Nyuma yo gutsinda umukino we wa mbere wa gicuti ya kinnye ni ikipe ya Darling Club Virunga ku cyumweru, umutoza Jean Francois Luscuito ngo agomba gukina imikino ya gicuti myinshi harimo n’uwo bazakina n’ikipe ya Police FC mu mpera z’iki cy’umweru, kugira ngo akomeze kwitegura neza mbere y’uko irushanwa rya CECAFA Kagame cup ritangira tariki […]Irambuye
28 Nyakanga 2014 – Ahagana saa mbili zibura iminota kugeza saa tatu kuri stade ya Kigali i Nyamirambo hakorewe amasengesho ya kisilamu yo gusoza igisibo gitagatifu bamazemo ukwezi. Mu nyigisho ya Mufti w’u Rwanda yasabye abasilamu bo mu Rwanda gukomeza gusenyera umugozi umwe. Ibihumbi by’abasilamu i Kigali bitabiriye aya masengesho, abana, inkumi, abasore, abagabo, abagore, […]Irambuye
Abantu bakekwaho kuba abo mu nyeshyamba zo mu mutwe wa kiyisilamu wa Boko Haram ku cyumweru zashimuse umugore wa Visi Minisitiri w’Intebe mu gihugu cya Cemeroun n’umwe mu bayobozi b’abaturage mu cyaro mu bitero bibiri byahitanye abantu 6 mu majyaruguru ya Cameroun nk’uko bitangazwa. Mu masaha yo mu rukerera 05h00 a.m (04h00 GMT), mu masaha […]Irambuye
Akanama gashinzwe amahoro ku Isi ka UN ubu gahagarariwe n’u Rwanda kasabye Israel na Hamas guhagarika imirwano yatumye abaturage benshi bo muri Gaza batakaza ubuzima abandi bagahunga. Ibi u Rwanda n’ibindi bihugu 15 bigize aka kanama rwabisabye nyuma y’uko mu ijoro ryo kucyumweru tariki 27 Nyakanga hemejwe imyanzuro yari yatanzwe n’Umunyamabanga mukuru wa UN, Ban […]Irambuye
Bavandimwe ba Umuseke, muraho neza Yesu abagirire neza, ndi umusore ugeze igihe cyo gushaka ariko ubu nabihiwe n’ubuzima. Mu by’ukuri nakunze umukobwa na we mbona ankunda, tugera igihe twiyemeza kurushinga tukava mu buzima bwo kubana n’ababyeyi tugashinga urugo rwacu, twese tubyemeranyaho. Birumvikana nk’uko mu muco wa Kinyarwanda bigenda, ishimwe ry’ababyeyi ‘inkwano’ narayitanze, twumvikana n’umukobwa igihe […]Irambuye
Ku gicamunsi kuri uyu wa 27 Nyakanga 2014 mu murenge wa Rusatira hafi y’ahitwa i Kinkanga mu karere ka Huye ku muhanda wa Huye – Kigali, habereye impanuka idasanzwe y’imodoka y’abageni. Mu bari bayirimo abageni bari mu bakomeretse, umukobwa ku buryo bukomeye. Iyi mpanuka yabaye ubwo aba bari bagiye kurushinga bavaga mu mihango yo gusaba mu […]Irambuye
Kuri uyu wa gatandatu tariki 26 Nyakanga mu Rwanda hose hatangijwe ukwezi kwahariwe umufundi, gufite insanganya matsiko igira iti “ Umurimo unoze, Gutanga serivise nziza no Kwizigamira.” Iki gikorwa kikaba cyahuriranye n’umunsi w’umuganda. Imihango yo gutangiza uku kwezi kwahariwe umufundi mu Rwanda yateguwe na sendika y’abafundi mu Rwanda ariyo STECOMA. Iki gikorwa kizihijwe ku rwego […]Irambuye
Guverinoma nshya iherutse kujyaho, nta gushidikanya ko isanze hari umurongo abandi bakoreragamo nabo batazajya ku ruhande uretse kunoza ibyakorwaga ari nacyo akenshi baba bazaniwe. Ariko buri gihe umuturage aba yiteze ikintu gishya mu muyobozi mushya. Abantu 50 baganiriye n’Umuseke kuri iyi Guverinoma nshya. Abantu 20 b’ahantu hatandukanye i Kigali bemeye kuganira no gutanga ibisubizo, 16 […]Irambuye
Benshi batunguwe n’ihinduka ryatunguranye rya Ministre w’Intebe, abantu bongera gutungurwa cyane no kumenya ko Anastase Murekezi ariwe wagizwe Ministre w’Intebe mushya. Murekezi ni umukozi wa Leta ubimazemo igihe kinini, ni umugabo utarakunze kuvugwa cyane, yewe no ku rwego rwa Ministre si kenshi yavuzwe mu bitari ibyerekeye akazi ke. Abaturanyi be n’abandi bamuzi babwiye Umuseke iby’imibereyeho […]Irambuye
Kuri uyu wa Gatanu Airtel Rwanda yateye inkunga y’amafaranga imiryango y’Abisilamu 50 itifashije yo mu Karere ka Nyarugenge. Iyi nkunga y’amafaranga ifite agaciro ka Miliyoni y’amafaranga y’u Rwanda. Iyi nkunga ngo izafasha iyi miryango kubona ibyo kurya ku munsi wa Iftar (Idi-El-Fitr) uzwi ku izina ry’Irayidi. Airtel yakoze iki gikorwa mu rwego ryo kwerekana ubufatanye […]Irambuye