Tags : Ingabire Marie Immaculee

Rwanda: Abahanzi ngo nibareke ibihangano bitesha agaciro abagore

*Hanenzwe zimwe mu ndirimbo zabo zigaragaramo abakobwa bambaye ubusa, * Indirimbo “Ikiryabarezi” yatunzwe urutoki na nyirayo ahari *Hamwe na GMO biyemeje kwimakaza ihame ry’uburinganire,… Uyu munsi, mu kiganiro nyunguranabitekerezo cyahurije hamwe abahanzi mu mpano zitandukanye, abakora mu rwego rwa Sport, Abanyamakuru n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura ihame ry’Uburinganire (GMO), bimwe mu bihangano by’abahanzi byatunzweho agatoki gutesha agaciro […]Irambuye

Ntawe ukwiye kwitwaza ubukene…Ntawe udakennye na Leta ni inkene -Ingabire

Umuyobozi w’Umuryango urwanya ruswa n’akarengane mu Rwanda, Transparency International Rwanda Ingabire Marie Immaculee avuga ko ntawe ukwiye gushakira impamvu yishora mu bikorwa bitemewe n’amategeko nka Ruswa cyangwa ibindi bigayitse ngo avuge ko abiterwa n’ubukene. Ati “ …Ntawe udakennye, na Leta ni inkene.” Yavugaga kuri raporo ya Transparency International yasohowe kuri uyu wa 25 Mutarama igaragaza uko […]Irambuye

T.I-Rwanda yishimiye ko abakekwaho ruswa muri Siporo y’u Rwanda barimo

Ikigo mpuzamahanga gishizwe kurwanya ruswa n’akarengane “Transparency Internatinal-Rwanda” kinejejwe n’uko ubutabera bw’u Rwanda bwatangiye gucukumbura ukuri kuri ruswa ivugwa muri Siporo y’u Rwanda. Imikino, by’umwihariko umupira w’amaguru ni igice kidakunze kugenzurwa cyane n’ubutabera busanzwe, na za Guverinoma, ari nayo mpamvu bivugwa ko ruhago ku Isi ari indiri y’abaryi ba ruswa, kuko badakurikiranwa. Mu Rwanda, naho […]Irambuye

2015 Report: u Rwanda ni rwo rutarimo ruswa nyinshi muri

*Kuri Ingabire Marie Immaculee umuyobozi wa TI-Rwanda, agatambwe katewe ni gato, haracyari inzira ndende mu kurwanya ruswa, *Igihugu cya Denmark ni icya mbere ku Isi mu bitabamo ruswa, ngo n’u Rwanda uwo mwanya rwawugeraho, *Ubu bushakashatsi bukorwa hagendewe ku bindi byegeranyo no ku buhamya bw’abashoramari Icyegerenyo mpuzandengo cya 2015 ku buryo abantu bumva ruswa mu […]Irambuye

Police n’inzego z’ibanze niho hagaragaye ruswa cyane mu 2015 –

*Umuntu umwe kuri batanu babajijwe avuga ko yasabwe ruswa *Ruswa mu Rwanda iri ku gipimo cya 16% *Police n’inzego z’ibanze iri kuri 42% Umuryango mpuzamahanga utagengwa na Leta urwanya ruswa, Transparency International-Rwanda, wamuritse ibyo wabonye mu bushakashatsi ngarukamwaka bwerekana urwego ruswa ihagazeho mu gihugu, muri Police no mu nzego z’ibanze niho yagaragaye kurusha ahandi. Uko […]Irambuye

Miliyoni zirenga 400 zanyerejwe n’abayobozi b’ibigo by’amashuri bitarenze 70

*Muri miliyari imwe Leta yatanze miliyoni 400 zarabuze *I Rusizi abayobozi b’amashuri banditse abanyeshuri n’abarimu ba baringa *Amafaranga anyerezwa ni imisoro y’abaturage agenewe kuzamura ireme ry’uburezi Mu  gikorwa cyo guhemba  ibigo by’amashuri byakoresheje neza ingengo y’imari bigenerwa , imitwaririre no gutsindisha neza muri rusange, umuryango utegamiye kuri Leta ushinzwe kurwanya ruswa n’akarengane Transparency International Rwanda […]Irambuye

“Sinshyigikiye itegeko ryo gukuramo inda,” Ingabire Marie Immaculée

Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, Mme Ingabire Marie Immaculée yatangarije abari mu birori byo gutangiza ubukangurambaga bugamije kumenyesha abaturage akamaro k’Umuryango wa Africa yunze Ubumwe (AU), no kubereka uruhare bagira mu gutuma amasezerano asinywa n’u Rwanda n’ibindi bihugu, “My African Union Campaign”, ko adashyigikiye itegeko ryo gukuramo inda ku bakobwa n’abagore babyifuza. Ku mugoroba wo […]Irambuye

en_USEnglish