Tags : Jean Bosco Nsengimana

J.Bosco Nsengimana yatwaye Etape ya 5 ya Tour du Cameroun

Etape ya gatanu ya Tour du Cameroun kuri uyu wa gatatu yegukanywe n’umusore Jean Bosco Nsengimana umunyarwanda ukinira ikipe ya Stradalli Bike Aid yo mu Budage. Muri iri rushanwa rya 13 rya Tour du Cameroun kuri uyu munsi abasiganwa birutse 120Km kuva mu mujyi wa Douala kugera ahitwa Kumba. Bosco Nsengimana ukomoka mu karere ka […]Irambuye

La Tropicale Amissa Bongo: J.Bosco Nsengimana ari muri 3 ba

Jean Bosco Nsengimana ubu ukina nk’uwabigize umwuga muri Bike Aid yo mu Budage, ari ku mwanya wa gatatu mu isiganwa rizenguruka Gabon, La Tropicale Amissa Bongo aho arushwa n’uwa mbere iby’ijana 11 gusa, akaba anambaye imyenda itatu ya bimwe mu bihembo bitangwa ku bitwaye neza. Guhera tariki 18 Mutarama 2016, i Libreville ho muri Gabon […]Irambuye

Nsengimana Jean Bosco muri 6 BikeAid izakinisha ‘La Tropical Amissa

Nyuma yo kuyisinyira amasezerano y’umwaka umwe, Nsengimana Jean Bosco yamaze gutoranywa mu bakinnyi 6 bazahagararira ikipe y’abigize umwuga, BikeAid yo mu Budage, mu irushanwa ry’amagare rya mbere muri Afurika “La Tropical Amissa Bongo” ryo muri Gabon rizaba hagati y’itariki 18-24 Mutarama 2016. Tariki ya 9 Mutarama 2016, nibwo Nsengimana Jean Bosco azerekeza mu Budage, aho […]Irambuye

2015, umwaka utazibagirana mu mukino w’Amagare mu Rwanda

-Umukino w’amagare wigaruriye imitima y’Abanyarwanda benshi mu 2015; -Ikipe y’igihugu “Team Rwanda” yarushijeho kubaka izina yitabira Shampiyona y’Isi; Yegukana umudari wa zahabu mu mikino Nyafurika, ndetse yisubiza ‘Tour Du Rwanda’. Umwaka wa 2015 ariko unasize u Rwanda rutakaje umusore muto wagaragazaga impano mu mukino w’amagare, Iryamukuru Kabera Yves wazize impanuka.   Team Rwanda yabaye iya […]Irambuye

Ndayisenga V. na Uwizeyimana Bona babonye ikipe bakinamo muri South

Valens Ndayisenga watwaye Tour du Rwanda 2014 na Bonaventure Uwizeyimana bombi b’ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare Team Rwanda bagiye kujya gukina nk’ababigize umwuga mu ikipe ya kabiri ya Dimension Data yo muri Afrika y’Epfo. Iyi kipe yabigize umwuga yahoze yitwa MTN Qhubeka, ubu yahinduye kubera abafatanyabikorwa bayo, guhera muri Mutarama 2016, izatangira kwitwa Dimension Data, niyo […]Irambuye

Teshome Meron wa Eritea yegukanye Etape ya 5 ya Tour

Bagihaguruka i Muhanga igikundi cyahise cyitura hasi, irushanwa ribanza guhagarara. Isiganwa ryongeye riratangira, gusa mu nzira batararenga akarere ka Muhanga umusore wo muri Eritrea Debretsion Aron yituye hasi arakomereka ndetse ajyanwa kwa muganga ahita ava mu irushanwa. Isiganwa ryakomeje riyobowe n’abasore b’abanyarwanda ariko bageze i Rubavu  Teshome Meron kapiteni w’ikipe ya Eritrea yasize abandi igare […]Irambuye

Nsengimana yegukanye ‘Prologue’ ya Tour du Rwanda

Kuri iki cyumweru ku munsi wa mbere w’isiganwa rya Tour du Rwanda abasiganwa birutse agace gato bazenguruka Stade Amahoro, ni agace kitwa Prologue ko kwinjiza abakinnyi mu isiganwa, Jean Bosco Nsengimana niwe wagatsinze akoresheje ibihe bito kurusha abandi, yakurikiwe na bagenzi be bakinana muri Team Kalisimbi Valens Ndayisenga na Hadi Janvier. Abakinnyi basiganwe uyu munsi […]Irambuye

Muri Rwanda Cycling Cup umukinnyi yakoze impanuka yitaba Imana

Updated 26/10/2015 10hAM : Kuri iki cyumweru ubwo abakinnyi basiganwaga mu makipe mu irushanwa rya Rwanda Cycling Cup mu gace ko kuva Rubavu bagana Kigali, umukinnyi Yves Kabera Iryamukuru yakoze impanuka ikomeye ageze i Shyarongi ahagana saa saba maze yihutanwa ku bitaro bya Kigali CHUK ariko birangira ashizemo umwuka. Iryamukuru w’imyaka 22 gusa yakiniraga ikipe […]Irambuye

en_USEnglish