Tags : Islam

Intambara y’Idini: Intumwa za Iran zahawe amasaha 48 ngo zive

*Amakimbirane ashingiye ku kuba igice kimwe cya Islam ari aba Sunni ikindi ari aba Shia *Iran ishyigikira aba Shia, Arabia Saudite (Saudi Arabia) ni Umubyeyi w’aba Sunni *Iyi ntambara y’Ubutita hagati ya Iran na Arabia Saudite yahindutsemo intambara y’umuriro w’amasasu ya Kalashnikov n’amabombe muri Yemen no muri Syria. Igihugu cya Saudi Arabia cyahaye amasaha 48 […]Irambuye

Muhamad Ali yasubije D.Trump ko Islam ntaho ihuriye n’Iterabwoba

Icyamamare mu mukino wa Boxe ku isi, umukambwe Muhammad Ali aganisha ku byatangajwe na Donald Trump wiyamamariza kuba Perezida wa US, yavuze ko Islam ubwayo nk’ukwemera ntaho ihuriye n’iterabwoba ndetse ko n’ababitekereza gutyo bibeshya cyane. Donald Trump aherutse kuvuga amagambo akomeye, bamwe banise ay’ubusazi, ko abasilamu bakwiye kwangirwa kwinjira muri Amerika kuko ngo ari bo […]Irambuye

Paapa yanenze uburyo abantu bahindutse imbata z’amafaranga

Mu kiganiro Umushumba wa Kiliziya Gatolika yagiranye n’ikinyamakuru Paris Match, yasabye abatuye Isi (Icumbi rusange rya twese) kuyirinda ibiyihumanya no kureka gusenga no gushyira amafaranga imbere y’ibindi byose. Mu kiganiro kirekire kiri kuri paji zisaga 10, Papa Francis yanenze bikomeye uburyo umurongo w’ubukungu uyoboye isi ‘Capitalisme’ wahinduye abantu. Papa avuga ko umurongo w’ubukungu wa ‘Capitalisme’ […]Irambuye

Abisilamu ba AMUR n’aba FAHICO ngo biyungiye i Maka

Nyuma y’uko Abisilamu nyarwanda bagiye mu mutambagiro mutagatifu i Maka bagiye m byiciro bibi bitandukanye, ahanini kubera uruhande buri tsinda rihagazeho, 74 bagiye ku ruhande rwa FAHICO bagarutse mu Rwanda kuri uyu wa kabiri batangaje ko bagezeyo bakiyungirayo na bagenzi babo boherejwe n’umuryango w’ivugabutumwa rya Kisilamu mu Rwanda ‘AMUR’. Sheikh Namahoro Hassan wari uyoboye abahaji […]Irambuye

Ubu ntawamenya ko duterekera kandi aribyo dukora- Padiri Rugengamanzi

Padiri Rugengamanzi Yohani Batisita umaze imyaka 47 mu kazi, avuka ko Abazungu bazana Imana yabo hari byinshi birengagije ku myemerere Abanyarwanda bari bafite agasaba abakiri batoya kujya bamenya amateka bagasura ingoro ndangamuco Atari ukwimara amatsiko ahubwo bagamije kumenya no gusobanukirwa Umunyarwanda wa kera uko yari abayeho. Mu kiganiro kirambuye Umuseke wagiranye na Padiri Rugengamanzi tariki […]Irambuye

Ibikorwa byawe ni byo bigaragaza Umukristo uri we

Kugira ngo twitwe Abakristo ni uko tuba twarizeye Imana binyuze mu Mwami wacu Yesu Kristo kuko ni we uduha ubwo bushobozi [Yohana14:12] Abandi bantu bafite uburyo bizera Imana bitanyuze muri Yesu Kristo; ubwo na bo bafite uko bitwa. Ariko umuntu uwo ari we wese witwa Umukristo; ni uko aba yizera Imana binyuze mu mwami Yesu Kristo. […]Irambuye

en_USEnglish