Tags : Rwandair

Inama y’Abaminisitiri yavanyeho John Mirenge wayoboraga Rwandair

Itangazo ry’imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri ryasohotse muri iki gitondo rigaragaza zimwe mu mpinduka mu buyobozi mu nzego n’ibigo bya Leta. Ivugwa cyane ni isimbuzwa rya John Mirenge wari umuyobozi wa Rwandair wasimbuwe by’agateganyo na Col Chance Ndagano hamwe n’umuyobozi w’Inama Nkuru y’Uburezi nawe wasimbuwe. John Mirenge yari amaze imyaka irindwi ari umuyobozi wa Rwandair, Kompanyi ubu […]Irambuye

Abadepite ntibumvikanye mu gutora itegeko ry’ikigo cy’indege za gisivile

*Impaka zavuye no ku kuba RCAA izagira amasezerano n’izindi sosiyete Umushinga w’Itegeko rivugurura imikorere y’Ikigo gishinzwe iby’indege za gisivile mu Rwanda wari umaze igihe unonosorwa na Komisiyo y’Ubukungu n’Ubucuruzi mu Nteko, kuri uyu wa gatatu wagombaga kwemezwa kandi ugatorwa n’Inteko rusange y’Abadepite ariko itora ryasubitswe nyuma y’uko ingingo ya gatanu yakuruye impaka abagize Komisiyo bakayisubirana bakava […]Irambuye

RwandAir igiye kujya ikora ingendo muri Zimbabwe

Kompanyi y’Indege y’u Rwanda, RwandAir igiye kujya igurukira mu kirere cyo muri Zimbabwa, indege zayo zikajya zigwa ku kibuga cy’indege gishya kitwa Victoria Falls International Airport gifite ibikoresho bigezweho. Umuyobozi Mukuru wa Rwandair, John Mirenge, yatangarije Tourism Update ibijyanye n’icyo cyemezo. Mirenge yagize ati “Tugiye kongera gukorana n’abafatanyabikorwa gukorera ingendo i Harare, ku kibuga cya […]Irambuye

RCAA ishinzwe iby’indege za Gisivile igiye kunganirwa n’ikindi kigo

Komisiyo y’Ubukungu n’Ubucuruzi mu nteko Ishinga Amategeko basuzumye umushinga w’itegeko rishyiraho Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe iby’Indege za Gisivili (RCAA) ushobora kuzagabanyiriza Inshingano iki kigo kikagumana ibyo gutanga amabwiriza yo gutwara abantu n’ibintu mu kirere, naho ibyo kuyashyira mu bikorwa bigahabwa ikindi kigo. Depite Bazatoha Adolphe uyoboye iyi komisiyo avuga ko business y’ubwikorezi bw’indege iri kwaguka bityo […]Irambuye

BREAKING NEWS: Airbus A330 -200 “Ubumwe” y’u Rwanda YAHAGEZE

*Izaza mu kwezi gutaha ngo niyo nini kuri iyi *Rwandair yari igiye kwegurirwa abikorera Perezida Kagame ajya inama yo kuyirekera Leta *Visi Perezida wa Airbus ati “u Rwanda rufite ikinyabupfura, ubushake n’intego mu byo rukora” *Mu myaka ibiri cyangwa itatu iri imbere n’ikibuga cy’indege kigezweho kizarangira – Musoni Hashize umwaka itegerejwe, ni indege ya mbere […]Irambuye

Rwandair yamaze kugaragaza amafoto y’indege nshya ya Airbus

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu, ikompanyi y’u Rwanda gutwara abantu mu kirere ‘Rwandair’ yatangaje amafoto y’imwe mu ndege zayo nshya zo mu bwoko bwa ‘Airbus A330 -200’. Iyi ndege yo mu bwoko bwa Airbus A330 -200 yiswe “Ubumwe” na ngenzi yayo A330 -300, biteganyijwe ko zizagera mu Rwanda mu mpera z’uyu mwaka. Rwandair yatangaje ko […]Irambuye

Etihad Airways na Ethiopian Airlines barahatanira 49% bya Rwandair

Ikigo cy’indege cya ‘Etihad Airways’ gifite icyicaro i Abu Dhabi, muri United Arab Emirates na Ethiopian Airlines barahatanira 49%  by’Ikompanyi y’u Rwanda yo gutwara abantu n’ibintu mu kirere “Rwandair”. Mu mwaka wa 2014, Guverinoma y’u Rwanda ari nayo mushoramari mukuru muri Rwandair yatangaje ko ikeneye umufatanyabikorwa uzafasha mu micungire no guteza imbere Rwandair, agahabwa 49% […]Irambuye

Igiciro cy’urugendo Kigali – Kamembe n’indege cyagabanyijwe

Nyuma y’iminsi ibiri Perezida Kagame asabye ko igiciro cy’urugendo Kigali – Kamembe n’indege za Rwandair ku banyarwanda kigabanywa, iyi sosiyete yahise itangaza igiciro gishya cyagabanutseho amadorari arenga 90$. Perezida Kagame ubwo yaganiraga n’abavuga rikijyana bo mu karere ka Rusizi na Nyamasheke mu ntangiriro z’iki cyumweru dusoje yababwiye ko yasabye ko igiciro cy’urugendo n’indege hagati ya […]Irambuye

en_USEnglish