Tags : Inteko Nshingamategeko

​Turifuza ko raporo yo kurwanya ruswa 2017 u Rwanda ruzaza

Kuri uyu wa gatanu, mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko harabera inama nyunguranabitekerezo  ku “guhangana na ruswa, inzitizi zikigaragara, n’ingamba zafatwa”. Afungura iyi nama Perezida w’Inteko Nshingamategeko umutwe w’Abadepite, Hon. Donatille Mukabalisa yasabye Abanyarwanda bose gusenyera umugozi umwe mu kurwanya ruswa, ngo u Rwanda rurifuza kuzaba ku isonga mu bihugu byarwanyije ruswa muri 2017. Iyi nama […]Irambuye

Abadepite basabye ko imyandikire y’ingingo z’itegeko rishyiraho ikigo CESB zinozwa

Abadepite bagize Komisiyo y’Uburezi, Ikoranabuhanga, Umuco n’Urubyiruko, basabye abahagarariye Guverinoma basobanura itegeko rishyiraho ikigo gishinzwe Iterambere ry’Ubushobozi n’Umurimo (CESB) ngo gusubira mu biro bakanoza imyandikire y’ingingo zimwe na zimwe zigize iritegeko, nubwo abadepite bavuga ko bamaze kwmeranya na Guverinoma ku mushinga w’itegeko rishyiraho iki kigo. Kuri uyu wa Mbere iyi komisiyo yakomezaga kwiga ku mushinga […]Irambuye

Inzu bavuga ko ari ‘affordable’ natwe ntitwazigondera – Abadepite

Mu biganiro nyunguranabitekerezo ku ngengo y’Imari y’imyaka itatu ya Minisiteri y’Ibikorwa remezo, abadepite babajije abayobozi b’iyi Minisiteri icyo ikora kugira ngo inzu byitwa ko ari iza make ‘affordable houses’ ziboneke, ndetse bamwe bavuze ko izo nzu mu Rwanda zidashobora kuboneka mu gihe bigikorwa uko bimeze uku. Muri ibi biganiro byari byitabiriwe n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe […]Irambuye

Mu ngendo z’Abadepite mu cyaro basanze isuku nke n’imirire mibi

*Abadepite basanze abaturage bakirarana n’amatungo. *Kutiga neza no kudakurikirana imishinga bihombya Leta. Kuri uyu wa gatanu inteko ishingamategeko umutwe w’abadepite, bamuritse raporo ikubiyemo ibyo babonye mu ngendo bakoreye mu turere twose tw’igihugu. Izi ngendo zari zigamije kwegera abaturage bagenzura isuku n’imirire no gukurukirana ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga itandukanye ifitiye abaturage akamaro mu turere. Izi ngendo […]Irambuye

Ingingo ya 101 yavuguruwe: aho kuba imyaka 7 igirwa 5

Update 15h30PM: Ingingo ya ‘101’ ivuga ku mubare wa manda z’Umukuru w’Igihugu, mu mushinga w’itegeko nshinga umaze gutorwa n’Inteko Nshingamategeko umutwe w’abadepite, yavuguruwe aho kuba manda y’imyaka 7, Perezida azajya atorerwa manda y’imyaka 5 ishobora kongera kwiyamamarizwa rimwe. Visi Perezida w’Inteko umutwe w’Abadepite, Ikimanimpaye Jeanne d’Arc, yasbye ko akajambo ‘Gusa’ kasozaga inyuma kavaho kuko ngo […]Irambuye

‘Kamarampaka’ ku Itegeko Nshinga, Inteko izabyemeza cyangwa ibihakane muri Kamena

Perezida wa Sena, Bernard Makuza aratangaza ko inteko rusange izafata icyemezo ku gukoresha ‘KAMARAMPAKA’ abaturage ku bijyanye no guhindura ingingo ya 101 y’Itegeko Nshinga ibuza Umukuru w’igihugu kurenza manda ebyiri ari ku butegetsi, mu gihembwe cy’Inteko gisanzwe kizatangira mu kwezi kwa Kamena 2015. Makuza yabibwiye abaturage bari bazanye amabaruwa 251,966 ku wa kane tariki 21 Gicurasi […]Irambuye

Imiryango irafunguye ku bifuza ko Itegeko Nshinga ridahinduka – Hon.

Mu kiganiro “Urubuga rw’Itangazamakuru” gitambuka ku maradiyo atandukanye ya hano mu Rwanda arimo na Isango Star ari yo ikiyobora, kuri iki cyumweru Senateri Tito Rutaremara wari mu batumiwe yavuze ko ntawashyikirije Inteko Ishinga Amategeko  icyifuzo cyo kudahindura Itegeko Nshinga ngo asubizwe inyuma. Ni mu kiganiro cyari kigamije gusesengura ku busabe bukomeje gushyikirizwa Inteko Nshingamategeko abaturage […]Irambuye

Mushikiwabo afite ikizere cy’akazi mu mishinga y’u Rwanda, Kenya na

Mu rwego rwo gutegura inama y’abakuru b’ibihugu bigize inzira y’ibicuruzwa yo mu muhora wa Ruguru (Northern Corridor) ugizwe n’u Rwanda, Uganda na Kenya izabera i Kigali tariki ya 7 Werurwe 2015, Minisitiri Louise Mushikiwabo n’abandi baminisitiri ku mugoroba wo kuri uyu wa 03 Gashyantare 2015 bagaragarije abadepite b’u Rwanda akamaro imishinga ya gariyamoshi n’uw’ibitembo bya […]Irambuye

en_USEnglish