Minisitiri w’Intebe w’Ubuhinde Narendra Modi azagera mu bihugu bine byo muri Africa, bimwe byaherukaga gusurwa n’umutegetsi ukomeye mu Buhinde mu myaka 30 ishize, arateganya gusinya amasezerano y’imikoranire mu bijyanye n’ingufu, ubucuruzi n’ishoramari. Narendra Modi kuri uyu wa kane azahera uruzinduko rwe muri Mozambique, nyuma asure Africa y’Epfo, Tanzania na Kenya. Uru rugendo rwa Minisitiri w’Intebe […]Irambuye
Mu bwicanyi buteye ubwoba, ku cyumweru umugabo w’umuhinde witwa Rupesh Kumar Mohanani yishe umugore we Cynthia Vechel ukomoka muri Congo Kinshasa arangije umubiri we awucagaguramo ibice akoresheje ishoka ubundi ibice arabijyana arabitwika. Nyuma yaje gufatwa. Uyu mugabo w’imyaka 36 yabanaga n’umugore we mu mujyi wa Hyderabad muri Leta ya Telangana mu majyepfo y’Ubuhinde. Umugabo yakoraga […]Irambuye
Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda buratangaza ko bwiteguye kugaragariza Urukiko uruhare rwa Jean Baptiste Mugimba na Jean Claude Iyamuremye byaraye byemejwe ko bazoherezwa kuburanishirizwa mu Rwanda ku byaha bya Jenoside bakurikiranyweho. Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda buvuga ko bwakiriye neza icyemezo cyafashwe n’Urukiko rwo mu Buholandi cyo kohereza aba bagabo bombi bakurikiranweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe […]Irambuye
Umucamanza Thokozile Masipa mu rukiko muri iki gitondo yatangaje ko ubuzima bwa Oscar Pistorious butazongera kuba uko bwahoze kuko yahamwe n’icyaha gikomeye, ariko avuga ko nta gihano kizashimisha uruhande na rumwe kandi ko nta kintu kizagarura uwapfuye, maze asaba Pistorious guhaguruka akamukatira. Thokozile Masipa yabanje kugenda agaragaza impamvu zishyigikira umwanzuro w’urukiko, avuga ko umukobwa wishwe […]Irambuye
Mu ruzinduko rutigeze rubaho mbere, Minisitiri w’Intebe wa Israel yageze bwa mbere ku butaka bw’u Rwanda muri iki gitondo. Ni Benjamin Netanyahu n’umugore we Sara Netanyahu, bahagurutse n’indege i Nairobi muri Kenya bagera i Kigali saa yine, bageze i Kigali bakiriwe ku kibuga cy’indege i Kanombe na Perezida Paul Kagame na Madame bahita berekeza ku […]Irambuye
Gasabo – Mu gitondo cyo kuri uyu wa 06 Nyakanga, inyubako ikoreramo za pharmacy, supermarket na Hotel iri kuri ‘Rond point’ ya Remera yibasiwe n’inkongi y’umuriro Supermarket yitwa Sahani ihomba ibicuruzwa byinshi. Police yabashije gutabara izimya iyi nkongi itarakwirakwira inzu yose. SAHANI Supermarket ni iy’umugabo witwa Usengimana Eustache wari umaze amezi atatu gusa ayiguze, bikavugwamo ko […]Irambuye
Impanuka zo mu muhanda ni kimwe mu bibazo bihangayikishije Isi. Muri America, mu 2010 ikigo cyita ku mutekano wo mu muhanda, National Highway Traffic Safety Administration (NHTSA) cyatangaje ko abantu 32 885 bapfuye bazize impanuka, 2 239 000 barakomereka. Abazize impanuka z’imodoka ni 23 303 (70.8%), abazize impanuka za moto ni 4 502 (13.6%), abazize […]Irambuye
Bamwe mu bahinzi bo mu kagali ka Kinyonzo, umurenge wa Kazo mu karere ka Ngoma, bavuga ko kubera ubushobozi buke batabasha kugura ifumbire mvaruganda bakoresha mu buhinzi, ibi ngo bikomeje kubagiraho ingaruka zo kutabona umusaruro uhagije. Ubuyobozi bw’uyu murenge ntibwemeranya n’aba bahinzi kuri iki kibazo, ahubwo buvuga ko ikibazo ari imyumvire yabo ikiri hasi mu […]Irambuye
Kuri uyu wa kabiri, Minisitiri w’Intebe Anastase asoza itorero rimaze icyumweru mu karere ka Huye rihuje abafashamyumvire mu buhinzi n’ubworozi barenga 1 000 b’ahatandukanye mu gihugu, yihanangirije ba agronomes na ba veterineri n’abandi barya ruswa mu bikorwa byagenewe abaturage ngo bibateze imbere. Abasaba kurangwa n’ubunyangamugayo mu byo bakora. Iri torero ryari rihurije hamwe ba agronomes, […]Irambuye
Wari umukino w’ishyaka n’amahane menshi cyane ku ruhande rwa APR FC, ndetse byatumye myugariro wa APR Emery Bayisenge asimburwa umukino ukiri mubisi. Aya mahane yaje gutuma abakinnyi barwana, Ismaila Diarra yarwanye n’abakinnyi ba APR FC umusifuzo abyitwaramo neza cyane. Umunyamakuru w’Umuseke yabashije gufotora uko byagenze…. Haburaga iminota 12 ngo umukino urangire, Ismaila Diarra yiruka ku […]Irambuye