Tags : Paris

Paris: Tito Barahira na Octavien Ngenzi bakatiwe gufungwa burundu

Nubwo mu rukiko Tito Barahira na Octavien Ngenzi bakomeje kubwira urukiko ko ari abere, guhakana ibyaha bashinjwa kugera ku isegonda rya nyuma ntacyo kuko mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu Urukiko rushinzwe kuburanisha ibyaha ndengamipaka rw’i Paris mu Bufaransa rwabakatiye igifungo cya burundu rubahamije icyaha cya Jenoside. Urubanza rwa Tito Barahira w’imyaka 65 na […]Irambuye

Paris: Urubanza rwa Ngenzi na Barahira rwatangiranye amacenga

Mu rubanza rwatangiye kuburanishwamo Octavien Ngenzi na Tito Barahira bigeze kuba Abayobozi b’icyari Komine Kabarondo, Perefegitura ya Kibungo, kuri uyu wa kabiri abunganira mu mategeko abaregwa bavuze ko hari ubusumbane hagati y’ubwunganizi n’Ubushinjacyaha mu byerekeranye n’ubushobozi bw’amafaranga. Abanyamategeko ba Octavien Ngenzi na Tito Barahira bavuze ko Ubushinjacyaha n’Imiryango iharanira ko abakoze Jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko […]Irambuye

Paris: Urukiko ruraburanisha Tito Barahira na Octavien Ngenzi bayoboye Kabarondo

Kuri uyu wa kabiri tariki 10 Gicurasi 2016, Urukiko rwihariye rw’i Paris mu Bufaransa rwatangiye kuburanisha Octavien Ngenzi na Tito Barahira basimburanye ku kuyobora icyahoze ari Komine Kabarondo hagati y’umwaka wa 1977 – 1994, muri Perefegitura ya Kibungo, bombi bakekwaho ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye inyoko muntu. Uru rubanza uretse uretse kuba rufite icyo ruvuze ku butabera […]Irambuye

Brussels: Abantu 34 bapfuye, benshi barakomereka mu gitero cy’ubwiyahuzi

Update: Amakuru mashya aravuga ko ibisasu byaturikiye ku kibuga cy’indege Zaventem n’icyaturikiye kuri Metro Maelbeek byahitanye abantu 31, bikomeretsa 187. *Amakuru yatangajwe n’umuvugizi w’abashinzwe ubutabizi (pompiers) M. Meys, yavuze ko ibisasu bibiri byaturikiye mu kirongozi cy’ikibuga cy’indege Zaventem byahitanye abantu 11, naho abandi 10 bishwe n’igisasu cyaturikiye kuri Metro ya Maelbeek hafi y’Icyicaro cy’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi, ahumvikanye […]Irambuye

Paris: Ibihugu byiyemeje kugabanya ubushyuhe bw’Isi ho 2°C

*Ibihugu bikize byiyemeje gutanga inkunga ya miliyari 100 z’amadolari mu gufasha guhangana n’ingaruka z’ibihe, *Amasezerano yasinywe ni ingenzi ariko hari impungenge z’uko azashyirwa mu bikorwa, *Ibihugu byiyemeje kugabanya ubushyuhe bw’Isi ho degre Celcius 2 (2°C). Kuri iki Cyumweru abahagarariye ibihugu 195 bari bateraniye i Paris mu Bufaransa baraye bashyize umukono ku masezerano mpuzamahanga asobanura uburyo […]Irambuye

Paapa yanenze uburyo abantu bahindutse imbata z’amafaranga

Mu kiganiro Umushumba wa Kiliziya Gatolika yagiranye n’ikinyamakuru Paris Match, yasabye abatuye Isi (Icumbi rusange rya twese) kuyirinda ibiyihumanya no kureka gusenga no gushyira amafaranga imbere y’ibindi byose. Mu kiganiro kirekire kiri kuri paji zisaga 10, Papa Francis yanenze bikomeye uburyo umurongo w’ubukungu uyoboye isi ‘Capitalisme’ wahinduye abantu. Papa avuga ko umurongo w’ubukungu wa ‘Capitalisme’ […]Irambuye

Miss Colombe arerekeza i Paris

Kuri uyu wa gatatu tariki 27 Kanama ku isaha ya saa 18h00 nibwo Miss Rwanda2014 Akiwacu Colombe yurira indege agana mu Bufaransa gutembererayo nk’uko buri mukobwa wese utorewe kuba Nyampinga w’u Rwanda ahitamo aho azatemberera ashaka ku Isi hose. Uyu Nyampinga we yahisemo kuzatemberera mu Bufaransa no muri Espagne. Akiwacu yagize ati “Ubu namaze kubona […]Irambuye

en_USEnglish