Tags : Rayon Sport

Iyo ushaka kwihuta ujyenda wenyine, iyo ushaka kugera kure ujyana

*Kagame yasuhuje ab’i Nyanza n’AbaRayon Sports *Ikizwi kizava mu matora ni “ukugera aheza” *Amashyaka yiyunze na RPF “yarebye kure” Ku isaha ya saa munani n’iminota 20, Perezida Paul Kagame Umukandida wa RPF-Inkotanyi yari ageze i Rwabicuma mu kagari ka Mushirarungu mu mudugudu wa Kirwa, mu gikorwa cya kabiri cyo kwiyamamaza, yasabye ab’i Nyanza gukorana bakagera […]Irambuye

Gukunda igihugu si ukwerekana imisozi myiza ni ibikorwa ugikorera

Déo Nkusi ushinzwe guhuza ibikorwa mu rwego rw’igihugu y’intwari impeta n’imidari by’ishimwe yanenze abayobozi mu nzego za Leta barya imari ya Leta kandi iba yarabahaye ibyo bakeneye byose. Kuri we ngo bariya bantu ntibakwiriye kwihandagaza ngo bavuge ko bakunda igihugu kandi bagisahura. Hari mu kiganiro yagiranye n’Umuseke mu rwego rwo kumenyesha abanyarwanda uko imyiteguro w’Umunsi […]Irambuye

Rayon yatomboye iyo muri S.Sudan, APR itombora iyo muri Zambia

Amakipe azahagararira u Rwanda mu irushanwa ry’amakipe yatwaye ibikombe mu bihugu byayo ku mugabane w’Afurika (CAF Confederation Cup na CAF Champions League) yamaze gutombora ayo azakina na yo ku mikino yayo ya mbere. APR FC izahura na Zanaco yo muri Zambia naho Rayon Sport ihure na Al Salam Wau yo muri Sudani y’Epfo. APR FC yamaze […]Irambuye

Inama rusange ya Rayon Sports isubitswe kabiri izaba ku cyumweru

*Muri iyi nama Ubuyobozi bwa Komite y’abanyamuryango bushobora guhinduka cyangwa bukagumaho. Mu kiganiro Umuseke wagiranye n’umuvugizi w’umuryango wa Rayon Sports Longin Nkundimana yavuze ko noneho kuri iki cyumweru hari inama rusange y’uwo muryango. Iyi nama imaze gusubikwa ubugira kabiri. Ati “Twakoze inama turabyemeza n’abanyamuryango, inama izabera kuri Alpha Palace saa yine  za mu gitondo (10h00 […]Irambuye

Uburyo rukumbi bwakura Rayon Sports mu kuzimu imazemo igihe

Nyuma yo gusezera k’umutoza Yvan Minnaert watozaga Rayon Sports, ndetse na we akagenda avuze ko agiye biturutse ku bunyangamugayo buke mu bayobora ikipe, ubu Abanyarwanda benshi by’umwihariko abafana ba Rayon Sports baribaza uko ikipe yabo izajya ku murongo bakava mu kavuyo bamazemo igihe. Ubu Rayon Sports nk’izina, ifite ikipe y’umupira w’amaguru n’iya Volleyball zombi zikunzwe […]Irambuye

Eymael, umutoza wa Rayon mu nzira isubira muri AFC Leopards

Nyuma y’uko havuzwe umwuka utari mwiza hagati y’ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sport ndetse n’umutoza mukuru w’iyi kipe Luc Eymael hari amakuru avuga ko ashobora kwisubirira mu ikipe yahozemo ya AFC Leopards yo muri Kenya. Uyu mutoza w’Umubiligi afite amasezerano y’amezi atandatu mu ikipe ya Rayon Sport, yatangarije ikinyamakuru Goal.com ko aramutse abonye amahirwe yo gusubira […]Irambuye

en_USEnglish