Month: <span>January 2014</span>

Muri ADEPR hongeye kuvugwa amakimbirane

Hashize igihe kinini havugwa amakimbirane mu itorero rya ADEPR cyane cyane mu buyobozi bukuru ariko noneho amakimbirane ubu yaba yageze no mu bakirisitu n’ubwo abayobozi b’iri torero baherutse kuvuga ko aya makimbirane yarangiye. Mu kwezi kwa Nzeri 2013, muri paroisse ya Kacyiru k’umudugudu wa Kanserege hatangiye kugaragara umwuka mubi bivuye ku mu Pasiteri Octave Rukundo […]Irambuye

“Navuze ko nteganya kuzarushinga ariko si vuba”- Alpha

Mbere yo gusubira ku ishuri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Alpha Rwirangira umwe mu bahanzi bakunzwe cyane mu njyana ya Afrobeat muri aka Karere k’Afurika y’Iburasirazuba yatangaje ko ibivugwa ko yaba agiye gushinga urugo, ababivuga bihuse cyane. Ibi yabitangaje mu ijoro ryacyeye ahagana i saa munani z’injoro, ubwo yari yerekeje USA nyuma y’ibyumweru […]Irambuye

Ababyeyi bahangayikiye abana babo banyoye amata y’inganda zafunzwe

Nyuma y’uko Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kugenzura ubuziranenge (RBS) gihagarikiye uruganda rwa Rubirizi n’urwa Nyanza zatunganyaga amata, ndetse kigasaba ko abaranguza, abacuruzi n’abaguze amata yakorwaga n’izo nganda bayajugunya yagaragayemo udukoko dufite ingaruka ku buzima bwa muntu, ababyeyi bari barayahaye abana babo ngo barahangayitse cyane. Zechariah Mbanda, umubyeyi w’abana babiri avuga ko n’ubwo inganda zafunzwe bo […]Irambuye

Uganda: Umugore yagiye gusenga asanga bamusambanyirije umwana

Umugore utuye ahitwa  Ssaagalankoko mu gace  ka Goma ho mu gihugu cya Uganda ari mu gahinda kenshi nyuma yo kujya gusenga amasengesho asoza umwaka  yagaruka agasanga umwana we  w’imyaka ine yasambanyijwe n’umugabo wasinze. Uyu mugore  witwa Kyomugisha avuga ko yagiye gusenga umwana akamusigira bakuru be babiri barangiza  bagasinzira umugabo witwa Ben Ssemivumbi akabinjirana agasambanya  umwana […]Irambuye

Rubavu: Abatwara Taxi n'ubuyobozi bw'Akarere ntibavuga rumwe ku byapa

Mu Mujyi wa Gisenyi abashoferi n’abagenzi baratunga urutoki ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu kuba bugenda biguru ntege mu gukemura ikibazo cya za Parikingi, n’ibyapa by’amatagisi kuko ngo gare imwe n’ibyapa bihari bidatuma batanga serivisi nziza kubaturage kandi ngo n’iyo bamwe bahagaraye aho babonye, polisi nayo irahabasanga ikabahana, mu gihe umuyobozi w’Akarere we avuga ko icyo kibazo […]Irambuye

Ubuholandi buzaburanisha abakekwaho Jenoside babonye ubwenegihugu

Minisitiri w’Ubuhorandi ushinzwe Abinjira n’abasohoka, Umutekano ndetse n’Ubutabera Fred Teevens yatangaje Ubuholandi bwiteguye kohereza abakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bari muri iki gihugu ariko ababonye ubwenegihugu bw’iki gihugu bakazaburanishirizwa mu Buholandi. Teevens  wasuye u Rwanda kuri uyu wa mbere tari 6 Mutarama 2014 yavuze ko mu ri iki gihugu harimo Abanyarwanda basaga 20 […]Irambuye

“Umugore akeneye kumenya umuhamagaro we”- Diane Nkusi

Mu kiganiro Umuhanzikazi Diane Nkusi yagiranye  n’abanyamakuru kuri iki  cyumweru tariki  ya 5/1/2014  yatangaje ko bitewe n’umuco Nyarwanda umugore  yisubiza inyuma bigatuma atamenya umuhamagaro we uko bikwiye. Ibi Diane  yabivuze  bitewe n’igiterane  arimo gutegura kizaba  tariki   ya 12/1/2014 muri HOTEL SERENA. Iki giterane  cyiswe  “WOMEN  DESTINY in 12 prophetic ” tugereranyije mu Kinyarwnda  “ umugore […]Irambuye

Kuwa 07 Mutarama 2014

Uyu munsi mu Rwanda haratangizwa imyiteguro yo kwitegura kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994.  Icyunamo nyirizina kizatangizwa kuwa 07, Mata 2014.  Aha ni ku rwibutso rw’abishwe bajugunywe mu mazi ya Nyabarongo. Ni muri Ngororero wambuka ikiraro cya Nyabarongo. ububiko.umusekehost.comIrambuye

Musanze: Abagizi banabi bateye kwa Mayor bica umwana we

Ahagana saa kumi n’ebyiri n’igice ku mugoroba wo kuri uyu wa 06 Mutarama, abagizi ba nabi bateye grenade mu rugo rwa Mayor w’Akarere ka Musanze ruri mu Murenge wa Muhoza, Akagali ka Ntenge, Umudugudu wa Giramahoro iyi grenade yishe umwana yareraga ndetse ikomeretsa n’umukozi we w’umukobwa. Muri uyu mugoroba, mu gihe Mpembyemungu Winifrida, umuyobozi w’Akarere […]Irambuye

Angela Merkel yavunitse igufa mu nyonga y’itako muri Ski

Chancellier w’Ubudage Angela Merkel yavunitse igufa ryo mu nyonga y’itako ari muri sport yo kwishimisha yitwa Ski mu gihugu cy’Ubusuwisi nkuko byatangajwe n’umuvugizi we. Steffen Seibert umuvugizi we yavuze ko uyu muyobozi  wa guverinoma y’Ubudage agomba kumara ibyumweru bigera kuri bitatu aryamye kugirango akire, ibi bikaba byasubitse gahunda nyinshi z’akazi yagombaga gukora. Usibye imvune mu […]Irambuye

en_USEnglish