Month: <span>March 2013</span>

Serugaba Eric aragaya Kiyovu Sports kumutererana mu mvune

Uyu mukinnyi wa Kiyovu wavunitse tariki 12 Mutarama 2013 ku mukino wa shampionat yahishuriye Umuseke.com ko mu mvune arimo ikipe ye ntacyo yamufashije. Yavunitse bakina n’ikipe ya Musanze FC, nubwo ubu ngo ari kugenda yoroherwa ariko ngo Kiyovu ntabwo yamwitayeho nk’umukinnyi usibye no kuba abakinira anabereye abandi captain. Serugaba ati “ Ndabizi ko baba bafite […]Irambuye

Nyabugogo: Yagwiriwe n’ibirahure bipima toni biramuhitana

Kugicamunsi cyo kuri uyu wa 5 Werurwe ahagana saa munani n’igice, nibwo Dusabimana Jean Bosco wabarizwaga muri koperative Abahuzangufu y’abakarani-ngufu ikorera Nyabugogo, yagwirwe n’ibirahure yapakururaga mu ikamyo yari ibivanye muri Tanzaniya, ahita agwa aho. Umwe mu bari hafi iyi mpanuka iba kuri nyakwigendera yabwiye Umuseke.com ko uyu Jean Bosco ikintu batwaramo ibirahure biba bigeza kuri […]Irambuye

Pastor P ari gutunganya Album ya Frederic Lerner

Producer Pastor P nyuma yo gukora album ya King James yakunzwe cyane yitwa ‘BIRACYAZA’ yatangaje ko ubu ari mu gihugu cy’Ubufaransa aho ari gukora album y’umuhanzi Frederic Lerner. Pastor P yabwiye Umuseke.com ko ubu ari gukorana n’umuhanzi Lerner uri gufata amashusho ya zimwe mu ndirimbo zizaba ziri kuri Album ye ari gutunganya. Frederic Lerner ni […]Irambuye

Nyuma y’imyaka 19 yihisha yatawe muri yombi akatirwa imyaka 25

Kuri uyu wa mbere tariki 04 Werurwe2013, Urukiko rw’ibanze rwa Kacyiru rukorera i Kibagabaga, mu Karere ka Gasabo, rwakatiye igihano cy’imyaka 25, umugabo witwa Ndagijimana Theophile wari warahinduye amazi akiyita Rwampogazi Theophile. Urukiko rwakatiye Ndagijimana Theophile gufungwa iyo myaka kubera uruhare yagize muri Genoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Yahoze atuye ku Kacyiru ndetse ngo yari […]Irambuye

Ngabo asarura Toni 2 z’ibishyimbo birimo ‘Fer’ aho yasaruraga 700Kg

Benjamin Ngabo umuhinzi wo mu karere ka Nyagatare kuri hegitari imwe, yezaga ibiro bigera kuri 700 by’ibishyimbo bisanzwe, aho atangiriye guhinga ibishyimbo bikungahaye ku butare (Fer) ubu kuri ubwo buso ahasarura toni hagati y’ebyiri n’eshatu z’ibi bishyimbo by’ingirakamaro cyane ku mubiri nkuko abitangaza. Mu mirima ye iri mu murenge wa Matimba, yahingangamo ibigori n’ibishyimbo, nyuma […]Irambuye

Burundi: Umunyamakuru Hassan Ruvakuki agiye kurekurwa

Hassan Ruvakuki umunyamakuru wa Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa mu ishami ry’igiswahili yaba agiye kurekurwa. Kuri uyu wa 4 Werurwe 2013 nibwo hasohotse itangazo rigenewe abanyamakuru ribasaba guhagarika imyigaragambyo kubera ko Ruvakuki agiye kurekurwa. Inkuru dukesha Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa iravugako Hassan Ruvakuki wari warakatiwe n’urukiko gufungwa ubuzima bwe bwose, nyuma akaza kujurira agakatirwa imyaka 3, agiye kurekurwa […]Irambuye

Inkomoko y’umugani “Si we Kamara”

Uyu mugani, bawuca iyo babonye umuntu wanze gukora icyo abandi bazashobora; ni bwo bagira, bati “Si we kamara, nimumwihorere abandi bazarukemura”. Wakomotse ku mugaragu wa Muvunyi wa Karema witwaga Kamara; mu ipfa ry’Ibisumizi bya Ruganzu; ahasaga umwaka w’i 1500. Kamara uwo yabayeho ku ngoma ya Ruganzu Ndoli, ari umugaragu wa Muvunyi wa Karema (akaremajwe n’ibyuma […]Irambuye

Sudani y’Amajyepfo mu kwigira ku bunararibonye bw’u Rwanda

Nkuko byatangajwe n’itsinda ry’abayobozi baturutse muri Sudani y’Amajyepfo bakora mu buyobozi bushinzwe kwegereza ubuyobozi abaturage, ngo baje kwiga uburyo u Rwanda rwegereje ubuyobozi abaturage bityo nabo bajye kubikoresha iwabo. Aba bayobozi bari rugendoshuri rw’iminsi irindwi, bavuga ko nyuma yo kwibonanira na Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu (MINALOC), bagasobanurirwa amateka y’igihe u Rwanda rwatangiye kwegereza ubuyobozi abaturage na […]Irambuye

Yaryamanye n'abagore 68 mbere yo gukizwa

Pasiteri Andriamasoa Hary wo mu Itorero Universal Church of Kingdom of God riherereye i Nyamirambo, ahamya ko Yesu wamuhaye agakiza yamukuye kure mu isayo ry’ibyaha, dore ko ngo yaryamanye n’abagore bagera kuri 68 mbere yo gukizwa, bityo akaba yumva ubu buhamya bwahindura benshi babwumva kuko nawe yabikize. Pasiteri Hary avuga ko yavutse se yaratandukanye na […]Irambuye

Kenya: Kenyatta aracyari imbere ya Odinga

Update 8.00/ 6 Werurwe: Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu, byatangajwe ko nyuma y’amajwi yabazwe yo mu biro by’itora 13,802 ahatandukanye mu gihugu, yatumye Uhuru Kenyatta agira ubu amajwi 2,804,269 naho Odinga akagira 2,210,505. Kugeza ubu ubakurikiye ni Mudavadi Musalia ufite gusa amajwi 335, 416 angana na 3%. Ubu Kenyatta abarirwaga amajwi 53% naho […]Irambuye

en_USEnglish