Ubwo abadepite bagize Komisiyo yo gukurikirana imikoreshereze y’imari ya Leta (PAC) bakiraga ikigo gishinzwe kubaka imihanda no guteza imbere ubwikorezi (RTDA) na Minisiteri y’ibikorwa remezo (MININFRA), bavuze ko RUSWA ishobora kuba iri mu bituma imirimo yo kubaka imihanda ikarangirira igihe idindira. Abadepite babazaga ibibazo bagendeye ku makosa yo kudacunga neza ibya Leta yagaragajwe na raporo […]Irambuye
Tags : Kagame Paul
Iki gikorwa cyakoze n’abanyamuryango b’IMENA ndetse n’inshuti zabo zabaherekeje, bwa mbere hibutswe Abatutsi bishwe muri Jenoside bakajugunywa ahantu hatazwi na n’ubu. Uyu muhango watangijwe n’igitambo cya misi, aho Imena zashimiwe iki gikorwa zisabwa kwera imbuto. Amagambo menshi yavuzwe yibanze ku gukomeza aba basigaye bonyine, ndetse no gukangurira n’abandi bari muri icyo cyiciro kwiyandikisha bakamenyekana, ibi […]Irambuye
Mu rubanza Ubushinjacyaha bwa Gisirikare buregamo Col. Tom Byabagamba n’abo bareganwa ibyaha birimo “gukwirakwiza ibihuha bigamije kwangisha abaturage ubutegetsi buriho”, kuri uyu wa gatanu Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwanzuye ko Brig Gen Frank Rusagara (Rtd) akomeza kuburanishwa mu mizi n’abacamanza babiri yari yanze kuko nta mpamvu ihari ibaheza muri uru rubanza. Inteko idasanzwe yagenwe n’Urukiko […]Irambuye
Aha hari urugendo rw’amasaha abiri mu modoka itahagaze umwanya munini, kuva Nyabugogo kugera mu mujyi wa Musanze. Ni agace k’ubukerarugendo ku muntu wese ukunda kureba ibyiza nyaburanga by’ibidukikije. Ubukerarugendo bivuze, kuva ahantu ukajya ahandi mu buryo bwo gutembera ugamije kwishimisha no kumara amatsiko wari ufitiye aho hantu ndetse no kureba ibyiza by’ibidukikije. Musanze – Kigali, […]Irambuye
Perezida w’u Rwanda yakiriye mu biro bye umuyobozi mukuru wa World Bank Group akaba n’umuyobzi wungirije wa Banki y’Isi, Mme Sri Mulyani Indrawati baganira uko bakorana mu kurandura ubukene mu baturage binyuze mu mishingamyinshi iyi Banki iteramo inkunga. Muri iki kiganiro cyabaye kuri uyu wa kane tariki 14 Gicurasi, Umuyobozi wa World Bank Group, yavuze […]Irambuye
26 Mata 2015 – Abaturage bo mu mirenge itandatu igize Koperative y’abahinzi b’icyayi mu karere ka Nyabihu (COOPTHEGA), bakoze inama yo gusuzuma ibyo bagezeho no kugabana inyungu y’amafaranga million ebyiri bungutse, bakaba ngo nyuma yo kubona ko iterambere bafite barikesha Perezida Kagame, banditse basaba Inteko Nshingamategeko ihindura ingingo ya 101, ndetse bemeza umuturage uzajyana iyo baruwa […]Irambuye
Abahinzi b’icyayi bo muri koperative y’icyayi cy’imisozi y’ubutumburuke (KOBACYAMU-KITABI) bo mu murenge wa Kitabi bandikiye Inteko Nshingamategeko y’u Rwanda ibaruwa isaba ko bahindura ingingo ya 101 y’itegeko Nshinga ibuza Perezida w’u Rwanda kwiyamamaza inshuro zirenze ebyiri. Aba bahinzi bavuga ko banditse basaba kugira ngo Perezida Paul Kagame azongere guhabwa amahirwe yo kwiyamamariza manda ya gatatu bityo […]Irambuye