukono. Rwabugande ati “ […]Irambuye

en_USEnglish