Tags : Italy

Abajyaga gushakira ubuzima bwiza i Burayi 200 birakekwa ko barohamye

Nibura abantu babarirwa muri 200 b’abimukira bajyaga gushakisha ubuzima bwiza ku mugabane w’Uburayi, bashobora kuba bishwe n’amazi nyuma y’uko ubwato bubiri barimo burahamye ku nkombe za Libya, nk’uko umuryango w’ubutabazi muri Espagne ubuvuga.   Umuryango witwa Proactiva Open Arms watangaje ko warohoye imirambo itanu yarerembaga hejuru y’amazi nyuma y’uko ubwato bubiri bwari butwaye abimukira burohamye, […]Irambuye

Italy: Minisitiri w’Intebe yeguye abaturage banze ibyo guhindura Itegeko Nshinga

Minisitiri w’Intebe w’U Butaliyani, Matteo Renzi yeguye ku mirimo ye nyuma yo gutsindwa bikomeye mu matora ya referendumu igamije kugera ku mugambi we wo guhindura Itegeko Nshinga. Mu makuru ya nijoro, Renzi yavuze ko yafashe icyo cyemezo kubera ibyavuye mu matora. Muri rusange abatoye bahakana referendumu bagize 60% kuri 40% yabashakaga ko referendumu yemerwa bagatora […]Irambuye

Italy: Umutingito umaze guhitana 267 abandi 400 barakomeretse

Iki gihugu cyashyizeho ibihe bidasanzwe mu duce twakozweho n’umutingito ukomeye ku wa gatatu w’iki cyumweru, nibura hari icyizere ko abandi bantu bagwiriwe n’ibikuta bashobora kuboneka. Minisitiri w’Intebe w’U Butaliyani, Matteo Renzi yavuze ko Leta izatanga miliyoni 50 z’ama Euro (£42m) yo gufasha kongera kubaka ibyasenyutse. Nibura abantu 267 bamaze kumenyekana ko bapfuye bazira uyu mutingito […]Irambuye

Italy: Abantu bahitanywe n’umutingito bamaze kuba 247

Umutingito wabaye mu ijoro ryo ku wa kabiri rishyira ku wa gatatu muri iki cyumweru, mu Butaliyani, imibare y’abahitanywe na wo ikomeje kuzamuka aho abamaze kubarurwa bagera kuri 247, abatabazi basaga 4000 bakomeje gushakisha ababa bararokotse. Birakekwa ko hari benshi bakiri munsi y’inkuta zabagwiriye cyane cyane mu bice bya Accumoli na Pescarda Del Tronto uduce […]Irambuye

Ubutaliyani: Mwene wabo na Berlusconi aremera ko yari atunze igitabo

Umwe muri bene wabo w’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’U Butaliya Silvio Berlusconi witwa Il Giornale aravugwaho kuba yari atunze Mein Kampf,  igitabo cyanditswe na Adolf Hitler wayoboye u Budage mbere no mu gihe Intambara ya Kabiri y’Isi yabaga. Iki gitabo abanyamateka bemeza ko aricyo cyari indiri y’ibitekerezo by’ishyaka rya NAZI rivugwaho kuba ryarateguye rikanashyira mu […]Irambuye

Paapa yanenze uburyo abantu bahindutse imbata z’amafaranga

Mu kiganiro Umushumba wa Kiliziya Gatolika yagiranye n’ikinyamakuru Paris Match, yasabye abatuye Isi (Icumbi rusange rya twese) kuyirinda ibiyihumanya no kureka gusenga no gushyira amafaranga imbere y’ibindi byose. Mu kiganiro kirekire kiri kuri paji zisaga 10, Papa Francis yanenze bikomeye uburyo umurongo w’ubukungu uyoboye isi ‘Capitalisme’ wahinduye abantu. Papa avuga ko umurongo w’ubukungu wa ‘Capitalisme’ […]Irambuye

Bamutahuye atwawe i Burayi mu gikapu

Umwana w’imyaka umunani ukomoka mu gihugu cya Cote d’Ivoire yari yahishwe mu gikapu kugira ngo babashe kumunyuza mu gihugu cya Maroc agere ku butaka bw’igihugu cya Espagne ahitwa Ceuta, nk’uko byatangajwe n’inzego z’umutekano mu mpera z’iki cyumweru. Igikapu cyarimo uwo mwana cyari gitwawe n’umukobwa w’imyaka 19, mbere yari yagenzuwe ku wa kane, akaba yari yahisemo […]Irambuye

en_USEnglish