Tags : SAVE THE CHILDREN

Rwanda: 24% by’abana nibo basoma rimwe mu kwezi…Kutarya ni imwe

*Abana 18% n’ababyeyi/abarezi 41% barya rimwe ku munsi, *Ababyeyi 68% ngo ikibazo ni ukubura umwanya, *Abana 5% ni bo batunga udutabo tw’Ikinyarwanda, 6% bakabasha kugera ku masomero. Ubushakashatsi bwakozwe n’Umuryango urengera abana, Save The Children ku muco wo gusoma mu Rwanda bugaragaza ko abana 24% ari bo bashobora gusoma nibura rimwe mu kwezi. Ubu bushakashatsi […]Irambuye

Barifuza ko 20% by’ingengo y’Imari y’igihugu yajya mu burezi

*Bishimiye ko abana bose bajya kwiga ariko ikibazo kiracyari mu bumenyi bahabwa, * Uko umwana apfira mu iterura no mu burezi ni ko bimeze *Ubusanzwe 12% by’ingengo y’imari niyo ashyirwa mu burezi Ihuriro ry’Imiryango itegamiye kuri Leta yita ku burezi RENCP (Rwanda Education NGOs Coordination Platform) riravuga ko ingengo y’imari ishyirwa mu burezi idahagije ndetse […]Irambuye

Save the Children irifuza ko abana bagira uruhare mu igenamigambi

*Abana bajyanwa mu miryango ngo ni bo bayikeneye si yo ibakeneye… Umuryango urengera uburenganzira bw’abana ‘Save the Children’ uvuga ko abana n’abaharanira uburenganzira bwabo bagomba kugira uruhare mu igenamigambi ry’ibikorwa bigomba kwitabwaho mu ngengo y’imari y’igihugu, bagatanga ibitekerezo by’ibigomba gukorerwa uru Rwanda rw’ejo. Umukozi ushinzwe guteza imbere uburenganzira bw’umwana muri Save the Children, Marcel Sibomana […]Irambuye

Save The Children irasaba Leta gukora ubushakashatsi ku gitera abana

Umuryango urengera abana, Save The Children uravuga ko buri wese akwiye kugira uruhare mu kwamagana ihohoterwa rikorerwa abana, igasaba Leta gukora ubushakshatsi ku kibazo gitera abana kuva iwabo bakajya mu mujyi, kuko ngo uko ikibazo gikemurwa bishobora kuba atari mu mizi. Amahirwe Denise  ukora muri Save The Children  nk’ushizwe kwita ku burenganzira bw’umwana yavuze ko […]Irambuye

Gicumbi: Umuryango UMUHUZA uri kubaka umuco wo gusoma mu basaga

Abana n’ababyeyi babo basaga ibihumbi 25, bo mu mirenge irindwi y’Akarere ka Gicumbi ikorerwamo n’Umuryango UMUHUZA barishimira ko gahunda yo gutoza abana n’ababyeyi babo umuco wo gusoma urimo kuzamura imitsindire n’imibereho yabo. Mu nama murikabikorwa yahuje ubuyobozi bw’umuryango UMUHUZA, umuryango “Save the Children” bakorana, n’abayobozi ku nzego zinyuranye bashinzwe uburezi n’imibereho myiza y’abaturage mu Karere […]Irambuye

Mahama: Umubano w’impunzi z’Abarundi n’Abanyarwanda wifashe neza

Impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Mahama iri mu karere ka Kirehe ntabwo zifunze zifite uburenganzira bwo gusohoka no gutembera hirya no hino mu gihugu nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bw’inkambi ya Mahama ngo ndetse n’umubano w’izi mpunzi n’Abanyarwanda baturanye n’iyi nkambi umeze neza. Ibi biranashimangirwa na bamwe mu mpunzi z’Abarundi bavuga ko icyo bakeneye gukura mu […]Irambuye

Kirehe: Impunzi z’Abarundi zugarijwe n’ikibazo cy’inkwi

Impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Mahama ihererye mu karere ka Kirehe mu Ntara y’Uburasirazuba, ziravuga ko zibangamiwe bikomeye n’ikibazo cy’inkwi zo gucanisha aho izo bahabwa zizamara ukwezi kose ngo zitacana n’iminsi itatu, ubuyobozi bw’inkambi bwo bukavuga ko butanga inkwi hakurikijwe ibipimo byashyizweho. Ukigera mu marembo y’inkambi ya Mahama iherereye mu karere ka Kirehe, ubona […]Irambuye

en_USEnglish