Iranzi yasinye muri Rayon, Rutanga azaba ari Captain wayo

Kuri uyu wa Gatanu Eric Rutanga yongereye amasezerano muri Rayon Sports akazanayibera kapiteni. Iranzi Jean Claude wirukanywe na APR FC nawe yasinye muri iyi  kipe ifite igikombe cya Shampiyona ya 2018-2019. Rutanga Eric wari wagiye kugerageza amahirwe muri Zambia mu ikipe yitwa Nkana FC ariko ntibabasha kumvikana kuko iyi kipe yamubwira ko azashyirwa  mu byiciro. […]Irambuye

Ngoma: Bizihirije Kwibohoza 25 kuri Stade bemerewe na P.Kagame ikiri

Mu kiganiro Nambaje Aphrodise yahaye umuseke yavuze ko nk’akarere ka Ngoma batashye ibikorwa byinshi ariko cyane cyane ko bahisemo kwizihiriza ibiriro byo kwibohoza ku nshuro ya 25 kuri stade iri kubakwa bemerewe na Perezida Kagame ubwo yarimo kwiyamamaza muri 2017. Hakinwe umukino yahuje ikipe ya Kibungo n’iyo mu murenge wa Remera. Umukino warangiye ikipe y’Umurenge […]Irambuye

Urugwiro beretse ‘Igisupusupu’ rwatumye agaruka kuri Stage gusoza igitaramo

Mu gitaramo cyo kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 Abanyarwanda bamaze bibohoye, Nsengiyumva Francois umaze kwamamara nka ‘Igisupusupu’ yagaragarijwe urugwiro bituma agaruka ku rubyiniro ngo asoze iki gitaramo cyagombaga gusozwa na Riderman. Iki gitaramo cyabere muri parking ya stade Amahoro, kitabiriwe n’abaturage benshi bari baje kwishimira uyu munsi udasanzwe ubibutsa ko bibohoye imiyoborere mibi. Dj Phil Peter […]Irambuye

Gakenke: Bizihiza Kwibohora bababwiye ko bagiye kubaha kaburimbo

Mu kwizihiza umunsi mukuru wo Kwibohora ku nshuro ya 25, umuyobozi w’Akarere ka Gakenke, Deogratias Nzamwita yabwiye abaturage ko n’ubwo habayeho kwibihora ibyo yise ubutegetsi bw’igitugu hari indi ngoyi ikomeye y’ubukene yo kwibohora. Yababwiye ko bidatinze bagiye kuzubakirwa kaburimbo kugira ngo yongere uburyo bwo guhahirana. Kwizihiza uyu munsi ku rwego rw’akarere ka Gakenke byabereye mu […]Irambuye

Mu birori byo Kwibohora, ibinyobwa bya BRALIRWA byazanye ibyishimo mu

Uruganda Nyarwanda rwenga rukanacuruza ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, BRALIRWA rwaraye rufashije Abanyarwanda kwishimira isabukuru y’Imyaka 25 bamaze bibohoye rubagezaho ibinyobwa byarwo byabafashije kwinjira mu byishimo. Mu mbuga ngari ya parking ya Stade Amahoro, aharaye habereye igitaramo cy’abahanzi batandukanye bafashaga abanyarwanda kwishimira Isabukuru yo Kwibohora, BRALIRWA na yo yaje kwifatanya n’abanyarwanda muri iki gikorwa. Uru ruganda ruyoboye […]Irambuye

Uganda: Ingabo zamaze iminsi 2 mu ishyamba ikamyo yashizemo essence

Abasirikare ba UPDF bari mu bikorwa byo gucunga umutekano ku mupaka  Uganda isangiye n’u Rwanda na DRC ahitwa Kisoro bamaze iminsi ibiri mu ikamyo yashizemo essence ubwo bari bageze mu ishyamba. Bavuga ko ngo bahamagaye uyobora battalion yabo ya 35th witwa Lt Col Nelson Bataringaya ngo aboherereze ubufasha ariko ntiyagira icyo abikoraho. Bariya basirikare banenga […]Irambuye

Moshions yambitse ikibumbano gifite amateka akomeye mu Bubiligi

Nyuma yo kwambika robot yenda gukora nk’abantu izwi cyane ku isi ikaba ifite n’ubwenegihugu bwa Arabie Saoudite yiswe  Sophia yari yitabiriye Transform Africa Summit  2019, inzu y’imideri ya Moshions yongeye kwambika umushanana ikindi kibumbano  cya ‘Manneken Pis’ gifite amateka akomeye mu Bubiligi. Ni igikorwa cyabaye kuwa Gatatu  tariki ya 3 Nyakanga, 2019   ubwo Abanyarwanda batuye […]Irambuye

Nyarugenge: Akurikiranyweho kwambura umwana Frw 2000 akanamusambanya

Kuri uyu wa 04, Nyakanga, 2019 umugabo witwa Fidel yatawe muri yombi akurikiranyweho kubeshya umwana w’umukobwa witwa Claire w’imyaka 14 y’amavuko wari wabuze uko ataha iwabo, akamubeshya ko agiye kumucumbikira ‘akazanamuha akazi.’ Byabereye mu murenge wa Kanyinya, Akagari ka Nzove mu mudugudu wa Rutaraga ya mbere. Amakuru Umuseke ufite avuga ko uriya mugabo ngo yatse […]Irambuye

Episode 81: Ryan aratunguwe koko! Yongera kwishima

Njyewe-“Bite se ko utandekura Sama! Washimye igituzaa…cyangwa” Samantha-“Ryan! Kuva wavuka wari watungurwa?” Njyewe-“Ngo….ngo?… Samantha-“Nakubazaga, ngo kuva wavuka wari watungurwa?” Nahise niyaka Samantha, ndahindukira ako kanya nakubise amaso Cedro na mushiki we Sandrine, Gentil, Provy ndetse na Gaelle, Njyewe-“Ngo? Sama? Ibi ni iki unkoreye?” Nateye intambwe Gentil niwe nahobeye bwa mbere, mperuka Cedro wasaga naho atishimye […]Irambuye

Nyuma y’imyaka 6 As Kigali yisubije Igikombe cy’Amahoro itsinze Kiyovu

As Kigali yaherukaga gutwara iki gikombe muri 2013 yongeye kukisubiza itsinze Kiyovu Sports 2-1, bihesha itike ikipe ya Mateso Jean de Dieu kuzahagararira u Rwanda mu mikino nyafurika, ya CAF Confederation Cup. Mu biganiro bitandukanye abayobozi ba As Kigali bari bahigiye Umuseke ko nyuma yo kubura igikombe cya Shampiona nta kabuza bagomba gutwara icy’Amahoro, ndetse […]Irambuye

en_USEnglish