Tags : SIDA

Gukora urukingo rwa VIH/SIDA byahagaritswe, ngo nta nyungu z’ubukungu zirimo

Corrine Tregr uyobora ikigo cyo mu Bufaransa cyakoraga urukingo rw’agakoko gatera SIDA yabwiye abanyamakuru ko bahawe amabwiriza yo guhagarika ubushakashatsi n’ibikorwa byo gukora uru rukingo, kuri we abona ko hari inyungu z’amafaranga zihishe inyuma kuruta inyungu zo kwita ku barwayi. Ikinyamakuru 20 Minutes kivuga ko abahanga bo mu kigo cy’ubushakashatsi kitwa Biosantech bakoraga urukingo rwa […]Irambuye

Tanzania yinjiye mu bihugu bizajya bihabwa umuti wa SIDA ku

Tanzania yabaye igihugu kinjiye muri gahunda yo guhabwa imiti igabanya ubwandu bw’agakoko gatera SIDA ku buntu ku nkunga ya America. Ambasaderi w’agateganyo wa America muri Tanzania, Virginia Blaser ni we watangije iyo gahunda ku mugaragaro. Yavuze ko iyo gahunda izagera ku bantu ibihumbi 800 igamije kugera ku ntego yo kugabanya ubwandu bw’agakoko gatera SIDA, ka […]Irambuye

USA: Bryan Jackson avuga uko Se umubyara yamuteye amaraso yanduye

 Bryan Jackson avuga ko Se yamuteye urushinge rurimo amaraso yatewemo agakoko gatera SIDA ubwo yari akiri muto ataruzuza umwaka avutse. Ubu afite imyaka 24. Amaze gukura yahanganye n’ihezwa ku ishuri, apfa amatwi kubera ingaruka z’imiti. Ubu yababariye Se kandi abayeho yishimye kuko yamenye Imana. Imiti no kurya neza byaramukomeje. Umubyeyi w’uyu musore yitwa Bryan Stewart […]Irambuye

Abagabo 300 000 nibo gusa bamaze gukebwa mu Rwanda

Abantu bagera kuri miliyoni 35 nibo babana n’ubwandu bw’agakoko gatera SIDA ku isi. Abasaga ibihumbi 300 muribo ni abanyarwanda,naho abagera ku bihumbi 130 muribo bafata imiti igabanya ubukana bwa SIDA. Gukebwa ku bagabo byagaragajwe nka kimwe mu bigabanya ibyago byo kwandura mu mibonano idakingiye. Abagabo bagera ku bihumbi 300 nibo bamaze gukebwa mu Rwanda kuva […]Irambuye

Abanduye SIDA nitwe dukwiye kugira uruhare mu kuyirwanya – Uwanduye

Kwandura agakoko gatera SIDA ntibivuze ko ubuzima buhagaze, gukurikiza inama zigenewe uwanduye, gufata imiti igabanya ubukana, kwigirira icyizere byose biherekejwe no gufata iyambere mu kuyirwanya ni bimwe mu byafasha uwanduye gukomeza gutwaza ubuzima kandi akaramba. Ni ibitangazwa na Euegene Rutagengwa udaterwa ipfunwe no kuvuga ko yanduye no kugira inama abameze nka we n’abatarandura kwirinda SIDA. […]Irambuye

Buri minota 30 mu Rwanda umuntu umwe aba yanduye agakoko

Kuri uyu wa gatanu ubwo Minisitiri w’ubuzima Dr Agnes Binagwaho n’abakozi b’iyi Minisiteri bari Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda basobanura uko ubwandu bushya bwa SIDA buhagaze mu Rwanda, bavuze ko muri iki gihe nibura buri minota 30 mu Rwanda umuntu umwe yandura agakoko gatera SIDA. Minisiteri y’ubuzima ivuga ko kugeza ubu abanyarwanda 226,225 bajya kungana […]Irambuye

Kurwanya SIDA birashoboka bivuye ku bayanduye  

Urugaga nyarwanda rw’ababana n’agakoko ka virusi itera SIDA (RRP+)  ruritegura kuzuza imyaka icumi, abaruyoboye batanagje uyu munsi ko urugamba rwo kurwanya SIDA rugikomeye ariko rushoboka mu gihe cyose abanduye bahagaze bakavuga ububi bw’iki cyorezo bakakirinda abandi. SIDA nta muti uyikiza ifite, nta n’urukingo rwayo ruraboneka, hari imiti yorohereza gusa uwayanduye. Ni indwara igihangayikishije isi, cyane […]Irambuye

en_USEnglish