Month: <span>October 2011</span>

Ku cyicaro cya Police harimo kubera inama y’umunsi umwe n’abanyamakuru

Kuri uyu wa 28 Ukwakira 2011, ku cyicaro gikuru  cya Police y’igihugu ku Kacyiru harimo kubera inama ya Police n’abanyamakuru, iti: “ubufatanye bwa police b’itangazamakuru”. Avungura iyi nama  Deputy Inspector General of Police (DIGP) bwana Stanley Nsabimana yagejeje kubitabiriye iyi nama intego nyamukuru  za police y’igihugu ndetse anashimira itangazamakuru uko rifatanya na police kwigisha abaturage no […]Irambuye

Kampala coach yakoreye impanuka i Masaka ya Uganda iza Kigali

Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatanu, imodako yo mu bwoko bwa bus ya kompanyi Kampala Coach yakoze impanuka iva mu gihugu cya Uganda  yerekeza mu Rwanda, ubwo yari igeze i Masaka ho mu gihugu cya Uganda. Iyi mpanuka ikaba yahitanye umushoferi wari uyitwaye wenyine,  Yahya Ali ukomoka muri Tanzania. Abakomeretse cyane bavuriwe mu bitaro […]Irambuye

Impamvu zatumaga Gaddafi agomba gupfa /part3

Nkuko nari nabibasezeranije mu nyandiko zanjye z’ubushize ndagirango kuri iyi nshuru turebere hamwe igice cya nyuma cy’ impamvu Gaddafi yagombaga gupfa. Kubakurikiranye igice cya 1 n’icya 2 mwabonye ko ahanini impamvu nyamukuru yatumye Gaddafi aharanywa cyane na biriya bihugu byo mu burungerazuba bw’isi ndetse na Amerika  bikageza naho bimwivuganye byitwikiriye icyo bise NTC, inyungu bwite […]Irambuye

Abatuye Isi baruzura miliyari 7 mu byumweru bicye biza

Abatuye Isi bakomeje kwiyongera cyane. Ikigo cy’Umuryango w’abibumbye gishinzwe abaturage UN Population Division cyatangaje ko mu byumweru bicye biri imbere abatuye Isi baza kuzura neza Miliyari zirindwi. Kugeza ubu umubare w’abatuye ku mubumbe wisi ubarwa ni 6,999,208,256 harabura abantu batagera ku bihumbi 800 ngo umubare ube miliyari 7 zuzuye nkuko byemezwa na UN Population. Uyu […]Irambuye

Uwigize umuganga ngo abone uko azajya yikorera ku mabere y’abagore

Philip Winikoff umusaza w’imyaka 81 ukomoka muri leta ya Floride ho mu gihugu cya Leta Zunze ubumwe za Amerika wihinduye umuganga mu rwego rwo kugirango abone uburenganzira busesuye bwo kujya akora ku mabere y’abagore, yatawe muri yombi mu 2006, mu cyumweru gishize yabashije kumvikana n’urukiko ngo abe yagabanyirizwa ibihano. Uruba rwa internet Gentside.com rwatangaje iyi […]Irambuye

Ibimenyetso bishobora kukwereka ko umuhungu agukunda

Urukundo abantu benshi ntibakunda kurwerekana kimwe, kuko hari ababivuga hakaba n’abatinya kuvuga ko bakunze, ariko burya ngo ntirwihishira, iyo rwagufashe, rushobora kugutamaza. Abahanga mu kwiga imyitwarire y’abantu bashyize ahagaragara bimwe mu bishobora kukwereka ko umuhungu yakwihebeye. Ikimenyetso cya 1: Amagambo yihariye kuri wowe Burya iyo umuhungu akunda umukobwo biroroshye kubimenya niyo yaba atarabimubwira. Cyane cyane […]Irambuye

Abadepite basuzumye raporo isesengura raporo y’ibikorwa by’Urwego rw’Umuvunyi umwaka wa

Inteko rusange y’Umutwe w’Abadepite, kuri uyu wa gatatu tariki 26 ukwakira 2011 yateranye isuzuma raporo ya Komisiyo Politiki, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagore n’Abagabo mu Iterambere ry’Igihugu mu isesenguraga ryayo rya raporo y’ibikorwa by’urwego rw’Umuvunyi umwaka wa 2009-2010. Ibibazo n’inzitizi byagaragaye muri raporo y’Umuvunyi ya 2009-2010 nibyo Abadepite bagarutseho ubwo basuzuma isesengurwa ryakozwe kuri iyi raporo. Mu […]Irambuye

Inteko Rusange ya 36 ya UNESCO yarateranye inatora perezida w’inteko

“Iterambere rirambye n`umuco w`amahoro bizagerwaho twitaye ku burezi ,ubuhanga ,umuco no gusaranganya ubumenyi”. Ubu butumwa bwatanzwe na Madamu Irina Bokova Umuyobozi Mukuru wa UNESCO afungura ku mugaragaro inama y`inteko Rusange ya 36 ya UNESCO.  Inteko Rusange ya 36 y`ishami ry`umuryango w`abibumbye ryita ku burezi ubumenyi n`umuco(UNESCO) yatangiye imirimo yayo kuri uyu wa gatatu itora Perezida […]Irambuye

Rusizi:2 bafungiye gufata umugore ku ngufu no kumukata ku gitsina

Kuri station ya polisi ya Kamembe abagabo babiri barafunze bakekwaho kugira uruhare mu gufata ku ngufu umugore bakanamukomeretsa bikomeye ku myanya ndangagitsina, byarabereye mu kagali ka Kamashangi mu ijoro ryo ku tariki ya 19 /1o/2011 hafi yo ku kibuga cy’ indege cya Kamembe ho mu karere ka Rusizi. Nk’uko bitangazwa n ‘abaturanyi ba nyiri ugufatwa […]Irambuye

Abagororwa ba Karubanda mu marushnwa yo kurwanya ruswa

Mu ntara y’amajyepfo kuri uyu wakabiri tariki ya 25 Ugushyingo, hirya no hino habaye amarushanwa agamije ku rwanya ruswa. Mu karere ka Huye, abagororwa bo muri gereza ya Karubanda bitabiriye aya marushwa, bakaba nabo ngo nubwo bafunze bazi neza ibibi bya Ruswa dore ko na bamwe mubo bafunganywe ariyo bazira. Abagororwa ba Karubanda no mu […]Irambuye

en_USEnglish