Tags : Mugesera

Mbarushimana uregwa Jenoside yavuze ko ‘adafitiye ubwoba ibyo aregwa’

*Yanze Abavoka yahawe, avuga ko bagenwe n’uwatowe mu mariganya; *Avuga ko guhabwa urutonde rw’Abavoka 66 mu bagera mu 1000 bikwiye gukemangwa; *Abavoka yahawe avuga ko bataharanira inyungu ze ahubwo baharanira iz’uwabashyizeho. Mu rubanza Ubushinjacyaha bukuru bw’u Rwanda buregamo Mbarushimana Emmanuel ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye Inyokomuntu; kuri uyu wa 19 Ukwakira uregwa yavuze ko nta bwoba […]Irambuye

Uwunganira Mugesera yaciwe 500,000 Frw kubwo gutinze urubanza

Kuri uyu wa kabiri tariki 15 Nzeri, urubanza Ubushinjacyaha buregamo Leon Mugesera icyaha cya Jenoside rwongeye gusubikwa kuko Me Jean Felix Rudakemwa wunganira uregwa yanze kuburana avuga ko akiri mu kiruhuko cya muganga, byanatumye Urukiko rumuhanisha ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda Ibihumbi 500 kubwo gutinza urubanza nkana. Mu ntango z’urubanza, Perezida w’Inteko y’abacamanza baburanisha uru rubanza […]Irambuye

Mugesera yasabiwe gufungwa burundu n’ubushinjacyaha

*Kuba yarakoresheje nabi umwanya n’ububasha yari afite ku bantu yabwiraga; *Kuba ibyaha (ijambo ryo ku Kabaya) aregwa byaragize ingaruka mbi harimo iyicwa ry’Abatutsi; *Kuba yaragaragaje imyitwarire mibi mu rubanza, izo ni zo ngingo ubushinjacyaha bwahereyeho busaba ‘BURUNDU’ Dr Leon Mugesera ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu mu Rwanda, yasabiwe igihano cyo gufungwa burundi muri gereza […]Irambuye

Unteye mfite imbunda mu rwego rwo kwitabara nakurasa – Mugesera

*Mugesera yavuze ko atahamagariye abantu kwica abandi ku busa Mu rubanza rwa Leon Mugesera ukurikiranyweho kugira uruhare kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, rwakomeje kuri uyu wa kabiri avuga ku mutangabuhamya Hategekimana Idi. Mugesera yamugaragaje nk’uwaranzwe no kuvuga amabwire. Mugesera  yavuze ko kuba Hategekimana yaravuze ko atewe yatabaza, ngo ni ko we abyumva, naho Mugesera we ngo yumva umuntu […]Irambuye

Mugesera yabwiye urukiko ko icyunamo cyatumye adakora ibyo yari yemeye

Mu rubanza Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buregamo Leon Mugesera ibyaha birimo ibya Jenoside n’ibyibasiye Inyokomuntu, kuri uyu wa 15 Mata, uregwa yabwiye Urukiko ko kubera gahunda z’icyunamo zaberaga muri Gereza atabashije gutegura ibyo anenga ku buhamya bw’abatangabuhamya babiri nk’uko byari byemeranyijweho mu iburanisha riheruka bityo akaba ariyo mpamvu yateguye kuri umwe yananenze ubuhamya bwe none. Urukiko […]Irambuye

Rubavu: Abakoze Jenoside bemeza ko itatunguranye

Nshogozabahizi Emmanuel ubwo yatangaga ubuhamya bw’ukuntu yakoze Jenoside igihe yicaga Abatutsi mu cyahoze cyitwa komini Rubavu, mu muhango wo gusoza icyumweru cyo kwibuka muri gereza ya Rubavu, n’abandi batanze ubuhamya basabye bagenzi babo kwemera icyaha no gusaba imbabazi, ndetse bavuga ko Jenoside yateguwe bakayikora ngo nta wundi bayigerekaho. Nshogozabahizi Emmanuel, Hamisi Mirasano, Habyarimana Yousouf (bitaga […]Irambuye

Impaka kuri ‘signature’ zatumye ‘PME’ adashinja Mugesera

Kimihurura – Mu rubanza Urukiko rukuru ruburanishamo Leon Mugesera ku byaha akurikiranyweho bya Jenoside yakorewe abatutsi, kuri uyu wa 11 Werurwe umutangabuhamya wahawe izina rya PME yongeye gutaha adatanze ubuhamya bwe nyuma y’aho uregwa agaragarije ko inyandiko mvugo ikubiyemo ubuhamya bwatanzwe na ‘PME’ kuri Mugersera butagaragaraho umukono w’umucamanza. Ku mpaka zari zabaye ejo (kuwa mbere) […]Irambuye

en_USEnglish