Tags : Pope Francis

Nta na rimwe intambara iba umuti w’ikibazo – Papa Francis

Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis yasabye ibihugu by’ibihanganjye biri mu nama ya G20 ibera mu mujyi wa Hamburg, mu Budage ko nta na rimwe intamabara ijya ikemura ibibazo. Papa yasabye ko mu buryo bwihutirwa imvururu n’intambara muri Africa no mu Burasirazuba bwo Hagati zashakirwa umuti, avuga ko abantu miliyoni 30 babayeho mu gahinda n’imihangayiko […]Irambuye

Paapa Francis avuga ko abagore batazigera baba Abapadiri muri Gatulika

Papa Francis uherutse gusura igihugu cya Swede, atangaje ibi nyuma yo guhura n’umugore uyobora itorero rya Lutheran Church muri iki gihugu cya Swede. Papa avuga ko Kiliziya Gatulika itazigera yemera ko umugore aba Umupadiri. Muri iki cyumweru, Papa Francis yasuye igihugu cya Swede, aza no kwakirwa n’umugore uyobora itorere rya Lutheran Church. Paapa Francis avuga […]Irambuye

Papa Francis yashimiye imyaka 65 Papa Benedict XVI amaze yarihaye

Kuri uyu wa Kabiri, mu nzu mberabyombi ya Vatican habereye ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 65 Papa Benedigito  XVI amaze yariyeguriye Imana. Muri ibi birori Papa Benedigito yari ahibereye ku myaka ye 89 y’amavuko. Papa Francis akimara kwinjira mu nzu mberabyombi bita Clementine Hall, uwo yasimbuye yahagurutse amuha icyubahiro kimukwiye, amukuriramo ingofero mu rwego rwo […]Irambuye

Kenya: Papa yasabye amadini kunga ubumwe no guhosha amakimbirane

Ubwo yaganiraga n’abayobozi b’amadini ya Gikirisitu na Islam kuri uyu wa Kane, Papa Francis yabasabye kurenga amwe mu mahame abagenga mu myemerere yabo rimwe na rimwe atuma bashyamirana, ahubwo bagasenyera umugozi umwe bagamije amahoro arambye. Kuri Papa Francis ngo ibiganiro bidaheza kandi bigamije kubaka nibyo byatuma amacakubiri agaragara mu madini ya Gikirisitu no muri Islam […]Irambuye

Paapa yanenze uburyo abantu bahindutse imbata z’amafaranga

Mu kiganiro Umushumba wa Kiliziya Gatolika yagiranye n’ikinyamakuru Paris Match, yasabye abatuye Isi (Icumbi rusange rya twese) kuyirinda ibiyihumanya no kureka gusenga no gushyira amafaranga imbere y’ibindi byose. Mu kiganiro kirekire kiri kuri paji zisaga 10, Papa Francis yanenze bikomeye uburyo umurongo w’ubukungu uyoboye isi ‘Capitalisme’ wahinduye abantu. Papa avuga ko umurongo w’ubukungu wa ‘Capitalisme’ […]Irambuye

en_USEnglish