Tags : Jacob Zuma

S. Africa: Perezida Zuma ati “ANC n’iyo yakwifuza ko negura

Perezida w’Afurika y’Epfo, Jacob Zuma waraye wujuje imyaka 75 bamwe mu bamwamagana bakigaba mu mihanda bamusaba kuva ku butegetsi, yaraye abwiye abarwanashyaka b’ishyaka rye rya ANC ko nibifuza ko yegura azahita abikorana umutima utuje. Uyu mukuru w’igihugu uzarangiza manda ye muri 2019 ariko mu ishyaka rye rya ANC akarangiza manda y’umukuru waryo mu Ukuboza 2017 […]Irambuye

S.Africa: Hasohowe Raporo ishinja Perezida Jacob Zuma ibijyanye na RUSWA

Ibikubiye mu iperereza ryakozwe rijyanye n’ibirego bya RUSWA biregwa Perezida wa Africa y’Epfo, Jacob Zuma byagiye ahagaragara, biravuga ko ruswa yariwe n’abayobozi bo ku rwego rwa Guverinoma. Muri iyi raporo, uwahoze afite umwanya wa Public Protector, Thuli Madonsela yagiriye inama Perezida Zuma gushyiraho Komisiyo y’ubutabera kuri iki kibazo bitarenze imisni 30. Jacob Zuma ashinjwa kugirana […]Irambuye

Abakuru b’Ibihugu na Guverinoma bakomeje kugera i Kigali mu nama

UPDATE: Perezida Brahma Ghali wa Sahrawi Arab Democratic Republic nawe yageze i Kigali mu nama y’umuryango w’Ubumwe bwa Afurika.   Perezida Ismaïl Omar Guelleh wa Djibouti nawe ageze i kigali ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu.   Museveni ageze i Kigali mu masaaha ya nyuma ya Saa Sita aho na we yitabiriye ibiganiro by’abakuru b’ibihugu na […]Irambuye

Burundi: Aba Perezida 5 ba Africa bageze i Bujumbura guhura

Kuri uyu wa kane tariki 25 Gashyantare Aba Perezida batanu b’ibihugu bo bayobowe na Jacob Zouma w’Africa y’Epfo bahuriye mu Burundi, aho nabo baje gushyiraho akabo mu gushakira umuti ikibazo kiri muri iki gihugu cyatangiye muri 2015. Aba bakuru b’ibugu bari mu Burundi ni perezida wa Afurika y’Epfo Jacob Zouma na Ali Bongo Ondimba, wa […]Irambuye

S.Africa: Umwana wibwe mu bitaro ari uruhinja yatahuwe na mukuru

Abanyarwanda benshi bavuga ko amaraso afitanye isano atajya ayoberana. Bisa n’urubanza rwatangiye muri Africa y’Epfo (South Africa) kuri uyu wa kabiri, aho umugore ashinjwa kwiba umwana w’uruhinja wari ukivuka, nyuma akaza kuboneka hashize imyaka 18. Uyu mugore ufite imyaka 50 yatawe muri yombi ashinjwa ibyaha byo kwiba umwana (gushimuta) muri Gashyantare mu mwaka ushize, ashinjwa […]Irambuye

U Bushinwa bwemereye Africa miliyari 60$ harimo atazasaba gutanga inyungu

Perezida w’U Bushinwa Xi Jinping yavuze ko igihugu cye kizatanga miliyari 60 z’Amadolari ya America (£40bn) agenewe gufasha uyu mugabane. Mu nama arimo muri Africa y’Epfo, mu muyi wa Johannesburg niho iyi nama ibera. Xi Jinping yavuze ko iyi nkunga ya miliyari 60 z’amadolari harimo n’inguzanyo zitazakwaho inyungu, ndetse harimo n’ubufatanye mu masomo (scholarships) no […]Irambuye

Obama yatangije inama yatumiyemo abayobozi ba Africa bose

Washington – Kuri uyu wa 05 Kanama Perezida Barack Obama wa USA na Vice Perezida we Joe Bidden bafashe umwanya munini bagaragaza ko Leta z’unze ubumwe za Amerika zitaye ku iterambere rya Africa, bagaragaza mu ngero no mu mibare ibyo Amerika imaze gukorera Africa. Nyuma hakurikiyeho ikiganiro kigufi cyahuriyemo ba Perezida Paul Kagame, Macky Sall […]Irambuye

en_USEnglish