Tags : Egypt

Amateka ya za pyramids zaranze ubuhangange bwa Misiri ya kera

Ni zimwe mu nyubako za kera zikiriho kandi zubakanywe ubuhanga bwo ku rwego rwo hejuru. Uretse kuba ari nini mu bugari no mu burebure ngo zikoranye n’ikoranabuhanga mu myubakire (construction engineering) ryo ku rwego rwo hejuru. Pyramids zo mu Misiri zimaze imyaka ibihumbi bine ziriho kandi ziracyakomeye. Nubwo hubatswe nyinshi, izizwi cyane kubera uburebure n’ubunini bwazo […]Irambuye

Egypt: Urukiko rwavanyeho igihano cy’urupfu cyahawe Perezida Mohamed Morsi

Urukiko rusesa imanza mu Misiri rwategetse kuri uyu wa kabiri ko igihano cy’URUPFU cyari cyakatiwe uwahoze ari Perezida Mohammed Morsi wo mu Ishyaka ry’Abavandimwe ba Kisilamu (Muslim Brotherhood Party) kivanwaho, urubanza rukongera kuburanishwa mu bushya. Mohammed Morsi yakatiwe iki gihano cyo kwicwa muri Kamena 2015, kubera uburyo hafunzwe abantu benshi nyuma y’imvururu zakurikiye ihirikwa ku […]Irambuye

Abo mu Misiri bavanye mu Iserukiramuco na FESPAD isura nshya

Mu gusoza Iserukiramuco ku mbyino gakondo zijyanye n’umuco wa Africa, abo mu Misiri bavuze ko kuza mu Rwanda byabafashije kumenya ko hari ahandi hateye imbere bibakuramo isura mbi bari bafite kuri Africa. Iri Serukiramuco ryagiye rihuzwa n’umuganuro ryasorejwe i Nyanza mu birori byasojwe n’igitaromo cy’inkera ‘Nyanza Twataramye’. Mohsin Sulaiman umwe mu bagize itorero ryavuye mu […]Irambuye

I Kayonza nubwo havugwaga inzara ntibyabujije Umuganura na FESPAD kuhabera

Ku munsi wa gatatu iserukiramuco nyafurika mu mbyino z’umuco wa Kinyafurika yabereye mu karere ka Kayonza, binajyanirana n’umuganura, aho Minisitiri w’Umuco Nasiporo, Uwacu Julienne yavuze ko kuba bamwe baravugaga ko umuganura utazashoboka i Kayonza ariko ukaba wabaye ari ikimenyetso koIntara y’Uburasirazuba ifite ubuzima. Akarere ka Kayonza ni kamwe mu turere twugarijwe n’amapfa mu minsi ishize […]Irambuye

Bulgaria: Umusinzi yabeshye indege ko itezemo igisasu ihita igwa by’igitaraganya

Indege yavaga Warsaw muri Polonye yerekeza Hurghada mu Misiri byabaye ngombwa ko igwa by’igitaraganya ku kibuga cy’indege cya Burgas muri Bulugariya kubera amakuru y’ibihuha yatanzwe n’umugenzi wari uyirimo waje kwemerera Polisi ko yari yasomye agacupa. Indege ubusanzwe ifite ubushobozi bwo gutwara abantu 161 ngo yahagurutse muri Polonye nta makuru ku gisasu yaba yayitezwemo ahari. Ariko […]Irambuye

Indege y’Uburusiya yaguye muri Sinai yahitanye 224 bari bayirimo bose

Kuri uyu wa gatandatu tariki 31 Ukwakira, indege y’ikigo cy’ingendo cy’Uburusiya KGL9268 yakoreye impanuka muri Sinai mu Misiri ihitana abantu 224 bari bayirimo nta n’umwe urokotse. Imitwe yitwaje intwaro ikorana n’umutwe w’iterabwoba uzwi nka ‘Leta ya cy’Islam’ yigambye ko ariyo yayimanuye amakuru ariko yamaganwe na Leta ya Misiri n’Uburusiya. Amakuru yatanzwe na Leta ya Misiri […]Irambuye

Egypt: Umwarimu arashinjwa gukubita umunyeshuri kugeza apfuye

Mu mujyi wa Cairo, umwana w’umuhungu yitabye Imana nyuma yo gukubitwa bikomeye na mwarimu nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Uburezi muri icyo gihugu. Uyu mwana w’imyaka 12 y’amavuko yitabye Imana ku cyumweru nyuma yo kuba yari yakubiswe bikomeye na mwarimu we ku wa gatandatu nk’uko byatangajwe. Mu Misiri ngo hatangiye iperereza kugira ngo uburyo uwo mwana […]Irambuye

en_USEnglish