Tags : Itorero

Muhanga: Abaganga n’Abaforomo bishyuriye abatishoboye mitiweli barenga 1000

Abakora muri Serivisi z’ubuvuzi mu Karere ka Muhanga bishyuriye ubwisungane mu kwivuza abaturage barenga 1000, banahiga ko bagiye kugabanya amasaha abarwayi bamara bategereje guhabwa serivisi. Iki gikorwa cyo kwishyurira mitiweli abaturage barenga 1000 bo mu cyiciro cya mbere cy’Ubudehe, abakozi bavuga ko ari umwe mu mihigo bari bahize ndetse ko n’Akarere ubwako katari kawesheje ku […]Irambuye

Abumva nabi Itorero nibo bagereranya Intore n’Interahamwe za Kinani –

Mu kiganiro n’Abasenateri ku bijyanye n’Akamaro Urwego rw’Itorero ry’Igihugu rufite mu kubaka ihame ry’Ubunyarwanda no kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside, Umutahira Mukuru yasabwe kugira icyo avuga kuri imwe mu myumvire iri mu bantu kuri gahunda z’itorero, aho bamwe barifata nk’umuyoboro w’icengezamatwara ya FPR, abandi ukundi, Rucagu avuga ko abumva nabi Itorero aribo bagereranya Intore n’Interahamwe za […]Irambuye

Miliyari 29 Frw zashyizwe mu masomo yitezweho guhangana n’ubushomeri

I Kigali, kuri uyu wa 05 Nzeli hatangijwe ikiciro cya Gatatu cy’Itorere ‘Intagamburuzwa’ ry’urubyiruko rwiga mu mashuri makuru yo mu Rwanda bazahugurwa uko bazasoza amasomo yabo babasha kwihangira imirimo. Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Uburezi, Dr Ntivuguruzwa Celestin avuga ko amasomo yitezweho guhangana n’ikibazo cy’ubushomeri yashyizwemo asaga miliyari 29. Iki kiciro cya Gatatu kizatorezwamo urubyiruko 2 500 bo […]Irambuye

i Gabiro: Kagame asanga abiga mu mahanga bavanzwe n’abimbere bakuzuzanya

Kuri uyu wa gatandatu tariki 1/8/2015 Perezida Paul Kagame mu gusoza itorero ry’indangamirwa icyiciro cya 8, yasabye urubyiruko rwiga mu mahanga kujya rushyira imbere ibifite akamaro, ubumenyi buhaha bukaba bwo kububaka no kubaka igihugu cyabo, yanasabye abategura iri torero kureba uko bajya bavanga aba bana biga mu mahanga n’urubyiruko rw’imbere mu gihugu. Iri torero ryatangiye […]Irambuye

Intagamburuzwa mu mihigo za INILAK ziyemeje gufasha igihugu mu iterambere

Kuri uyu wa kane muri kaminuza yigenga y’Abadivantiste INILAK habaye igikorwa cyo gutangiza urugerero ku ntore z’Intagamburuzwa mu mihigo za INILAK. Intumwa ya Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu yasabye izo ntore gushyira mu bikorwa ibyo zahize birimo kumanuka bakajya gusobanurira abaturage amategeko. Rugamba Egide umuyobozi ushinzwe igenamigambi muri MINALOC yavuze ko intore zo ku rugerero ziba zitezweho gutanga […]Irambuye

Rwanda: Indangagaciro y’igihe duhora tuyivuga ku munwa mu ngiro ntayo

Mu Rwanda kubahiriza igihe bisa n’ibyabaye guca umugani ku manywa ku bantu bamwe ndetse n’inzego za Leta n’abikorera. Umuntu ntatinya kugutumira mu birori runaka cyangwa mu gikorwa yateguye, wahagera ugategereza isaha imwe ikarangira, iya kabiri ikaza ndetse n’iya gatatu ikaba yakwihirika! Ahanini dukunda kuvuga ko igihe ari amafaranga, ndetse tukanabyubahira ‘Abazungu’ ngo uyu muntu ni […]Irambuye

en_USEnglish