Month: <span>October 2011</span>

Amashusho y’indirimbo “Ndakubona” ya Tom Close yageze hanze

Umuhanzi Tom Close wegukanye igihembo cya Primus Guma Guma ubu uri muri Amerika aho yagiye gukorana indirimbo n’icyamamare muri muzika Sean Kingston, ubu noneho amashusho y’indi ndirimbo ye yise Ndakubona yageze ahagaragara. Ihere ijisho. [stream flv=x:/umuseke.com/wp-content/uploads/2011/10/NDAKUBONA BY TOM CLOSE.flv img=x:/umuseke.com/wp-content/uploads/2011/10/Tom.jpg embed=false share=false width=640 height=360 dock=true controlbar=over bandwidth=high autostart=true /]Irambuye

Koffi Annan avuga kuwasimbura Louis Moreno Okampo

Mandat y’umushinjacyaha mukuru w’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga Louis Moreno Ocampo izarangirana n’ukwezi k’Ukuboza 2011, ahazahita haba amatora y’ugomba kumusimbura. Uwahoze ari Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’abibumbye Koffi Atta Annan avuga ko ugomba gufata uyu mwanya agomba kuba ari umuntu wigenga rwose. Yashimangiye ko mu itorwa rye hadakwiye kuba ibyo we yise ‘amacenga ya Politiki mu gutora umuntu […]Irambuye

Abanyarwanda biga muri ANNAMALAI University bateranye mu kwikemurira ibibazo

Kuri iki cyumweru mu Ubuhinde(india) ahitwa CHIDAMBARAM ho muntara ya CHENAI muri leta ya TAMIL-NADU abanyeshuri b’abanyarwanda biga muri Kaminuza ya ANNAMALAI habereye ihuriro ryokwiga kubuzima, Imyigire n’ibindi bibazo bibareba aho bagiye gushaka ubwenge. Muri iri huriro habereye kandi igikorwa cyo kumurikira abanyeshuri, ubuyobozi bushya buyobora aba banyarwanda baga muri iyi Kaminuza bwatowe n’aba banyeshyuri […]Irambuye

Sebanani Crespo ntiyirukanwe muri APR kuko ari umuririmbyi

Umukinnyi akaba n’umuririmbyi Sebanani Emmanuel uherutse kwirukanwa mu ikipe ya APR amakuru atugeraho aremeza ko APR itamwirukanye kuko ari umuhanzi nkuko benshi babyemeza. Amakuru dukesha bamwe mu bari imbere mu ikipe ya APR aratubwira ko imvano yo kwirukanwa kwa Crespo ari imikino ihuza amakipe ya gisirikare yareye I Bujumbura mu kwezi kwa munani uyu mwana, […]Irambuye

Balotelli yarokotse inkongi mu nzu ye mbere yo gutsinda Man

Uyu rutahizamu yavanywe mu nzu ye ari muzima mu gihe yari imaze gufatwa n’inkongi y’umuriro, bikaba byarabaye mu ijoro ryo kuwa gatanu rishyira kuwa gatandatu amasaha make mbe yo gukina umukino na Manchester United. Mu gihe cy’iminota 30 ikipe y’abazimya umuriro yari imaze kuzimya inzu ya Mario Balotelli, yari yafashwe n’inkongi bitewe n’ibintu byaka (feux […]Irambuye

Impamvu zatumaga Gaddafi agomba gupfa /part1

Nkuko tubikesha umuhanga  akaba n’umwanditsi Jean Paul Pougala ufite ubwenegihugu bwa Kameruni , kuri ubu akaba ari umwarimu muri kaminuza yo mu busuwisi yitwa  Geneva school of Diplomacy;  mu isesengura rye yrimbitse aratangaza ko Gaddafi azize  igihombo yateje ibihugu by’iburayi muri gahunda ze yo guteza  imbere umugabane w’afurika. Mbere yuko tuvuga  kuri iri sesengura rya […]Irambuye

Sarkozy na David Cameron batonganye bapfa amaEURO

President w’Ubufaransa Nicolas Sarkozy na Ministre w’Intebe w’Ubwongereza David Cameron bateranya amagambo kuri iki cyumweru kubera ibyo Sarkozy yita kwivanga kw’Ubwongereza (UK) mu bihugu bikoresha ifaranga rya EURO. Mu nama yahuzaga abakuru b’ibihugu 27 bigize Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU)I Bruxelles, bigaga ku kibazo cy’ihungabana ry’ubukungu rihangayikishije Uburayi bwose by’umwihariko bimwe mu bihugu bigize uriya muryango […]Irambuye

Rayon sport yabonye inota rimwe ihavana akayabo

Kuri stade Amahoro mu mukino Rayon Sport yari yakiriye ikipe ya APR FC, urangiye amakipe yombi anganyije 2-2. Rayon Sport ikaba ntagushidikanya ihavanye amafaranga menshi bitewe n’umubare munini udasanzwe wabari baje kuri uyu mukino wishyurwaga amake 1000Frw. Ni umukino wari wahuruje imbaga y’abantu dore ko Stade Amahoro bitaherukaga ko ikubita ikuzura abantu baje kureba umupira […]Irambuye

Indirimbo iruhura ubwonko kurusha izindi ku isi nzima

Ikigo cy’ubushakashatsi ku bijyanye n’imitekerereze Mindlab International, cyashyize ahagaragara indirimbo 10 ziruhura ubwonko kurusha izindi ku isi dutuyeho. Ku mwanya wa mbere rero ntihagaragaye ho indirimbo zimenyerewe cyane nka “Someone Like You” ya Adele, cyangwa  “Watermark” ya Enya, ahubwo iyaciye agahigo ni indirimbo yitwa “Weightless“. Abantu benshi bava kukazi bananiwe, bagahitamo gukora douche cyangwa bakajya […]Irambuye

en_USEnglish