Tags : Ruhango District

Akarere ka Nyamagabe karishinja uburangare mu rupfu rw’umunyeshuri warohamye

Kuri uyu wa kabiri mu Karere ka Ruhango hashyinguwe umurambo w’umwana w’umunyeshuri Gasiga Desire wari uri mu bizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye warohamye mu kizenga kiri mu Karere ka Nyamagabe hafi y’aho yigaga, Ubuyobozi bw’aka karere bwavuze ko nyakwigendera azize uburangare bwabo (akarere). Nyakwigendera Desire Gasiga w’imyaka 19 yari ari gukora ibizamini bya Leta […]Irambuye

Ruhango: Abarangije Kaminuza  badafite akazi bari kwigishwa guteka

*Biteganyijwe ko nibasoza aya masomo bazahabwa Miliyoni Eshanu kuri buri muntu… Abarangije icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu mashami atandukanye batari babona akazi, bari kwiga guteka  mu ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro (Mpanda Vocation Training Center), bavuga ko bizeye kubona akazi kuko babona ishoramari ry’amahoteli riri gutera imbere mu Rwanda no mu karere. Biteganyijwe ko nibasoza aya […]Irambuye

Ruhango: Abagabo barasabwa ‘gutanga Care’mu rugo

Ku munsi mpuzamahanga w’abagore mu karere ka Ruhango ku cyumweru tariki ya 8 Werurwe, Umuyobozi w’aka karere Mbabazi Francois Xavier yasabye abagabo gufata neza abagore babo bakamenya ‘gutanga care’, hagamijwe gutahiriza umugozi umwe mu kubaka igihugu. Mu murenge wa Mwendo hahuriye abaturage b’akarere ka Ruhango batandukanye baturutse mu mirenge yo hirya no hino mu Karere, […]Irambuye

en_USEnglish