Month: <span>August 2011</span>

Lithuania: Umuyobozi w’umujyi asyonyora imodoka ziparitse nabi

Arturas Zuokas ni umuyobozi w’umujyi wa Vilnius, umurwa mu kuru w’igihugu cya Lithuania agenda asyonyora imodoka zose abona ziparitse nabi. [pro-player width=’530′ height=’253′ type=’video’]http://www.youtube.com/watch?v=kDrolEVMBDQ[/pro-player] Nkuko tubikesha Euro News, uyu muyobozi yahisemo gushaka imodoka iri mu bwoko bwa za burende, nka zimwe tubona zirasa abantu muri za Libya, ariko we ahitamo kujyenda ayisyonyoza izindi modoka zihagaze nabi, aho […]Irambuye

Uyu si umufana ni umukunzi we wo mu bwana, baba

Ubwo yari yasubiye iwabo kwizihiza umunsi mukuru twagereranya n’umuganura, Rihanna ngo yahahuriye n’umukunzi we wo mu bwana, biravugwa ko bongeye gukomereza aho basubikiye bakiri bato. Uyu muhungu ngo hariya iwabo muri Barbados bamwita “Love God”  ubundi yitwa Negus Sealy. Uyu niwe wakundanye na Rihanna kera mbere y’uko Microphone imuhira, muri ibi bihe bye ari iwabo […]Irambuye

Tumenyane Party, igikorwa cy’urukundo cy’abahujwe na Facebook mu Rwanda

Mu mbuga za interineti zikunze guhurirwaho n’abantu benshi, Facebook ikomeje kuza ku isonga ku isi ndetse no mu Rwanda aho ingeri zose z’abantu ziganjemo urubyiruko, zikomeje kuhungukira inshuti n’abavandimwe ku buryo butandukanye. Nyuma yo gukomeza kwitabirwa na benshi, abubakiye ubucuti kuri Facebook, bifuje guhura amaso ku maso, maze ku gitekerezo cy’umwe muri bo uzwi ku […]Irambuye

D. Beckham yongereye igitonore cya Ferari mu modoka ze

David Beckham yakomeje kugaragaza ko akunda cyane umubare wa 7 ubwo yaguraga, muri week end ishize,  imodoka nshya akayandikishaho umubare 7. Umukobwa aherutse kubyara yamwise SEVEN Harper, mu gihe akiri kumwishimira nibwo niyi modoka yo mu bwoko bwa Ferrari 612 Scaglietti. Iyi modoka ihagaze agera ku $300,000 (182,100,000 Rwfs), izina 7 ry’umukobwa ndetse n’umubare karindwi […]Irambuye

Dicaprio na Johnny Depp nibo binjije menshi kurenza abandi

Nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru “forbes” gisanzwe gisohora abanyamitungo itandukanye kurusha abandi buri mwaka, ubu nabwo cyashyize ahagaragara abakinnyi ba film baherutse kwinjiza amafaranga menshi muri Hollywood. Abagaragara kuri uru rutonde ni “Leonardo DiCaprio”  na “Johnny Depp”. Nyuma yo gukina muri film nka «Shutter Island » et « Inception », Leonardo ngo yaba yarinjije akayabo kagera kuri […]Irambuye

Ibigo Nderabuzima 14 byafunzwe na ministeri y’ubuzima

Ibigo nderabuzima 14 byigenga bibarizwa mu turere 5, bimaze gusuzumwa na na ministeri y’ubuzima, muri gahunda yayo yo kugenzura imikorere n’isuku y’ibi bigo nderabuzima by’igenga hirya no hino mu gihugu, byahise bifungwa. Ministeri y’ubuzima ikaba ivugako iyo ibi bigo bifunzwe, imirimo byakoraga ikomeza gukorwa n’amavuriro yujuje ibisabwa ari muri utwo turere. Ibyo bigo biamaze gufungwa […]Irambuye

Amapikipiki 10 anyaruka kurusha ayandi ku isi

Mu mapikipiki (Moto) dusanzwe tubona, burya ngo hari ashobora kunyaruka, kurusha n’amamodoka menshi, umuvuduko wizi moto ngo ntabwo usanzwe ku bazirebesha amaso. Amwe muri ayo atondetse ku buryo bukurikira, nkuko tubisoma ku rubuga rwa internet yahoo.com Suzuki Hayabusa, 397 km/h  2. MTT Turbine Superbike, 370 km/h  3. Ducati Desmosedici RR, 302 km/h 4. MV Agusta F4 100 CC, […]Irambuye

Will Smith na Madamu Jada berekanye inzu yabo nshya i

Uyu muryango w’aba bakinnyi bamafilm bazwi muri Hollywood, Will Smith na Jada Pinkett, bafunguye imiryango y’inzu yabo y’akataraboneka nshya  iri ahitwa Malibu, muri Los Angeles, California. Iyi nyubako yubatse ahanini mu mbaho, ifite ubunini bwa 25,000sq meters, ikaba ngo yarubatswe ku buryo Jada Pinkett madamu wa Smith akunda cyane. Iyi nzu uyu muryango ngo urayishimiye […]Irambuye

“Imikorere idahwitse y’abayobozi ishobora kuba intandaro ya ruswa n’akarengane”

Umuryango nyarwanda utegamiye kuri Leta, Transparency Rwanda, uratangaza ko kuba bamwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze badaha cyangwa se bagatinza serivisi baba bagomba guha abaturage bayobora, ari imwe mu mpamvu z’intandaro ya Ruswa n’akarengane ku baturage, hatibagiwe no guhemukira Leta iba yarabaye akazi. Ibi byose bikaba ngo bigomba kurwanywa. Ibi ni ibyatangajwe ku wa kabiri tariki […]Irambuye

Bokota Labama aragera i Kigali kuri uyu wa kane nyuma

Amakuru dukesha Olivier Gakwaya umuvugizi wa Rayon Sport, ni uko biteganyijwe ko Bokota Labama agera i Kigali kuri uyu wa kane, nyuma yo kubura indege imuvana i Kinshasa aje, kumvikana bwa nyuma n’ikipe ya Rayon Sport. Nubwo atavuye neza muri Rayon Sport muri season ya 2007-2008, ubwo yafataga umwanzuro wo kwerekeza muri APR, biteganyijwe ko […]Irambuye

en_USEnglish