Tags : Paul Rwarakabije

Uyobora za gereza muri Burkina Faso ari i Kigali mu

Honoré Grégoire Karambery umuyobozi w’urwego rushinzwe umutekano mu magereza muri Burkina Faso yatangiye kuri uyu wa mbere urugendo-shuri mu Rwanda aho yavuze ko we n’intumwa ayoboye baje kwigira ku bunararibonye bw’uru rwego rw’u Rwanda mu kugorora abafungiye ibyaha bitandukanye, kubungabunga ubuzima bwabo no kubyaza umusaruro ubumenyi bafite. Urwego rw’u Rwanda rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS) ruherutse […]Irambuye

RCS yamuritse igihembo cyo ku rwego rw’isi iherutse kuvana muri

Kuri uyu wa mbere Urwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa rwamuritse igihembo cyo ku rwego rw’isi ruherutse kwegukana mu bijyanye no kubungabunga ubuzima bw’abagororwa. Iki gihembo cyahawe u Rwanda kubera umushinga wa Biogas cyakiriwe na Komiseri mukuru wungirije w’uru rwego Mary Gahonzire ari nawe wasobanuye ibyacyo. Ari kumwe na Komiseri mukuru w’uru rwego Gen Paul Rwarakabije, […]Irambuye

Mu mezi atatu ashize abagororwa 9 bacitse gereza 7 barafatwa

CIP Alex Murenzi umuyobozi ushinzwe iperereza mu rwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa yatangaje kuri uyu wa kane ko abagororwa bagera ku icyenda aribo batorotse za gereza mu gihugu mu gihe cy’amezi atatu ashize, ariko ngo barindwi muri bo ubu bafashwe ndetse bagiye gushyikirizwa inkiko ku cyaha cyo gutoroka igifungo. Hari mu kiganiro abayobozi b’uru rwego […]Irambuye

Imiryango y’abagororwa baguye mu mpanuka izafashwa – Gen Rwarakabije

Kigali – Nyuma y’impanuka yahitanye abagororwa barindwi i Karongi kuri uyu wa kane mu gitondo, kuri uyu mugoroba Urwego rw’igihugu rushinzwe infungwa n’abagororwa rwahaye ikiganiro abanyamakuru aho umuyobozi warwo Gen Paul Rwarakabije yatangaje ko uru rwego ruzafasha imiryango y’aba bagororwa kubona ibiteganywa n’amategeko. Mary Gahonzire umuyobozi wungirije w’uru rwego yatangaje ko bashimira cyane ingabo na […]Irambuye

u Rwanda ntiruratunganya neza Raporo ku burenganzira bwa muntu isabwa

Kuri uyu wa kane, mu nama y’ibigo bifite uruhare mu kwimakaza uburenganzira bwa muntu na minisiteri zitandukanye, igamije gusuzuma imyanzuro u Rwanda rwahawe n’Umuryango w’Abibumbye (UN), Minisiteri y’ubutabera yavuze ko imyanzuro 12 itarabonerwa raporo kandi igihe ntarengwa ari ukugeza muri Kamena, gusa ngo bari burebere hamwe icyabiteye kugira ngo babashe kutarenza icyo gihe. Buri nyuma […]Irambuye

Abagororwa bagiye kwigishwa amasomo y’ubumenyingiro

Ni mu masezerano yashyizweho umukono kuri uyu wa 11 Werurwe hagati y’ibigo bya Workforce Development Authority (WDA) n’Urwego rw’igihugu rushinzwe infungwa n’abagororwa, ajyanye no guha amasomo y’ubumenyingiro abafungiye muri gereza z’u Rwanda babyifuza. Gen Paul Rwarakabije yatangaje ko iki ari igikorwa gikomeye cyane ku buzima bw’umugororwa yaba afunze cyangwa arekuwe kuko ubu bumenyi buzabafasha mu […]Irambuye

Bwa mbere abagororwa n’imfungwa bazakora ibizamini bya Leta – Gen

14 Mutarama 2015 – Mu kiganiro Komiseri mukuru w’Urwego rw’imfungwa n’abagororwa Gen Paul Rwarakabije yahaye abanyamakuru kuri uyu wa gatatu cyabereye ku kicaro gikuru cy’uru Rwego, yemeje ko muri uyu mwaka w’amashuri 2015 abagororwa bazakora ibizamini bya Leta nk’abandi banyeshuri bose  bo mu Rwanda bujuje ibisabwa. Gen Rwarakabije yasobanuye  ko mu myaka yashize bagiranye ibiganiro […]Irambuye

Abafunga abantu badafite Dosiye bakwiye kubiryozwa – Min. Musa Fazil

Rwamagana, 08 Mutarama 2015 – Ministri w’umutekano mu gihugu  Sheikh Musa Fazil Harerimana ubwo yasuraga gereza ya Rwamagana kuri uyu wa kane yatangaje ko abayobozi b’amagereza bafunga abantu kandi nta dosiye y’ufunzwe bafite nabo ubwabo bakwiye gukurikiranwa bakabihanirwa. Ni nyuma y’uko bamwe mu bafunze muri iyi gereza bavugaga ko nta dosiye bafite. Abafungiye muri iyi gereza bahawe […]Irambuye

Gen Rwarakabije yasabye imbabazi kubera gutanga isoko nta piganwa

Ku mugoroba wo kuwa 13 Ukwakira 2014 urwego rushinzwe amagereza (RCS) mu Rwanda rwakiriye na Komisiyo y’abadepite igenzura imikoresherezwe y’umutungo wa Leta, PAC, basabye uru rwego kwitekerereza no kwifatira imyanzuro mu byo rukora. Umuyobozi w’uru rwego akaba yasabye imbabazo ku makosa yo gutanga isoko ku bagaburira abagororwa nta matangazo y’ipiganwa atanzwe.  Uyu munsi abagize iyi […]Irambuye

en_USEnglish