Tags : FARG

Bwa mbere Imena zibutse Abatutsi bishwe bajugunywa ahatazwi

Umuryango w’abarokotse Jenoside basigaye ari umwe iwabo, IMENA, bwa mbere bibutse Abatutsi bishwe muri Jenoside yabakorewe bakajugunywa ahantu hatazwi, ibi bakoze ngo ni igikorwa cy’ubutwari kigomba gushyigikirwa kikazahora kiba buri mwaka. Uyu muhango wabaye kuri uyu wa gatandatu, utangizwa n’igitambo cya misa cyabereye mu Kigo cya St Paul mu mujyi wa Kigali, nyuma hakurikiraho urugendo […]Irambuye

Kibungo: AERG INATEK yaremeye imiryango ibiri amabati n’ibiribwa

Mu rwego rwo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, ku wa gatanu, abanyeshuri biga muri kaminuza ya Kibungo (INATEK) bibumbiye mu muryango wa AERG batanze amabati n’ibiribwa ku miryango itishoboye ibiri ituriye hafi y’aho biga. Ubuyobozi bwa AERG INATEK buvuga ko ibikorwa byabo bitarangiriye aho ngo kuko bamaze kwiyubaka aho bigejeje bagomba […]Irambuye

FARG yanenzwe kudakurikirana neza ibikorwa by’abo ishinzwe

Kuri uyu wa kane tariki 16 Ukwakira 2014, abayobizi b’Ikigega gifasha abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi batishoboye (FARG) bisobanuye imbere ya Komisiyo y’abadepite bashinzwe gukurikirana ikoreshwa ry’umutungo wa Leta (PAC) ku amakosa 11 yo kudakurikirana neza ibikorwa ikorera abarokotse nk’uko byagaragajwe na Raporo y’Umugenzuzi w’Imari ya 2012-13. Iyo raporo yagaragaje amakosa (ibibazo) 11 […]Irambuye

FARG yemeye raporo y’Umuvunyi ku mikoreshereze mibi y'inkunga ku barokotse

Raporo y’Umuvunyi  mu bushakashatsi yakoze muri 2012-2013 ,yagaragaje imikorere idahwitse y’Ikigega cya Leta gishinzwe gutera inkunga abatishoboye barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu       mwaka  wa 1994. Kuri uyu wa 26 Werurwe ubuyobozi bw’iki kigega buremeranya na bimwe mu bikubiye muri iyi raporo n’ubwo ngo byabaye mu myaka ya 2006-2006-2008, igihe cy’ubuyobozi butariho ubu. Theophile Ruberangeyo  umuyobozi […]Irambuye

FARG na MINALOC bavuguruje raporo y’Umuvunyi

Ubuyobozi bw’ikigega cy’igihugu gishinzwe gufasha abarokotse Jenoside batishoboye FARG  n’ubwa Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu MINALOC kuri uyu wa gatunu tariki ya 21 Werurwe ubwo bari imbere ya Komisiyo ya Politiki , uburinganire n’ubwuzuzanye bw’abagore n’abagabo mu iterambere ry’igihugu bisobanura  ku mikoreshereze mibi y’umutungo wa Leta  nk’uko byagaragajwe na raporo y’Umuvunyi 2012-2013 bagaragaje ko batemera ibikubiye muri […]Irambuye

en_USEnglish