Tags : Gor Mahia

Tuyisenge yatsinze mu mukino wa Gor Mahia na Kakamega

Kenya – Rutahizamu w’Amavubi, Jacques Tuyisenge yatsinze igitego kimwe muri bitatu Gor Mahia yatsinze Kakamega Homeboyz. Uba umukino wa mbere iyi kipe itsinze muri uyu mwaka. Mu mukino wa mbere w’amarushanwa Jacques Tuyisenge yakiniye Gor Mahia, yawukinnye kuri uyu wa gatandatu. Uyu musore w’imyaka 24, yatanze umupira wavuyemo igitego cya mbere cya Enoch Agwanda ku […]Irambuye

Jacques Tuyisenge yakinnye umukino we wa mbere muri Gor Mahia

Kuva bamugura mu mezi abiri ashize yari atarikina kubera imvune ariko ubu rutahizamu Jacques Tuyisenge wa Gor Mahia yo muri Kenya yagarutse mu kibuga mu mukino wa gicuti ikipe ye yatsinze Uropa FC 4-0 kuri iki cyumweru. Jacques Tuyisenge wavuye muri Police FC, yakinnye umukino we wa mbere mu ikipe ye nshya, yaherukaga gukina tariki […]Irambuye

Jacques Tuyisenge agiye kugaruka mu kibuga muri iyi weekend

Uwari Kapiteni w’Amavubi mu mikino ya CHAN2016, Jacques Tuyisenge agiye kugaruka mu kibuga akinira umukino wa mbere ikipe ye nshya ‘Gor Mahia FC’ yo muri Kenya nyuma y’imvune ye yari yarabyukijwe n’imyiteguro ya CHAN. Jacques Tuyisenge, agiye kugaruka mu kibuga nyuma yo kwitabwaho bidasanzwe n’abaganga bo muri Kenya. Uyu musore w’imyaka 25, agiye gukinira umukino […]Irambuye

Jacques Tuyisenge yageze i Nairobi ahita yerekanwa muri Gor Mahia

Jacques Tuyisenge ni rimwe mu mazina y’abakinnyi 11 bashya ikipe ya Gor Mahia yatangaje, ni mu gihe batangazaga abakinnyi 23 bazakoresha muri uyu mwaka wa shampiyona no mu mikino mpuzamahanga bafite imbere, azajya yambara nimero icyenda. Yahise yerekanwa nk’umukinnyi mushya w’iyi kipe. Jacques Tuyisenge wari kapiteni w’ikipe ya Police FC, yaguzwe na Gor Mahia, imutanzeho […]Irambuye

Police FC yarekuye Jacques Tuyisenge ngo ajye muri Gor Mahia

Amakuru agera k’Umuseke aremeza ko ubuyobozi bwa Police FC bwemeranyijwe n’ikipe ya Gor Mahia kubaha umukinnyi Jacques Tuyisenge ngo ajye gukina muri shampionat yo muri Kenya. Iyi kipe yari imaze igihe kigera ku kwezi ishakisha uyu rutahizamu wamenyekaniye cyane muri Kiyovu. Umuseke wabashije kumenya ko uyu mukinnyi amasezerano ye yaguzwe 40 000$ kuko yari agifite […]Irambuye

AZAM FC bwa mbere mu mateka yayo yegukanye CECAFA Kagame

Ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya CECAFA y’amakipe yabaye aya mbere mu karere riterwa inkunga na Perezida Paul Kagame, kuri iki cyumweri ikipe ya AZAM FC yo muri Tanzania niyo yaryegukanye itsinze Gor Mahia yo muri Kenya ku bitego bibiri ku busa. Iyi kipe nibwo bwa mbere yegukanye iri rushanwa. AZAM FC ya Mugiraneza Jean […]Irambuye

Abouba na Makezi basinye muri Gor Mahia baguzwe 37 000U$

16 Mutarama 2015 – Karim Nizigiyimana bita Makenzi na Abouba Sibomana, ba myugariro babiri bari ab’ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa gatanu basinye amasezerano y’imyaka ibiri yo gukina mu ikipe ya Gor Mahia muri Kenya baguzwe bombi 37 000USD nk’uko byemezwa n’ikipe ya Rayon Sports yamaze no kubaha inzandiko zo kubarekura. Umuvugizi w’ikipe ya […]Irambuye

CECAFA: APR FC bitoroshye nayo yabonye tike ya 1/4

Kuri Stade ya Kigali i Nyamirabo kuri uyu wa 15 Kanama 2015 APR FC yabashije kubona ticket yo gukomeza muri 1/4 cy’amarushanwa ya CECAFA Kagame Cup 2014 bitoroshye kuko yanganyije na Gor Mahia ibitego 2 – 2. Vital’o ifite iki gikombe yasezerewe rugikubita, Gor Mahia nayo yahise isezererwa none. APR FC yasabwaga gutsinda uyu mukino […]Irambuye

en_USEnglish