Month: <span>September 2016</span>

Rusizi: Barasaba gukurwa mu gihirahiro nyuma yo kwangirwa guhinga imirima

Abaturage bo mu murenge wa Nyakarenzo hashize amezi ane babujijwe guhinga ahazubakwa                          Umudugudu w’ikitegererezo mu kagali ka Murambi,  barasaba ubuyobozi ko bakemererwa bagahinga nibura imyaka ishobora kwera mu gihe gito cyangwa se bakabarirwa imitungo iri ahazubakwa imihanda ndetse n’uwo mudugudu byaba ngombwa bagahabwa ubutaka baba bahinzemo kuko igihe cy’iginga cyageze. Abaturage baganiriye n’Umuseke bemeza ko […]Irambuye

Trump na Clinton bahanganishije ibitekerezo rubura gica

Ikiganiro mpaka cya mbere bari kumwe cyari gitegerejwe cyane n’isi yose. Hillary Clinton na Donald Trump ntawakoze ikosa, bagiye impaka rubura gica, gusa Clinton akagaragazamo ubunararibonye mu miyoborere, ubunararibonye Trump yise bubi kuko ngo Amerika ikiri mu kaga. Muri iki kiganiro cyabereye muri Hostra University muri New York aba bakandida batangiye babazwa ibyerekeye uko bazamura […]Irambuye

Imodoka zitwara abagenzi zatangiye gushyirwamo “Speed Governors”

Kuri uyu wa mbere Polisi, ifatanyije na Minisiteri y’ibikorwa remezo n’ikigo cy’igihugu gishinzwe imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro “RURA” batangije kumugaragaro igikorwa cyo gushyira mu mdoka zitwara abagenzi icyuma gipima kandi kikagabanya umuvuduko “Speed Governor”. Iki cyuma kizwi nka “Speed Governor” gifasha mu gupima, ndetse kigendeye ku muvuduko cyagenewe iyo imodoka ishatse kuwurenga kirabigaragaza, […]Irambuye

Igihe umuntu wese azaba ashobora kuramba imyaka 100!

Mark Zuckerberg washinze Facebook n’umugore we Priscilla Chan biyemeje gushora miliyari $3 yo gukora ubushakashatsi bw’imyaka 10 mu buvuzi bugamije kuvura no kurinda indwara abatuye Isi. Ku wa 21, Nzeri 2016 BBC yatangaje ko mu nama iherutse kubera muri San Francisco USA, Zuckerberg n’umugore we batangaje ko bafite intego yo kuvura no kurinda indwara abantu, […]Irambuye

Impunzi zigiye guhabwa amahirwe nk’Abanyarwanda ariko ngo si ukuba Abanyarwanda

Ngo bizafasha impunzi kwibeshaho kandi zitange umusanzu mu kubaka igihugu. Mu Rwanda ubu hari impunzi 164,561. 52,2% ni Abarundi, 47,6% ni AbanyeCongo, Kuri uyu wa mbere mu nama yahuje Minisiteri ifite ibirebana n’impunzi mu nshingano (MIDIMAR) hamwe n’ishamiry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR-Rwanda) n’abafatanyabikorwa babo, bize ku ngamba zo gukuraho imiziro ku mpunzi yatumaga zitemererwa […]Irambuye

Igice cya 13: Eddy igihembwe cya mbere arakirangije da! –

Episode 13 …nakomeje kugira ibyishimo, ubwo natangiye kujya nshuruza cyane  nka 5000 Rwf ku munsi, nabara nk’inyungu nkabona ni nka 2000 Rwf nkumva birimo neza! Eeeh, rimwe byarantunguraga nkanayarenza nkumva courage ziriyongereye! Ukwezi kwashize nishyuye inzu ndetse byageze mu gihembwe hagati narishyuye na minerval yose nari nsigaje !! Ntacyadushimishaga jye na James nk’icyo! Ubwo igihe […]Irambuye

Gasore yegukanye etape ya 3 ya Tour de la Réconciliation

Kuri uyu wa mbere tariki 26 Nzeri 2016, Gasore Hategeka watangiye gusiganwa ku magare kuva 2007 ubwo Team Rwanda yashingwaga, yegukanye agace ka gatatu muri Tour de la Réconciliation yo muri Côte d’Ivoire. Uyu mugabo w’ imyaka 29, yagaragaje ko agifite imbaraga nubwo amaze imyaka myinshi asiganwa, kuko yegukanye agace ka gatatu k’iri rushanwa mpuzamahanga, uyu munsi bavaga […]Irambuye

Koperative 68 z’Abahinzi b’ibigori zasinye amaserano n’ababagurira umusaruro

Koperative 68 z’abahinzi b’ibigori ziherereye mu Turere icumi two mu Ntara y’Iburasirazuba ndetse n’Amajyepfo, zasinye amasezerano n’abaguzi b’ibigori, ku buryo ngo batazongera gutaka kubura isoko ry’umusaruro bejeje. Aba bahinzi babigezeho babifashijwe n’ihuriro ririmo imiryango nka Agrifrop, WFP, Rwarri na RDO isanzwe ifasha abahinzi mu bijyanye no kubagezaho imbuto, inyongera musaruro, no kubongerera ubumenyi mu bijyanye […]Irambuye

en_USEnglish