Month: <span>July 2013</span>

RGB yamuritse ubushakashatsi bugaragaza ko u Rwanda rwateye imbere mu

Ubushakashatsi ngaruka mwaka bushingiye ku byegeranyo bikubiye mu byiciro (indicators) umunani bikuru, bwitwa “Rwanda Governance Scorecard” bugakorwa n’ikigo cy’u Rwanda gishinzwe imiyoborere (RGB) buragaragaza ko u Rwanda rumaze gutera imbere mu miyoborere myiza kabone n’ubwo hari ibice bimwe na bimwe bikiri hasi nko gutanga amakuru, ariko byose nta na kimwe kiri munsi ya 50%. Ubwo […]Irambuye

RGB yamuritse ubushakashatsi bugaragaza ko u Rwanda rwateye imbere mu

Ubushakashatsi ngaruka mwaka bushingiye ku byegeranyo bikubiye mu byiciro (indicators) umunani bikuru, bwitwa “Rwanda Governance Scorecard” bugakorwa n’ikigo cy’u Rwanda gishinzwe imiyoborere (RGB) buragaragaza ko u Rwanda rumaze gutera imbere mu miyoborere myiza kabone n’ubwo hari ibice bimwe na<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/rgb-yamuritse-ubushatsi-bugaragaza-ko-u-rwanda-rwateye-imbere-mu-miyoborere/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Rwarakabije aremeza iby’abaryamana bahuje ibitsina mu magereza

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 30 Nyakanga, Komiseri mukuru w’amagereza Paul Rwarakabije yavuze ko nko muri sosiyete hanze muri gereza naho havugwamo iby’abaryamana bahuje ibitsina, ibi ngo bituruka ahanini ku kuba baba hari ibyo babuze batabonera muri gereza. Hamaze iminsi havugwa ko SIDA mu magereza yaba imaze gufata intera ndende bivuye ku busambanyi bw’abahuje […]Irambuye

Itorero ry'Abanyarwanda biga mu mahanga ryafunguwe i Gako

Bugesera – Abanyeshuri bagera kuri 276 biga mu mashuri yo hanze y’igihugu cyabo cy’u Rwanda nibo bateraniye mu itorero mu kigo cya gisirikare i Gako, aha bahahererwa amasomo mboneragihugu, amateka, n’icyerekezo igihugu cyabo kirimo. Ryafunguwe kuri uyu wa 30 Nyakanga n’abayobozi batandukanye. Iri torero ryatangiye kuwa 28 Nyakanga, aba banyeshuri bazamara ibyumweru bibiri bahugurirwa kwitwara […]Irambuye

Rwarakabije aremeza iby’abaryamana bahuje ibitsina mu magereza

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 30 Nyakanga, Komiseri mukuru w’amagereza Paul Rwarakabije yavuze ko nko muri sosiyete hanze muri gereza naho havugwamo iby’abaryamana bahuje ibitsina, ibi ngo bituruka ahanini ku kuba baba hari ibyo babuze batabonera muri gereza.<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/rwarakabije-aremeza-ibyabaryamana-bahuje-ibitsina-mu-magereza/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Single Customs Territory, igisubizo kw’itinda ry’ibicuruzwa

Kuwa 30 Nyakanga ku kigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro(RRA) hatangarijwe gahunda nshya yo kwihutisha ubucuruzi ndetse no korohereza abakoresha za Gasutamo mu ngendo zabo aho ubu u Rwanda, Uganda na Kenya bamaze kwemeranya guhuza gahunda za Gasutamo byose bikazajya bikorerwa ku cyambu cya Mombasa. Ibi bihugu uko ari bitatu byiyemeje  kwihutisha ibicuruzwa bizajya bigera ku cyambu […]Irambuye

Ese koko i Kigali hari abatanga umuti utanga akazi?

Mu mujyi wa Kigali hari aho uzasanga hamanitse amatangazo rimwe na rimwe usange yuzuyeho abantu bari kuyasoma. Uzasanga ikirimo cyane cyane gikurura abantu ari ngo « Tuguha umuti utanga akazi » Bene aba bavuga ko bakora ibintu bitangaje, ngo imiti itsirika imirima ntihagire uyisarura atari nyirayo, imiti izana abakiliya mu bucuruzi, ngo imiti yumvikanisha abatavuga rumwe….n’ibindi nk’ibi. […]Irambuye

Kigali: Gusabiriza bigiye guhanwa n’amategeko

Mu nama Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Fidel Ndayisaba yagiranye n’abayobozi b’ibitangazamakuru kuri uyu wa 30 Nyakanga, ikibazo cy’abasabiriza mu mujyi cyagarutsweho, aha Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali akaba yavuze ko iyi ngeso igiye gutangira guhanirwa n’amategeko. Fidel Ndayisaba yavuze ko gusabiriza bituruka ku bunebwe bwo gukora no gutekereza icyo gukora, usibye kuba biha umurage mubi abato […]Irambuye

Itorero ry’Abanyarwanda biga mu mahanga ryafunguwe i Gako

Bugesera – Abanyeshuri bagera kuri 276 biga mu mashuri yo hanze y’igihugu cyabo cy’u Rwanda nibo bateraniye mu itorero mu kigo cya gisirikare i Gako, aha bahahererwa amasomo mboneragihugu, amateka, n’icyerekezo igihugu cyabo kirimo. Ryafunguwe kuri uyu wa 30<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/itorero-ryabanyarwanda-biga-mu-mahanga-ryafunguwe-i-gako/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

U Rwanda, Iran na Afghanistan mu bifite abanyabyaha benshi muri

Ubuyobozi bukuru bushinzwe abinjira n’abasohoka mu gihugu cy’u Bwongereza bumaze gushyira ahagaragara icyegeranyo kivuga ko abantu 99 bandikiye uru rwego umwaka ushize basaba uburenganzira bwo kuhatura bakekwaho ibyaha by’intambara. U Rwanda, Iraq, Iran, Afghanistan, Libya, Serbia na Sri Lanka ni ibihugu biza ku isonga mu kugira abantu benshi bakekwaho ibyaha by’intambara babashize kugana uru rwego […]Irambuye

en_USEnglish