Month: <span>July 2014</span>

KWIBOHORA: Ibibazo 20 k’u Rwanda imbere

Intambwe igaragara yaratewe mu rugamba rushya rwo kwibohora, ni ntambwe nini cyane itangarirwa n’amahanga ugereranyije no mu myaka 20 ishize, ariko ni intambwe nto ugereranyije n’icyerekezo n’ibyo abanyarwanda bakwiye. Ibi ni ibibazo 20 u Rwanda rufite imbere yarwo byo kurwana nabyo mu rugamba rukomeje. –          Ikibazo cy’imirimo: abarangiza amashuri bariyongera imirimo ni micye, kuyihanga biracyari […]Irambuye

KWIBOHORA k’u Rwanda mu mibare 20 ivuga

Nyakanga 1994, Nyakanga 2014. Imyaka 20 irashize, uwavutse muri icyo gihe Abanyarwanda bari mu marira n’imiborogo kubera Jenoside yari imaze iminsi 100 ikorerwa Abatutsi ubu ari muri Kaminuza. Isura y’igihugu yarahindutse bigaragarira buri wese, umwenegihugu cyangwa umunyamahanga.  U Rwanda rwa 1994 rwari mu mwijima ubu rwabonye umucyo, icumu ryarunamuwe Abanyarwanda bongera guhumeka amahoro. Inzira iracyari […]Irambuye

Bitunguranye!!! Davido ahuriye na Perezida Kagame ku kibuga cy’Indege

Umuhanzi wo muri Nigeria uje kwifatanya n’abakunzi ba muzika igezweho bo mu Rwanda kwizizhiza ku nshuro ya 20 umunsi wo Kwibohoza, muri iri joro ubwo yari ageze ku kibuga cy’Indege agize amahirwe yo kuhahurira na Perezida Kagame n’umuryango we bararamukanya. Davido amaze gusohoka mu kibuga cy’Indege yavuganye gato cyane n’abanyamakuru mazea yinjira mu modoka yari […]Irambuye

KWIBOHORA: Muri Politiki, Ububanyi n'amahanga n'umutekano

Indi ntambwe yatewe nyuma y’urugamba rwo KWIBOHORA, muri Politiki, ububanyi n’amahanga, umutekano: * U Rwanda rwinjiye mu kanama gashinzwe umutekano ka UN * U Rwanda rwinjiye muri Commonwealth * U Rwanda rwinjiye mu muryango wa East African Community * Inzego z’ingabo na Polisi by’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro ahatandukanye ku Isi. * […]Irambuye

U Rwanda rumaze KWIBOHORA iki? Mu myidagaduro

Imyidagaduro ni ikigaragaza ubuzima uko buhagaze mu gihugu, nyuma ya Jenoside haririmbwaga intambara, indirimbo z’agahinda, indirimbo zisaba amahoro, impinduka zagiye zigaragara, biva kuri Freedom ya Ben Kayiranga bigera ku rukundo ruririmbwa cyane ubu kurusha ibindi. Gutera imbere kw’iki kiciro kwahinduye byinshi mu myumvire n’imibereho y’abanyarwanda. * Nyuma ya Jenoside Kamaliza, Ben Rutabana, New orchestra Ingeri, […]Irambuye

Denmark yohereje Mbarushimana mu Rwanda kubazwa Jenoside

Mbarushimana Emmanuel, wahoze ari umuyobozi w’amashuri (inspecteur) mu cyahoze ari Komini Muganza Perefegitura ya Butare yagejejwe mu Rwanda mu masaa moya z’ijoro avuye mu gihugu cya Denmark, akaba aje gukurikiranwaho uruhere akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Mbarushimana Emmanuel yazanywe na Police y’igihugu cya Denmark yari yarahungiyemo, imushyikiriza Police y’u Rwanda. Alain Mukuralinda, umuvugizi w’Ubushinjacyaha bw’u […]Irambuye

U Rwanda rumaze KWIBOHORA iki? Mu Imikino

Imikino ni urwego rufite icyo ruvuze mu buzima bw’abatuye igihugu, Jenoside yangije byinshi muri uru rwego, ariko ikirangira imikino iri mu byisuganyije vuba. Mu 1994 ntawaruziko u Rwanda n’abanyarwanda bazongera kwishima bagaseka biciye mu mikino. Byarashobotse.   * Imikino mu kunga Abanyarwanda: Kimwe mu bintu byasubiranye vuba vuba nyuma ya Jenoside ni imikino, amakipe yongera […]Irambuye

U Rwanda rumaze KWIBOHORA iki? Mu Ubucuruzi n’inganda

Ubucuruzi n’inganda byazahajwe cyane n’amateka y’u Rwanda mu myaka 20 ishize, byari bigoye kubona abashoramari mu gihugu kivuye muri Jenoside, muri iyi myaka 20 ishize nubwo hakiri byinshi byo gukosora ariko hari ibyagezweho bigaragara; * Umusaruro w’ibihingwa by’umucuri, urutoki, imyumbati n’ibigori wariyongereye ku buryo bugaragara, hashinzwe inganda zirenga 25 zitunganya umusaruro w’ibi bihingwa ahatandukanye mu […]Irambuye

U Rwanda rumaze KWIBOHORA iki? Mu Ubuzima

Urwego rw’ubuzima ruri mu zashegeshwe cyanena Jenoside, abaganga barishwe, ibikoresho birasahurwa, indwara z’ibyorezo zikurikira Jenoside, Ibikomere ku mubiri no ku mutima bikeneye ubuvuzi busanzwe n’ubwihariye…Byari bikomeye cyane gutangira. Ubu ubuzima bwateye intambwe igaragara.   * Ubwisungane mu Kwivuza (Mutuelle de Sante) , Umushinga watangijwe mu 1999 wari ugamije gutuma abanyarwanda bafatikanya kwishyura ikiguzi cyo kwa […]Irambuye

U Rwanda rumaze KWIBOHORA iki? Mu Ubukungu

Mu myaka 20 ishize u Rwanda ruvuye mu icuraburindi rya Jenoside, aya mateka mabi yatwaye abantu anangiza byose mu gihugu. Inzego z’ubuzima, ubukungu, imibereho y’abaturage, ubucuruzi n’inganda, imikino, imyidagaduro, uburezi, ubutabera, ububanyi n’amahanga byose byari bimeze nko gutangira bushya.  Tariki ya 04 Nyakanga 2014 u Rwanda rurizihiza imyaka 20 ishize u Rwanda rwibohoye, nyuma y’intambara […]Irambuye

en_USEnglish