Month: <span>May 2014</span>

BDF yasuye urwibutso rwa Nyamata yibonera amateka ateye ubwoba

Muri week end ishize abakozi n’abayobozi b’ikigo cya Business Development Fund (BDF) basuye urwibutso rwa Nyamata mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 20 Jenoside yakorewe Abatutsi, no kurushaho kumenya amateka ya Jenoside. Abakozi n’abayobozi b’iki kigo gifasha iterambere ry’imishinga itandukanye, basobanuriwe amateka y’aho ku kiliziya i Nyamata ahiciwe Abatutsi bagera ku bihumbi 10 mu […]Irambuye

2 JOBS Positions at Vision for a Nation Foundation, Kigali,

Vision for a Nation Foundation is a UK-based charity working to fulfill the vision correction needs of under-served populations in the developing world. Our aim is to make low-cost eyeglasses, including adjustable eyeglasses, available to populations where access to eye care services is limited. Vision for a Nation Foundation in Rwanda is the first national […]Irambuye

Umugore wanjye ngo baramuzinze

Nashatse umugore umyaka ine irashize tutarabyara none yambwiye ko bamuzinze ibyo bibaho mwokabyara mwe munsobanurire. Twagiye kwa muganga hose batubwira ko turi bazima ntako tutagize. Mugire inama nk’uko mujya muzigira abandi kuko nkunda gusoma iki kinyamakuru cyane amazina yanjye ni Karibwami. MurakozeIrambuye

APR FC yegukanye IGIKOMBE itavunwe n’umunsi wa nyuma

Ikipe ya AS Muhanga ntiyigeze igera ku kibuga cya Stade ya Kigali i Nyamirambo, ibi byatumye iterwa mpga y’ibitego 3 – 0 maze APR FC yegukana igikombe cya shampionat bitayigoye, mu gihe mukeba Rayon Sports yo yari imaze kibasha gutsinda Musanze FC 2 – 1 ku kibuga cyo ku Mumena nta mufana n’umwe uhari. Rayon […]Irambuye

Alpha Rwirangira yagarutse mu Rwanda mu biruhuko

Rwirangira Alpha umwe mu bahanzi bakunzwe cyane mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba ubwo yegukanaga ibikombe bigera kuri 2 by’irushanwa rya Tusker Project Fame ku nshuro yaryo ya gatatu n’iya gatanu, yagarutse mu Rwanda mu biruhuko by’amezi agera kuri 3. Uyu muhanzi ubusanzwe uba muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ari naho akurikirana amasomo ajyanye na muzika, ku […]Irambuye

Abagabo 3 bari mu maboko ya Polisi kubera ubwambuzi bushukana

Aba bagabo ni Ngirababyeyi Jean w’imyaka 35 ukomoka mu kagari ka Karembure Umurenge wa Gahanga, Akarere ka Kicukiro, Ndagijimana Marc w’imyaka 38 ukomoka mu Kagari ka Ntura, umurenge wa Ntura, Akarere ka Rusizi na Sindikubwabo Jean Pierre w’imyaka 40 ukomoka mu Kagari ka Remera, Umurenge wa Nyamabuye akarere ka Muhanga. Aba bose bakaba barafatiwe mu […]Irambuye

Bamwe mu bayobozi ba Rayon Sports bagabanyirijwe ibihano

Nyuma yo gutanga ubujurire mu kanama k’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda gashinzwe Discipline bamwe mu bayobozi ba Rayon Sports bari barahanwe kubera imyitwarire idahwitse yagaragaye nyuma y’umukino wabahuje na AS Kigali, bamwe bagabanyirijwe ibihano. Mu kiganiro, ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwagiranye n’abanyamakuru kuri iki cyumweru bwatangaje ko bushimishijwe no kugabanyirizwa ibihano nyuma yo kujurira. […]Irambuye

Abanyarwanda nibo bagomba kwiyubakira umuryango wabo basenyuye- Eng. Pascal Gatabazi

Kuri uyu wa gatanu tariki 2, Gicumbi, 2014, abayobozi, abakozi n’abanyeshuri b’ishuri rikuru ry’ikoranabuhanga rya Tumba (Tumba College of Technology) basuye urwibutso bwa Jenoside rwa Ntarama. Uru rwibutso rwasuwe rwahoze ari Kiliziya rwaguyemo Abatutsi basaga 5000  nk’uko byasobanuwe n’ubishinzwe niho  Eng Gatabazi yavugiye ariya magambo yo gushishikariza abanyarwanda guhua imbaraga bakubaka igihugu cyabo kuko n’ubundi […]Irambuye

Gicumbi: Umuturage azwiho kurya amabuye n’ibyatsi kubera kurogwa

Ntezirizaza Jean de Dieu, mwene Hategekimana Donati na Mukanoheri atungwa kenshi n’amabuye n’ibyatsi bikamubera ifunguro   ukwezi kose. Umusore w’imyaka 25 utuye mu Murenge wa Byumba  mu gasantire ka Rugano  arya  ibiribwa bisanzwe akaribwa  agataka cyane kubera umuryango we wakundaga  guterekera. Avuga ko yabanje gutura Nyacyonga we n’umuryango we   gusa inzara ibazahaje akarwara bwaki nibwo ise […]Irambuye

Miss Rwanda arasaba urubyiruko kugira intego mu buzima

Mu gikorwa cyo kuganiriza urubyiruko rwiganjemo abana b’imfubyi baba mu Kigo Marembo, kuri uyu wa gatandatu tariki 3 Gicurasi 2014, Miss Rwanda 2014 Akiwacu Colombe ari kumwe n’umuhanzi Rutayisire Cherles babashyikirije inkunga igizwe n’ifu ya kawunga n’iy’igikoma isewe muri soya, akaba yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima. Iki kigo kitwa Marembo giherereye mu murenge wa […]Irambuye

en_USEnglish