Month: <span>July 2013</span>

Ihurizo mu butabera, nimumfashe kuruca

Ku bwanditsi bw’ikinyamakuru Umuseke.rw, Mbanje kubasuhuza, Nkunze gusoma ikinyamakuru cyanyu kubera ko kigira inkuru zicukumbuye kandi zubaka. Ikintu nashimye cyane ni uko bigaragara ko gitanga ubwisanzure ku basomyi bagatanga ibitecyerezo ku nkuru, ku buryo hari igihe inkuru ikundwa cyane ukabona yatanzweho ibitecyerezo birenze mirongo itanu. Ikinteye kubandikira, ni ukubagezaho ihurizo nasanze ntagomba kwihererana. Iryo hurizo […]Irambuye

Nta bwoba ntewe no kuba ndi mu bahungu 4 ndi

Butera Jeanne d’Arc uzwi cyane muri muzika nka Knowless ku nshuro ya kabiri yitabira irushanwa rya PGGSS, kuri iyi nshuro niwe mukobwa wenyine, muri week end yakomeje muri batanu ba nyuma. Aravuga ko nta bwoba bimuteye kuba akomeje guhangana n’abagabo wenyine. Ubushize muri PGGSS II, Knowless yatiwaga umurindi n’umuhanzikazi Young Grace, bombi bari bashyigikiranye ndetse […]Irambuye

Imyitwarire y’ikipe y’igihugu ya Taekwondo itanga icyizere

Ubuyobozi bw’ikipe y’igihugu y’umukino wa Taekwondo ikubutse mu mikino y’igikombe cy’isi cyabereye muri Mexico, aho yatahanye umwanya 6 muri Africa n’umwanya wa 40 kw’isi mu bihugu 168 byitabiriye iri iyo mikino, mu kiganiro bwagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa mbere tariki 29 Nyakanga bwavuze ko uyu mukino utanga ikizere. Martin Koonse umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umukino wa Taekwondo, […]Irambuye

Niyonzima Piyo arasaba kurenganurwa na buri wese ubishoboye

Umuturage witwa Niyonzima Piyo amaze imyaka irenga ine (4) asaba urukiko rw’Ibanze rwa Busasamana, mu Karere ka Nyanza kumusubiza amafaranga 1 266 300 y’ingwate yatanze mu rubanza yarezwemo na Coperative yo kubitsa no kuguriza UCT/Nyanza akaza kuyitsinda. Nk’uko Niyonzima<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/niyonzima-piyo-arasaba-kurenganurwa-na-buri-wese-ubishoboye/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Sinigeze mvuga ko Knowless ari umuswa – Kamichi

Bagabo Adolphe uzwi cyane ku izina rya Kamichi nyuma y’aho asezerewe mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star3 akaza gutangaza ko yemeye intsinzwi ariko ko yibaza uburyo abahanzi bamwe bakomeje, yaje gucisha ubutumwa k’urubuga rwe rwa facebook. Mu butumwa bwe yagize ati “Sinigeze mvuga ko Knowless ari umuswa bwimbi mu kuririmba. Nagize nti “maybe […]Irambuye

30 Nyakanga 2013

Aya ni amatara yo kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, niyo amurika nijoro mu gihe hari imikino cyangwa ibindi bihabera. Hambere ntayari ahari atunganye. Photo/p Muzogeye Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/30-nyakanga-2013/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Mandela ari koroherwa

Nubwo atameze neza, ariko umukambwe Nelson Mandela nibura ubu ngo akomeje kugaragaza ibimenyetso byo koroherwa nkuko byatangajwe kuri uyu wa kabiri n’ibiro by’umukuru w’igihugu cya Africa y’Epfo. Umuvugizi wa Perezida Jacob Zuma yagize ati “ Perezida Zuma yasabye abaturage<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/mandela-ari-koroherwa/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Bumbogo: Ikibazo cy’amazi cyari cyarabaye akari aha kajyahe cyakemutse

Nyuma yo kwinuba no kwijujuta by’abaturage bo mu Murenge wa Bumbogo, Akarere ka Gasabo kubera kutagira amazi meza, kuri uyu wa 29 Nyakanga ikibazo cyabo cyakemutse. Abaturage bagiye kujya bakura amazi hafi . Abaturage bahawe umuyoboro w’amazi wa kilometero 17 watwaye miliyoni zisaga maga cyenda (900 000 0000 Frws), wubatswe ku bufatanye n’abaturage. Abatuye Umurenge […]Irambuye

Icyo uzaba cyo ntaho kijya – Fireman

Uwimana Francis Ivan Rachid uzwi cyane ku izina rya Fireman cyangwa Kibiriti nyuma yo kugaragara mu bahanzi 6 basezerewe mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star3 aratangaza ko yababajwe no kuvamo ariko ngo buryo icyo umuntu azaba ntaho<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/icyo-uzaba-cyo-ntaho-kijya-fireman/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Muhanga: Abasigajwe inyuma n’amateka bemerewe amashanyarazi

Abasigajwe inyuma n’amatekabo mu mudugudu wa Nyarutovu, akagali ka Gitarama, mu murenge wa Nyamabuye i Muhanga, bahawe icyizere ko bagiye guhabwa umuriro mu gihe cy’amezi abiri uvuye none. Umuryangowa Nancy Uslan, wo muri Leta ya New Jersey muri USA,<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/muhanga-abasigajwe-inyuma-namateka-bemerewe-amashanyarazi/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

en_USEnglish