Tags : MHC

Amajyepfo: Abayobozi n’Abanyamakuru bitanaga bamwana bemeye kunoza imikoranire

Mu biganiro byahuje Polisi, inzego z’ubuyobozi n’Abanyamakuru kuri uyu wa gatanu bagiranye ibiganiro bigamije kuvugurura imikoranire. Muri ibi biganiro byajemo kwitana bamwana ku babangamira umwuga w’itangazamakuru, izi nzego zemeranyijwe kuvugurura uburyo bw’imikoranire ku bijyanye no kubona amakuru  no kuyatangaza. Ibi biganiro byabayemo impaka hagati y’Abanyamakuru n’Abayobozi b’Uturere zishingiye  ku nkuru zikorwa  ku nzego z’ibanze Abayobozi […]Irambuye

Nabonye Abanyarwanda benshi bashaka kuba Perezida – Munyaneza ES/NEC

Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Amatora (National Electoral Commission, NEC) yavuze ko kimwe mu byihariye bishobora kuzaranga amatora ya Perezida ateganyijwe muri Kanama 2017 harimo n’umubare munini w’abashaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda. Mu kiganiro yahaye abanyamakuru 34 bagiye kujya mu Ntara kongera ubumenyi mu gukora inkuru ku matora kuri uyu wa gatatu, Charles Munyaneza yasobanuye aho imyiteguro […]Irambuye

Abanyamakuru ngo ntibavuga ku binyabuzima, nabo bati ‘Nta makuru tubifiteho’

Huye- Mu mahugurwa bari gukorera mu karere ka Huye, Abanyamakuru banenzwe kuba badakunda gutangaza inkuru ku kamaro k’ibidukikije n’urusobe rw’ibinyabuzima, nabo bakavuga ko umurimo wabo ari ugutangaza amakuru atari ukuyakora bityo ko abafite ubumenyi buhagije kuri izi ngingo babahugura kugira ngo bajye batangaza ibyo bafitiye ubumenyi. Abanyamakuru bavuga ko ubumenyi baba barakuye mu ishuri butabemerera […]Irambuye

Bugeshi: Guhana imbibi na DR Congo ni imbogamizi mu kurwanya

Rubavu – Nubwo Umurenge wa Bugeshi wateye intambwe ishimishije mu kwimakaza ubumwe n’ubwiyunge, abawutuye bavuga ko bikiri imbogamizi ikomeye kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside mu gihe hakiri abasize bahekuye u Rwanda bari mu mashyamba ya DR Congo kandi bambuka biboroheye. Akarere ka Rubavu kaza ku mwanya wa kabiri mu Rwanda mu kugira ingengabitekerezo ya Jenoside nyinshi, […]Irambuye

Burera: Kwigira kuri mudasobwa byafashije abana biga ku ishuri ribanza

 Nyuma y’imyaka itandatu ishize ishuri ribanza rya Kirambo riri mu karere ka Burera mu cyaro cya kure, rigejejweho gahunda ya mudasobwa kuri buri mwana (One Laptop per Child), abarimu bavuga ko iyi gahunda yazamuye imyumvire y’abana kuburyo idatandunye n’iy’abo mu mujyi, n’ubwo modem ibafasha kwiga Icyongereza n’ibindi igiye kumara amezi umunani idakora. Umulisa Claudine umwarimu […]Irambuye

MINALOC yashimye uruhare rw’itangazamakuru mu matora arangiye

Mu biganiro by’umunsi umwe byahuje Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu (MINALOC), inama nkuru y’itangazamakuru (MHC), Komisiyo y’Igihugu y’Amatora na bamwe mu banyamakuru bakorera ibitangazamakuru bitandukanye mu Rwanda, hashimwe uruhare itangazamakuru ryagize mu migendekere myiza y’amatora arangiye. Munyeshyaka Vincent, Umunyamabanga uhoraho muri MINALOC yavuze ko mu matora y’inzego z’ibanze arangiye abanyamakuru bitwaye neza mu kumenyekanisha ibikorwa by’amatora, akifuza […]Irambuye

en_USEnglish