Month: <span>February 2016</span>

Ku kirwa cya Bugarura batunzwe n’uburobyi gusa barasaba Leta kubagoboka

*Ikirwa cya Bugarura mu kiyaga cya Kivu gituwe n’abaturage 2 112; *Gifite umuriro w’amashanyarazi, Post de santé, ikigo cy’amashuri abanza n’imbangukiragutabara *Mu biganiro byabo baririmba Perezida Paul Kagame ngo niwe bakesha ibyo bagezeho; *Ubu ariko ngo imibereho yabo iri ku buce kuko uburobyi bukorwa n’abifite *Bati mutubwirire Perezida ko “Nk’uko inka, ihene n’inkoko bitekwa buri […]Irambuye

Kenya: Kenyatta yavuze akababaro aterwa na Ruswa iri mu gihugu

Israel- Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yanenze cyane abaturage b’igihugu cye kubera ruswa yo hejuru, amacakubiri n’ibindi bikorwa bigayitse, aho yasozaga uruzinduko rw’iminsi itatu muri Israel. Ubwo yagezaga ijambo ku Abanyakenya baba mu gihugu cya Israel, Perezida Kenyatta yavuze ko ikintu giteye agahinda n’isoni ari uko igihugu cyabo cyakataje mu bintu bibi. Ibintu bibi yavugaga […]Irambuye

Burundi: Aba Perezida 5 ba Africa bageze i Bujumbura guhura

Kuri uyu wa kane tariki 25 Gashyantare Aba Perezida batanu b’ibihugu bo bayobowe na Jacob Zouma w’Africa y’Epfo bahuriye mu Burundi, aho nabo baje gushyiraho akabo mu gushakira umuti ikibazo kiri muri iki gihugu cyatangiye muri 2015. Aba bakuru b’ibugu bari mu Burundi ni perezida wa Afurika y’Epfo Jacob Zouma na Ali Bongo Ondimba, wa […]Irambuye

Agakiriro ka Rwamagana kari guhindura ubuzima bw’Urubyiruko

Inyubako rusange (hangars) bita agakiriro zikoreramo amatsinda abiri y’abakora ububaji na ‘soudure’ buri munsi zikoreramo abantu barenga 200, benshi muri bo ni urubyiruko, babwiye Umuseke ko ubuzima bwabo buri guhinduka kubera akazi babonye aha. Imbogamizi bafite ni uko umuhanda uhagera ari mubi. Agakiriro ka Rwamagana kubatse mu murenge wa Kigabiro Akagali ka Cyanya, kagizwe n’abanyamuryango […]Irambuye

Rugabano: Ishuri riri mu kaga kubera kubura umuhanda gusa

*Kuri iri shuri umwana umwe gusa niwe watsinze neza *Iyo bohererejwe ibitabo babisiga muri 5Km bikagezwayo na moto cg ku mutwe *Bamaze iminsi ku ishuri nta bwiherero bukwiye *Mu kagali kose nta mazi meza ahari *Mu kagali kose nta mashanyarazi, nta mazi meza, nta muhanda muzima *Abaturage bavuga ko icuraburindi bariterwa no kubura ibikorwa remezo […]Irambuye

Senderi yatoranyijwe mu bahanzi bamamaza agakingirizo ka ‘Plaisir’

SFH Rwanda ni umuryango wita ku buzima mu Rwanda ku nkunga y’Ikigega mpuzamahanga Global Fund. Mu bukangurambaga barimo gukora bwo kurushaho kwigisha abanyarwanda kwirinda agakoko gatera sida n’izindi ndwara, Senderi ni umwe mu bahawe uduce agomba kwamamarizamo ako gakingirizo. Senderi International Hit ukunze kwiyita intare y’Umujyi, avuga ko bimushimisha cyane kubona mu bikorwa byinshi bya […]Irambuye

Imbuto F. yatangije ubukangurambaga “Urukundo nyakuri” buzafasha urubyiruko kutagwa mu

Umuryango Imbuto Foundation watangije ubukangurambaga wise “Urukundo nyakuri/True Love” buzafasha urubyiruko kutagwa mu moshya y’ubusambanyi bushobora kubakururira ingaruka mbi nko gutwita inda zitateguwe, no kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina bikaba byabicira ejo hazaza. Ubwo hatangizwaga ubu bukangurambaga ku kirwa cya Bugarura kiri mu kiyaga cya Kivu rwagati, urubyiruko rwahawe ubutumwa bwo kwirinda imibonano mpuzabitsina […]Irambuye

Ikirwa cyo muri Canada cyemeye kwakira Abanyamerika badashyigikiye Trump

Abanyamerika bamwe baribaza uko bizagenda uyu mugabo w’amagambo akarishye natsindira kuba Perezida wa USA, hari n’abakoze urutonde rw’ibihugu ngo utamushaka yakwimukiramo Donald Trump natorwa. Ubu ikirwa cyo muri Canada biravugwa ko mu kwezi kwa 11 uyu mugabo natorwa abanyamerika batamusha bakwiyizira kukituriraho. Urubuga rwa Internet rwo ku kirwa kitwa Cap Breton mu Ntara ya New […]Irambuye

en_USEnglish