Tags : Kizito Mihigo

Urwa Kizito Mihigo ntirwaburanishijwe…ruzajya mu rukiko rushya

*Azaburanira mu rukiko rushya Kimihurura – Saa mbili zitaragera, Kizito Mihigo hamwe n’abandi baburanyi bagera ku 10 bari bageze mu cyumba k’iburanisha cy’Urukiko rw’Ikirenga muri iki gitondo. Nyuma baje kumenyeshwa n’ababunganira ko hari itangazo risubika imanza zabo hashingiwe ku mavugurura aherutse kubaho mu nkiko no mu bubasha bwazo. Igihe bazaburanira ntibarakimenya. Gusa bazaburanira mu rukiko […]Irambuye

Umuhanzi Kizito Mihigo yahanishijwe imyaka 10 y’igufungo

Yavuguruwe ku isaha ya saa 17h50, 27 Gashyantare 2015: Urukiko ruhanishije umuhanzi wamamaye mu Rwanda mu ndirimbo za Kiliziya, Kizito Mihigo igifungo cy’imyaka 10 nyuma yo kumuhamya ibyaha bigamije kugirira nabi ubutegetsi buriho. Urukiko rumuhaye igihano gito (ugereranyije n’abo bareganwa) kuko ngo yaburanye yemera ibyaha. Abo bareganwaga hamwe, umunyamakuru Cassien Ntamuhanga yahanishijwe igifungo cy’imyaka 25. Dukuzumuremyi […]Irambuye

Kizito arasomerwa none. Abantu biteze myanzuro ki?

Abanyarwanda benshi batunguwe no kubona umuhanzi bakundaga yambaye amapingu ashinjwa ibyaha bikomeye bihabanye cyane n’umwuga we n’ibikorwa byo kwigisha amahoro yakoraga. Kuri uyu wa gatanu nibwo uyu muhanzi n’abo bareganwa bari bukatirwe. Abantu 200 Umuseke wabajije icyo biteze ku isomwa ry’uru rubanza 158 bibaza ko Kizito akatirwa imyaka itarenze 15. Kizito n’abareganwa nawe batatu bararegwa […]Irambuye

Urubanza rwa Kizito Mihigo n’abareganwa nawe rwongeye kwimurwa

Kuri uyu wa 10/10/2014 Kizito Mihigo, umuhanzi wamamaye mu Rwanda, hamwe n’abareganwa nawe Cassien Ntamuhanga, Jean Paul Dukuzumuremyi na Agnes Niyibizi  bari imbere y’urukiko rukuru ku Kimihurura aho baje kuburana ku byaha baregwa birimo Ubugambanyi bwo kugirira nabi ubutegetsi buriho cyangwa Perezida wa Repubulika. Ntamuhanga na Dukuzumuremyi bavuze ko batiteguye kuburana uyu munsi bituma urukiko rwongera gusubika […]Irambuye

Urubanza rwa Kizito Mihigo n'abo bareganwa rwasubitswe

Kigali – Uyu muhanzi, we n’abo bareganwa kuri uyu wa 12 Nzeri 2014 nibwo bari imbere y’ubutabera mu rukiko rukuru ku Kimihurura. Bwa mbere we na bagenzi be baje bambaye umwenda w’iroza w’imfungwa mu Rwanda. Abaregwa bagaragarije impungenge ko batiteguye kuburana kuko batarabona dossier zabo. Urukiko rwanzuye ko urubanza rusubikwa kugirango bose babone dossiers zabo nk’uko babyemererwa n’amategeko. […]Irambuye

Urubanza rwa Kizito muri Nzeli kubera ibiruhuko by'abacamanza

Amatariki yo gutangira kuburanisha mu mizi urubanza ubushinjacyaha buregamo umuhanzi Kizito Mihigo na bagenzi be batatu yamaze gutangazwa ko ari tariki 12 Nzeli 2014, ubwo bazaba baburana ku byaha bitandukanye bashinjwa birimo ibjyanye no kugambanira igihugu, kugambira kwica umukuru w’igihugu n’abandi bayobozi bakuru muri guverinoma n’ibindi. Aya matariki amenyakanye nyuma y’igihe abantu benshi bibaza igihe […]Irambuye

KIZITO – Ndifuza ko nahabwa amahirwe ngakosora amakosa nakoze

Kuri uyu wa kane, tariki 24 Mata, Urukiko rw’ibanze rwa Kacyiru ruherereye i Kibagabaga rwakomeje urubanza ubushinjacyaha buregamo umuhanzi Kizito Mihigo, na bagenzi be Cassien Ntamuhanga, Dukuzumuremyi Jean Paul na Niyibizi Agnes ku ifunga n’ifungura ry’agateganyo. Kizito akaba yakomeje gusaba imbabazi ndetse arifuza gufungurwa agakosora amakosa yakoze. Umwanzuro ukaba uzafatwa kuwa mbere w’icyumweru gitaha. Uru rubanza […]Irambuye

Police yatangaje ko yataye muri yombi Kizito Mihigo

Mu itangazo rya Polisi y’igihugu yasohoye ahagana saa munani z’amanywa uyu munsi riremeza ko Police y’u Rwanda yafashe abagabo batatu baregwa guhungabanya umutekano w’igihugu. Muri aba harimo umuhanzi Kizito Mihigo umaze iminsi yaraburiwe irengero. Aba bagabo batatu ngo Police iracyeka ko batangiye (recruited) gukorana n’ishyaka RNC rivugwaho gukorana na FDLR. Abo ni; Kizito Mihigo, Casiyani […]Irambuye

en_USEnglish