Month: <span>July 2014</span>

U Rwanda rumaze KWIBOHORA iki? Mu Uburezi

Mu myaka 20 ishize u Rwanda ruvuye mu icuraburindi rya Jenoside, aya mateka mabi yatwaye abantu anangiza byose mu gihugu. Inzego z’ubuzima, ubukungu, imibereho y’abaturage, ubucuruzi n’inganda, imikino, imyidagaduro, uburezi, ubutabera, ububanyi n’amahanga byose byari bimeze nko gutangira bushya.  Tariki ya 04 Nyakanga 2014 u Rwanda rurizihiza imyaka 20 ishize u Rwanda rwibohoye, nyuma y’intambara […]Irambuye

Ngoma: Kubera kurambirwa ubuzima bw’Isi yiyahuje umugozi

Kuwa gatatu w’iki cyumweru tariki 02 Nyakanga, umusore w’imyaka 29 witwa Kagimbura Hildebrand, ukomoka mu Mudugudu wa Kacyiru, Akagari ka Mahango, Umurenge wa Kibungo mu Karere ka Ngoma ho mu Ntara y’Iburasirazuba yiyahuje umugozi umugozi arapfa, asiga yanditse ibaruwa ivuga ko yari ahaze ubuzima bw’Isi. Amakuru aturuka mu baturage bari baturanye n’umuryango w’uyu musore bo […]Irambuye

u Rwanda rumaze KWIBOHORA iki? Mu mibereho myiza y’abaturage

Mu myaka 20 ishize u Rwanda ruvuye mu icuraburindi rya Jenoside, aya mateka mabi yatwaye abantu anangiza byose mu gihugu. Inzego z’ubuzima, ubukungu, imibereho y’abaturage, ubucuruzi n’inganda, imikino, imyidagaduro, uburezi, ubutabera, ububanyi n’amahanga byose byari bimeze nko gutangira bushya.  Tariki ya 04 Nyakanga 2014 u Rwanda rurizihiza imyaka 20 ishize u Rwanda rwibohoye, nyuma y’intambara […]Irambuye

UMUSHESHE watumye hafungwa icyambu hagati y’Uburundi n’u Rwanda

Mu Rwanda iki giti kizwi cyane ku izina rya Umushikiri cyangwa Umusheshe. Ku ruzi rw’Akanyaru mu cyaro cy’Akarere ka Gisagara hafunzwe ibyambu bibiri byahuzaga Abarundi n’abanyarwanda kubera ko Abarundi bamenaga ijoro bakaza gutema ibyo biti. No mu mateka iki giti cyahoze gikoreshwa mu guhumuza. Mazina Viateur ni umusaza ujijutse wo mu murenge wa Gikonko, wigeze […]Irambuye

Airtel yateye inkuga inama yiga ku mushinga w’itumanaho muri aka

Ikigo cy’itumanaho cya Airtel, cyateye inkunga ibikorwa bw’inama yahuje abayobozi bo mu Karere bigaga ku gushyiraho ihuriro ryo kwigiramo uko umushinga wo kubaka Gariyamoshi izahuza u Rwanda, Uganda, Sudani y’Epfo na Kenya wiswe North Corridor. Iyi nama yahuriwemo n’abakuru b’Ibigo by’itumanaho muri aka gace, ikaba yateraniye muri Hoteli ya Milles Collines. Abitabiriye iyi nama yari […]Irambuye

COPCOM yifurije Perezida n'Abanyarwanda umunsi mwiza wo Kwiborora

Ubuyobozi n’abanyamuryango ba coperative COPCOM  y’abacuruzi b’ibikiresho by’ubwubatsi ikorera mu mumurenge wa Gisozi Akarere ka Gasabo, bifurije umuryango wa Nyakubahwa Perezida wa Repuburika PAUL KAGAME n’abanyarwanda muri rusange umunsi mukuru mwiza wo Kwibohora 20. Koperative y’abacuruzi b’ibikoresho by’ubwubatsi n’ububaji, igizwe n’abanyamuryango barenga 300.Irambuye

Rusumo: Hazubakwa urukuta ruriho amazina y’Abatutsi bajugunywe mu mazi

I Kirehe mu Murenge wa Rusumo kuri uyu wa gatatu tariki 02 Nyakanga hashyizwe ibuye ry’ahantu hazubakwa urukuta rurerure ruzandikwaho amazina y’Abatutsi bishwe bakajugunywa mu mazi mu Rwanda. Iki gikorwa cyo gushyiraho ibuye ahazubakwa urukuta cyateguwe n’Umuryango Dukundane Family na Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside, kitabiriwe kandi n’urubyiruko rw’abanyeshuri biga muri za Kaminuza zo mu […]Irambuye

Umuhanzi gakondo CYUSA ni umuvandimwe wa STROMAE

Ntibarabonana amaso ku maso, ariko baganira kenshi ku ikoranabuhanga, bombi ni abahungu ba Pierre Rutare wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Cyusa ni umubyinnyi, umwanditsi n’umuhanzi w’impano mu byerekeye umuco gakondo, mukuru we, umubiligi Stromae ubu ni icyamamare i burayi na Amerika muri Electronic Music. Umuseke waganiriye byihariye na Cyusa, umuvandimwe wa Stromae. Akaba umuhanzi uherutse […]Irambuye

9 443 bemerewe kwiga muri UR 2014 -15, abandi hari

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu kane tariki ya 3 Nyakanga 2014, ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda (University of Rwanda) bwatangaje ko mu banyeshuri 19 024 basabye kuyigamo mu mwaka 2014- 15, abagera ku 9 443 aribo bujuje ibisabwa bakanemererwa. Bitandukanye n’uburyo bwari busanzwe, aho ikigo gishinzwe Uburezi (REB) aricyo cyagenaga ikigo umunyeshuri azigamo mu bya […]Irambuye

AmaG, Dream Boys, Urban Boys na Jay Polly ngo Davido

Dream Boys, Urban Boys, Jay Polly na Amag the Black nibo bazaririmba mu gitaramo cyo kwibohora kuri uyu wa 4 Nyakanga, babwiye Umuseke ko nubwo hazanywe umuhanzi w’umunya Nigeria witwa Davido ngo biteguye kwerekana ko abanyarwanda benshi ubu bakunda muzika y’abahanzi babo, ndetse ko Davido atazabarusha gushimisha abantu. Abasore bo mu itsinda Urban boys bavuga […]Irambuye

en_USEnglish