Muri week end ishize abakozi n’abayobozi b’ikigo cya Business Development Fund (BDF) basuye urwibutso rwa Nyamata mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 20 Jenoside yakorewe Abatutsi, no kurushaho kumenya amateka ya Jenoside. Abakozi n’abayobozi b’iki kigo gifasha iterambere ry’imishinga itandukanye, basobanuriwe amateka y’aho ku kiliziya i Nyamata ahiciwe Abatutsi bagera ku bihumbi 10 mu […]Irambuye
Vision for a Nation Foundation is a UK-based charity working to fulfill the vision correction needs of under-served populations in the developing world. Our aim is to make low-cost eyeglasses, including adjustable eyeglasses, available to populations where access to eye care services is limited. Vision for a Nation Foundation in Rwanda is the first national […]Irambuye
Nashatse umugore umyaka ine irashize tutarabyara none yambwiye ko bamuzinze ibyo bibaho mwokabyara mwe munsobanurire. Twagiye kwa muganga hose batubwira ko turi bazima ntako tutagize. Mugire inama nk’uko mujya muzigira abandi kuko nkunda gusoma iki kinyamakuru cyane amazina yanjye ni Karibwami. MurakozeIrambuye
Ikipe ya AS Muhanga ntiyigeze igera ku kibuga cya Stade ya Kigali i Nyamirambo, ibi byatumye iterwa mpga y’ibitego 3 – 0 maze APR FC yegukana igikombe cya shampionat bitayigoye, mu gihe mukeba Rayon Sports yo yari imaze kibasha gutsinda Musanze FC 2 – 1 ku kibuga cyo ku Mumena nta mufana n’umwe uhari. Rayon […]Irambuye
Rwirangira Alpha umwe mu bahanzi bakunzwe cyane mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba ubwo yegukanaga ibikombe bigera kuri 2 by’irushanwa rya Tusker Project Fame ku nshuro yaryo ya gatatu n’iya gatanu, yagarutse mu Rwanda mu biruhuko by’amezi agera kuri 3. Uyu muhanzi ubusanzwe uba muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ari naho akurikirana amasomo ajyanye na muzika, ku […]Irambuye
Aba bagabo ni Ngirababyeyi Jean w’imyaka 35 ukomoka mu kagari ka Karembure Umurenge wa Gahanga, Akarere ka Kicukiro, Ndagijimana Marc w’imyaka 38 ukomoka mu Kagari ka Ntura, umurenge wa Ntura, Akarere ka Rusizi na Sindikubwabo Jean Pierre w’imyaka 40 ukomoka mu Kagari ka Remera, Umurenge wa Nyamabuye akarere ka Muhanga. Aba bose bakaba barafatiwe mu […]Irambuye
Nyuma yo gutanga ubujurire mu kanama k’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda gashinzwe Discipline bamwe mu bayobozi ba Rayon Sports bari barahanwe kubera imyitwarire idahwitse yagaragaye nyuma y’umukino wabahuje na AS Kigali, bamwe bagabanyirijwe ibihano. Mu kiganiro, ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwagiranye n’abanyamakuru kuri iki cyumweru bwatangaje ko bushimishijwe no kugabanyirizwa ibihano nyuma yo kujurira. […]Irambuye
Kuri uyu wa gatanu tariki 2, Gicumbi, 2014, abayobozi, abakozi n’abanyeshuri b’ishuri rikuru ry’ikoranabuhanga rya Tumba (Tumba College of Technology) basuye urwibutso bwa Jenoside rwa Ntarama. Uru rwibutso rwasuwe rwahoze ari Kiliziya rwaguyemo Abatutsi basaga 5000 nk’uko byasobanuwe n’ubishinzwe niho Eng Gatabazi yavugiye ariya magambo yo gushishikariza abanyarwanda guhua imbaraga bakubaka igihugu cyabo kuko n’ubundi […]Irambuye
Ntezirizaza Jean de Dieu, mwene Hategekimana Donati na Mukanoheri atungwa kenshi n’amabuye n’ibyatsi bikamubera ifunguro ukwezi kose. Umusore w’imyaka 25 utuye mu Murenge wa Byumba mu gasantire ka Rugano arya ibiribwa bisanzwe akaribwa agataka cyane kubera umuryango we wakundaga guterekera. Avuga ko yabanje gutura Nyacyonga we n’umuryango we gusa inzara ibazahaje akarwara bwaki nibwo ise […]Irambuye
Mu gikorwa cyo kuganiriza urubyiruko rwiganjemo abana b’imfubyi baba mu Kigo Marembo, kuri uyu wa gatandatu tariki 3 Gicurasi 2014, Miss Rwanda 2014 Akiwacu Colombe ari kumwe n’umuhanzi Rutayisire Cherles babashyikirije inkunga igizwe n’ifu ya kawunga n’iy’igikoma isewe muri soya, akaba yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima. Iki kigo kitwa Marembo giherereye mu murenge wa […]Irambuye