Tags : Kim Jong Un

Abakekwaho kwica umuvandimwe wa Perezida wa Korea ya Ruguru batangiye

Abagore babiri bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Kim Jong-nam, umuvandimwe wa Perezida wa Korea ya Ruguru, barashinjwa ibyaha byo kwica nk’uko bitangazwa n’Umushinjacyaha muri Malaysia. Umushinjacyaha Mukuru, Mohamed Apandi Ali yatangarije BBC ko abagore babiri, umwe ukomoka muri Indonesia n’undi wo muri Vietnam, ku wa gatatu bazajyezwa imbere y’urukiko. Aba bagore babiri bakekwaho ko […]Irambuye

USA igiye gutangira kuganira na Koreya ya Ruguru ngo banoze

The Washington Post iherutse kwandika ko hari amakuru afatika avuga ko ubutegetsi bwa Donald Trump bwiteguye gutangiza ibiganiro bitaziguye na bamwe na bamwe mu bategetsi bo mu rwego rwo hejuru ba Koreya ya Ruguru kugira ngo barebe uko bashyiraho imikoranire itarimo guhangana cyane nk’uko bimeze ubu. Ibi biganiro ngo bizaba ari ibya mbere bibaye mu […]Irambuye

Utavuga rumwe na Kim Jong Un yemeza ko abasirikare bamwe

Thae Yong wahoze wungirieje Ambasaderi wa Koreya ya Ruguru mu Bwongereza yabwiye abanyamakuru ko amakuru afite yerekana ko abasirikrare bakuru n’abandi banyacyubahiro muri Koreya ya Ruguru bari kugenda bitandukanya mu ibanga na Perezida Kim JongUn bityo ngo ibi byerekana ko ubuzima bw’uyu muyobozi buri mu kaga. Thae Yong Ho  ubwo yahaga abanyamakuru ikiganiro muri Koreya […]Irambuye

Trump yaburiye Kim Jong kutagerageza missile ishobora guhungabanya USA

Nyuma y’uko kuri uyu wa Mbere Perezida wa Koreya ya ruguru, Kim Jong Un abwiriye abagize ishyaka rye ko ateganya kuzagerageza igisasu (intercontinental ballistic missile) gifite ubushobozi bwo kugera muri California, kuri uyu wa Kabiri Perezida Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora USA yahaye gasopo Kim Jong ko adakwiye gukora iki gikorwa. Ati “Ibyo ntibizashoboka!” Kuwa Mbere […]Irambuye

Korea ya Ruguru yemeje ko yamaze gukora intwaro kirimbuzi

Perezida wa Korea ya Ruguru, Kim Jong-Un,kuri iki cyumweru mu ijambo risoza umwaka n’iritangira umushya wa 2017, yatangaje kuri televiziyo y’igihugu ko Korea ya Ruguru yinjiye mu bihugu bifite intwaro kirimbuzi muri 2016.   Mu ijambo risa n’irishotorana, Perezida Jong Un yavuze ko Korea ya Ruguru iri hafi cyane kugerageza intwaro ikomeye irasa kure cyane […]Irambuye

USA yafatiye ibihano Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un n’abandi bayobozi 10 b’iki gihugu zibashinja guhonyora uburenganira bwa muntu. Abandi bayobozi ba Koreya ya Ruguru bafatiwe ibihano na Leta Zunze Ubumwe za Amerika barimo batanu bakora muri za Minisiteri. Ibi bihano byafatiwe aba bayobozi ba Koreya ya Ruguru, birimo […]Irambuye

en_USEnglish