Tags : Senderi International Hit

Senderi yahaye indirimbo y’ishimwe Perezida Kagame

*Amaze umwaka ayikora, ngo yaranayisengeye *Igaruka kuri Girinka, Mutuelle de santé, n’ibindi.. *Ati “ Nyimutuye nk’impano, nyimuhanye umutima mwiza, nizeye ko azayibona.” Iterambere mu bukungu, mu burezi, mu ikoranabuhanga, ibikorwa remezo, imibereho myiza y’abaturageni ibyo Senderi aririmba mu ndirimbo nshya yise ‘Komeza utuyobore’ indirimbo ngo amaze umwaka akora ngo azayiture Perezida Paul Kagame amushimira. Muri iyi […]Irambuye

Umwana wa Senderi Kevine Hit yatangiye ubuhanzi

Keza Kevine umwe mu bana ba Senderi International Hit ufite n’andi mazina menshi yitwa muri muzika, ku myaka 12 yashyize hanze indirimbo ye ya mbere yise ‘Ikizere’. Uwo mwana wahise ahabwa izina rya Se rya ‘Hit’, avuga ko ashaka gukora muzika ndetse anakurikirana amasomo ye ku buryo ngo ashaka kuba nka Tom Close. Kevine Hit […]Irambuye

Senderi ngo afite amatsiko n’impungenge ku Itorero ry’abahanzi rigiye kuba

Senderi International Hit umuhanzi w’udushya twinshi muri muzika nyarwanda  avuga ko afite impungenge zikomeye ku bahanzi bazitabira Itorero ribateganyijwe mu mpera z’uku kwezi. Abivuga abishingiye ku mibereho ngo asanzwe azi y’aba bahanzi. Ku wa 25 Kanama 2015 nibwo hateganyijwe gutangira Itorero ry’igihugu ryagenewe abahanzi gusa. Rizamara iminsi irindwi risozwe kuwa 02 Nzeri 2015. N’ubwo benshi mu bahanzi biteganyijwe […]Irambuye

Melodie na Senderi babwiye Knowless ko babona ahebuje ubwiza

Senderi International Hit umuhanzi umaze kugira abafana benshi kubera uburyo yitwara imbere y’abantu na Bruce Melodie umaze kugira izina rikomeye mu njyana ya R&B mu Rwanda bemeza ko batangazwa no kubona Knowless atazi ubwiza afite. Aba bahanzi bavuga ko mugenzi wabo Knowless ari umwe mu bakobwa beza cyane babona mu Rwanda. Ubwo bari mu irushanwa rya Primus Guma Guma […]Irambuye

PGGSS5: i Gicumbi uko byari byifashe

Irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star,rikomeye mu ya muzika kurusha andi mu  Rwanda kuri uyu wa gatandatu ryakomereye i Gicumbi. Iri rushanwa riri kuba kunshuro ya gatanu. Abantu bari benshi cyane mu mujyi wa Byumba baje kwakira abahanzi 10 bakunzwe kurusha abandi mu Rwanda. Ku nshuro ya gatanu irushanwa rya Primus Guma Guma ribaye, haribazwa umuhanzi […]Irambuye

PGGSS V: Abahanzi bagiye i Rusizi bagaragaza gutinyana

20 Werurwe 2015 – Mu rugendo rugana i Rusizi abahanzi 10 bagiye gutangirira ‘Road Shows’ mu karere ka Rusizi wabonaga basa n’abatinyanye, buri wese areba undi bagaseka ariko bafitanyemo akoba ko kurushanwa. Uyu mugoroba bararara i Rusizi aho bazataramira abaho ejo kuwa gatandatu. Uretse Knowless, Dream Boys, Eric Senderi International Hit 3D (yose avuga k […]Irambuye

en_USEnglish