Tags : H.E Paul Kagame

P. Kagame wemejwe guhagararira RPF ati “Aha mpanyuze kenshi ariko

*Arifuza ko igituma ahora asabwa kuyobora cyabonerwa igisubizo, *Arashishikariza urubyiruko kwinjira muri politiki, *Avuga ko yizeye intsinzi…Ngo mu myaka irindwi nta kujenjeka… Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame wari umaze kwemezwa n’umuryango wa RPF-Inkotanyi kuzawuhagararira mu matora y’Umukuru w’igihugu, yavuze ko asabwe kenshi gukomeza guhararira uyu muryango ariko ko ababimusabye bagomba kumufasha kugera ku […]Irambuye

Guteza imbere imikino: P. Kagame ati “N’umupira w’amaguru ntabwo ndaheba”

*Abashinzwe gutera inkunga abafite impano batabikora: Ati “ Izi nzego ndaza kuzimerera nabi” *Yababajwe n’uko mu basohokera igihugu, abayobozi baruta abakinnyi, *Mu mukino w’amagare, yanenze abasoresheje ibikoresho byari bizaniwe abakinnyi… Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yaganiriye n’intore zatorejwe mu byiciro bitatu birimo iby’abahanzi, Abanyamakuru, n’abo mu nzego za Sport, yashimiye abafite impano bakomeje […]Irambuye

Kaboneka arasaba abayobozi b’Inzego z’ibanze kurebera kuri Perezida Kagame

Mu nama y’inteko rusange y’umugi wa Kigali yahuje abayobozo bo mu nzego z’ibanze, kuri uyu wa 29 Kanama, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, Francis Kaboneka yasabye aba bayobozi gutega amatwi abo bayobora bagakemura ibibazo byabo nk’uko umukuru w’igihugu cy’u Rwanda abigenza. Kaboneka yanasabye Njyanama kujya begera abaturage bakumva ibibazo bafite kugira ngo bishakirwe umuti mu maguru mashya. Ati […]Irambuye

Ba Perezida Magufuli, Mu7, Seretse na Desalegn bagiye kuza mu

Abakuru b’ibihugu barimo Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, Yoweri Museveni wa Uganda, Dr John Pombe Magufuli na Seretse Khama Ian Khama wa Botswana, bari ku rutonde rw’abakuru b’ibihugu na Guverinoma bemejwe ko bazitabira inama ya ‘Global African Investment Summit’ izabera I Kigali ku italiki ya 05 na 06 Nzeri 2016. Iyi nama izahuza abayobozi b’ibigo […]Irambuye

P.Kagame asanga ibibazo abaturage bamugezaho bigaragaza icyuho mu buyobozi (Amafoto)

Karongi – Aganira n’abaturage ba Karongi kuri uyu wa kabiri, Perezida Kagame yababwiye ko bagomba guhindur aimyumvire bakagira imikorere yihuta iganisha ku majyambere. Muri uku kubonana n’abaturage akaba yumvise ibibazo by’abaturage asiga hari bimwe ashinze abayobozi gukemura. Byinshi mu byo bamubajije bishingiye ku mitungo. Perezida yanenze ko ibibazo nk’ibi bimugeraho bigaragaza icyuho hagati y’abaturage n’abayobozi. […]Irambuye

Umunsi w’umugore usanze u Rwanda ruyoboye ibihugu

Mu cyegeranyo cyakozwe n’ikinyamakuru Forbes cyo muri America kigaragaza ko u Rwanda ruri ku isonga mu kugira abagore benshi mu Nteko Nshingamategeko ku isi, ku gipimo cya 63,8% mu gihe habura iminsi mike ngo hizihizwa umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore. Forbes ivuga ko mu gihe Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Umugore wizihizwa kuri iki cyumweru tariki 8 Werurwe, […]Irambuye

en_USEnglish