Digiqole ad

Kuwa 07 Mutarama 2014

Uyu munsi mu Rwanda haratangizwa imyiteguro yo kwitegura kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994.  Icyunamo nyirizina kizatangizwa kuwa 07, Mata 2014.  Aha ni ku rwibutso rw’abishwe bajugunywe mu mazi ya Nyabarongo. Ni muri Ngororero wambuka ikiraro cya Nyabarongo.

Tuzahora tubibuka iteka
Tuzahora tubibuka iteka
Ntibizongere akundi haba mu Rwanda cyangwa ahandi hose ku Isi.
Ntibizongere ukundi haba mu Rwanda cyangwa ahandi hose ku Isi.

ububiko.umusekehost.com

en_USEnglish